Perezida wa Sudani, Omar al Bashir, ushakishwa n’Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha (ICC) ku byaha akekwaho by’intambara, yatumiwe na Arabia Soudite mu nama Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika...
Umuyobozi mukuru wa Authentic Word Ministries na Zion Temple Celebration Center Intumwa ( Apostle ) Dr. Paul Gitwaza yirukanye k’umugaragaro Bishop Dieudone Vuningoma , Bishop Bienvenue Kukimunu...
Uyu ni Muganga Umuhizi Denis wahuguriwe kuvura indwara ya kanseri Gilbert
Ibitaro bya Butaro nibyo bitaro bikuru bivura indwara ya kanseri mu Rwanda, biherereye mu karere ka Burera mu ntara y’...
Kuri uyu wa Kabiri urukiko rw’ubujurire mu gihugu cya Uganda rwatesheje agaciro ugutorwa kw’umwuzukuru wa Idi Amin witwa Taban Amin, mu nteko ishinga amategeko nk’umudepite uhagarariye Kibanda...
Uwahoze ari Perezida wa Tanzaniya, Jakaya Kikwete yatangaje ko inshingano zo kuyobora igihugu zitamwemereraga gukora ibindi ashatse byose gusa ubu ngubu kuba ari mu kirihuko cy’izabukuru bituma...
Abaturage b’akarere ka Burera by’umwihariko abatuye hafi y’ikirunga mu gace k’amakoro baravuga ko bugarijwe n’umwanda uterwa n’ubwiherero bwubatswe nabi kubera ubutaka bugufi mu bujyakuzimu.
Nk’uko...
Mu gihe dusigaje amezi 12 kugira ngo twihere ijisho igikombe cy’isi kizabera mu Burusiya mu mwaka utaha wa 2018 kuri ubu ikigezweho ni irushanwa rigiye guhuza amakipe yatwaye ibikombe kuri buri...
Thabo Mbeki wabaye Perezida wa Afurika y’Epfo ari mu bihangange byavutse kuri iyi taliki
Turi tariki ya 18 Kamena, ni umunsi w’169 mu minsi igize umwaka, hasigaye iminsi 196 uyu mwaka ukagera ku...
Nitwa Manzi Golden, ndi umusore w’imyaka 25 y’amavuko. Navukiye mu cyahoze ari komini Musambira ubu hakaba ari mu karere ka Kamonyi. Mu by’ukuri nashimishijwe cyane n’uru rubuga mwaduhaye aho...
Mu byaranze uyu munsi mu mateka harimo, ivumburwa ry’ikibuye cyagwiriye isi cya Eureka ndetse n’ivuka ry’ikirangirire mu mupira w’amaguru. Turi ku wa ka Kabiri tariki ya 20 Kamena, ni umunsi w’171 mu...
Nubwo italiki imikino ya Zone v izatangirira itaramenyekana ,ikipe y’igihugu imaze Ukwezi kurenga yitegura iyi mikino aho kuri uyu wa kabiri hahamagawe abakinnnyi 18 bagomba kuzakurwamo 14...
Kuri sitasiyo ya Polisi ya Gakenke, hafungiye abagabo babiri bafatanywe ibicuruzwa bitemewe birimo n’imiti ya magendu mu mukwabu wakozwe na Polisi ihakorera mu gitondo cyo kuri uyu wa gatanu...
Kuwa Kane w’iki cyumweru ingabo za Kongo zagabweho igitero n’imitwe yitwaje intwaro. Ibi byabereye mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.
Ingabo za FARDC zikorera mu gace bita Kalau, hafi y’umujyi wa...
Turi ku cyumweru tariki ya 25 Kamena, ni umunsi w’176 mu minsi 365 igize umwaka. Iminsi 189 niyo isigaye ngo uyu mwaka ugera ku musozo. Kuri iyi tariki muri 2015, Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame...
Perezida Paul Kagame yavuze ko inzego zitandukanye zaba iza Leta n’abikorera zigomba gushakira umuti ikibazo cyo gutinda kwishyura abaturage mu gihe hari imirimo bakoreshwejwe, kuko usanga hari...