Perezida wa Eritrea, Isaias Afwerki, yatangaje ko intambara u Burusiya buri guhanganamo na Ukraine yaturutse ku bushotoranyi bwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, kuko icyo gihugu kidashaka kwemera...
Muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, abantu barindwi barasiwe mu gitero cyabereye ku ishuri riri Richmond, mu ntara ya Vilginia,mu birori byo gutanga impamyabumenyi(graduation), babiri muri bo...
Ubushinjacyaha bwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika bwamenyesheje Donald Trump wahoze ayobora icyo gihugu ko ari gukorwaho iperereza rishobora gukurikirwa n’ikirego, ku nyandiko z’amabanga ya Leta...
Umukinnyi wa filime nyarwanda Mutoni Assia , yibarutse umwana w’imfura, yabyaranye n’umugabo we Uwizeye Mohammed babana muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika.
Kuri uyu wa mbere tariki ya 19 Kamena...
Perezida Joe Biden wa Leta z’Unze Ubwumwe za Amerika yatangaje ko hagomba kugira igikorwa mu kurwanya ikoreshwa ry’intwaro mu buryo bunyiranyije n’amategeko,’ gun violence’ rikomeje gutwara ubuzima...
Inshuti n’umuryango w’ Umuhanzi wamamaye mu Karere ka Afurika y’Iburasirazuba, Joseph Mayanja uzwi cyane ku izina rya Dr Jose Chameleone , urembeye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika uri kumusabira...
Nyuma y’iminsi ine y’ibiganiro n’abategetsi b’Ubushinwa, ministri w’imali wa Leta zunze ubumwe z’Amerika, Janet Yellen, yatangaje ko ibiganiro bagiranye byatanze...
Kuri iki Cyumweru nibwo Perezida wa America, Joe Biden yageze mu Bwongereza, akaba ari i Burayi yitegura inama y’umuryango wa Nato/OTAN izabera muri Lithuania muri iki...
Korea ya Ruguru yarashe igisasu cyambukiranya imigabane (intercontinental ballistic missile, ICBM), nk’uko byemejwe n’abayobozi b’Ubuyapani na Korea y’Epfo.
Minisiteri y’itangazamakuru muri Somalia yatangaje ko mu gikorwa igisirikare cyafatanyijemo n’ingabo za Amerika bishe abaterabwoba bagera ku 100 ba al-Shabaab kuri uyu wa Gatatu ushize mu gihugu...
Umunyapolitiki Raila Odinga utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Kenya yasabye Ambasaderi wa Leta zunze za Amerika (USA), Meg Whitman, gufunga umunwa, amubwira ko igihugu cyabo kitari mu...
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangaje ko zafatiye ibihano abantu batandukanye, zikabashinja kugira uruhare mu kwenyegeza amakimbirane mu burasirazuba bwa Congo ndetse no guhonyora uburenganzira...
Ku mugoroba wo ku Cyumweru tariki 27 Kanama 2023, nibwo Christopher yahagurutse ku kibuga cy’indege cya Kigali i Kanombe, yerekeje muri Amerika aho agiye gukorera ibitaramo bizazenguruka muri Leta...
Itangazamakuru ryo mu Burengerazuba bw’Isi ryavuze ko Perezida wa Koreya ya ruguru Jim Jong Un yafashe gari ya moshi imujyanye mu Burusiya kuganira na mugenzi we Vladmin...
Leta Zunze Ubumwe za Amerika yaraye itangaje ko yafatiye ibihano abantu batandukanye bo hirya no hino ku Isi, barimo umuvugizi w’Igisirikare cy’umutwe wa M23, Major Willy...
Ku Cyumweru, tariki 17 Ukuboza 2023, ubwo Perezida wa Amerika, Joe Biden, yavaga ku biro bishinzwe gukurikirana ibikorwa bye byo kwiymamaza muri Leta ya Delaware, imwe mu modoka yari iri mu...
An American Catholic priest who was freed from ISIS by Kurdish fighters in May, revealed for the first time that he had hidden his Bible in his anal cavity for more than 38 months to save it from...
Rutahizamu wa Argentina na FC Barcelona,Lionel Messi yatangaje ko azagaruka mu ikipe y’igihugu mu mpeshyi ubwo izaba yerekeje mu mikino ya Copa America iteganyijwe kubera mu gihugu cya...
Umukobwa wa Paul Rusesabagina, Carine Kanimba wakunze kwemeza ko u Rwanda ruzarekura umubyeyi we kubera igitutu ruzakomeza gushyirwaho n’amahanga, yavuze ko kuri we iki cyizere...
Umuhanzikazi Katy Perry akomeje gukora udushya dutandukanye mu irushanwa ry’umuziki rya American Idol
Katy Perry yatunguranye aca i Pantalo yari yambaye ahenera abantu bose bari aho...
Nearly half of Americans believe that aliens have visited the Earth, according to a survey. Drake’s equation explores the chances of detectable extraterrestrial civilizations using seven...
Rutahizamu Neymar Jr wa PSG yambuwe igitambaro cy’ubukapiteni mbere y’uko Copa America itangira,gihabwa mugenzi we Dani Alves kubera imyitwarire mibi yagiye ahanirwa n’umutoza we...
Abanyamakuru b’imikino bo muri Amerika y’Amajyepfo bibasiye cyane kubera ko atagikunda kugaragara mu batsinda ibitego mu ikipe ya Argentina mu mikino ya Copa America 2019 aho bavuze ko icyo afasha...