skol
Kigali

Search: Amerika (6682)

Ethiopia igiye gufungura imfungwa ibihumbi 10 kubera igitutu cy’ amahanga

Leta ya Ethiopia yatangaje ko igiye kurekura imfungwa zigera ku bihumbi 10 zifunze kuva hatangazwa ibihe bidasanzwe muri icyo gihugu bigikomeza kugeza na n’ubu, gusa irateganya kujyana mu rukiko...
24 December 2016 389 0

‘Kuririmba ngo wagize Noheli hari umuturanyi wishwe n’ inzara ntabwo byaba ari byiza’ Madamu wa Perezida...

Umufasha wa Perezida w’ u Burundi arasaba Abantu kubabarirana. Ikindi ngo muri iyi minsi mikuru isoza umwaka ibyo batunze bakwiye kubisangira n’ abakene. Ibi Denise Nkurunziza yabitangaje mu...
24 December 2016 2801 0

Byinshi utari uzi ku muhanzi nyarwanda waririmbye indirimbo nka ‘Ansila’ n’ izindi

Ngabonziza Augustin uzwi cyane nka Ngabo, yaririmbye muri Orchestre Les Citadins ndetse na Irangira akaba yarakoze indirimbo zakunzwe cyane ndetse n’ubu zigikunzwe nka Ansila, Nkumi nziza, Sara,...
24 December 2016 3426 0

Wizkid agiye gutaramira muri Uganda nyuma yo gushyirirwaho impapuro zimuta muri yombi

Ayodeji Ibrahim Balogun [Wizkid] arataramira mu gihugu cya Uganda mu ntangiriro za 2017. Ni nyuma y’uko ashyiriwe impapuro zo kumuta muri yombi ashyinjwa ubuhemu n’ubwambuzi ku munota wa nyuma...
28 December 2016 94 0

Rihanna yafuhiye urukundo rwa Drake na Jennifer

Rihanna yahagaritse gukurikirana Jennifer Lopez ku rubuga rwa Instagram aramushinja kumutwara uwahoze ari umukunzi we, Drake. Ibi bibaye nyuma y’uko ikinyamakuru Tmz cyanditse ko Drake ari mu...
28 December 2016 414 0

The Ben uri mu Rwanda, ’Habibi’’ yujuje Miliyoni imwe y’abayirebye

Mugisha Benjamin benshi bazi nka The Ben uri kubarizwa mu Rwanda nyuma y’imyaka itandatu akorera umuziki muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Indirimbo ye ’Habibi’ aherutse gushyira hanze yujuje...
29 December 2016 307 0

Perezida Kagame yahâaye abakinnyi b’amagare imodoka yari yarabemereye

Perezida wa Pebubulika y’ u Rwanda Paul Kagame yamaze gushyikiriza ishyirahamwe ry’umukino wo gusiganwa ku magare (FERWACY) amafaranga yo kugura imodoka yabemereye nyuma y’ uko bitwaye neza muri...
29 December 2016 4534 0

Ibintu 5 Obama yakoze agamije kunaniza Trump

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ucyuye igihe, Barack Obama asigaje igihe kitageze ku kwezi ngo yimukire Donald Trump muri White House. Obama na Trump ntibumvikana ku bintu bitandukanye...
29 December 2016 2445 0

Perezida Kagame na Kenyatta mu bazitabira inama mpuzamahanga y’ Ubuhinde

Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame na mugenzi we wa Kenya Uhuru Kenyatta ni bamwe mu bayobozi bakuru bazitabira inama mpuzamahanga ku kwagura ishoramari ry’ igihugu cy’ Ubuhinde. Iyi nama yiswe...
29 December 2016 467 0

Radio ya ADEPR yatangiye kumvikana ku murongo wa FM by’ igeragezwa

Kuri uyu wa 29 Ukuboza 2016, ahagana mu masaha ya saa kumi nibwo Radio y’ itorero rya ADEPR yatangiye kumvikana ku murongo wa FM 96.00 Ibi bibaye mu gihe iri torero ryari rimaze igihe rivuga ko...
29 December 2016 2288 0

Buri mwaka ugira ibibazo n’amahirwe byawo-Perezida Kagame

Perezida Paul Kagame yavuze uyu mwaka wa 2016 u Rwanda rwabashije kurenga imbogamizi rwari rufite zigahinduka ibisubizo, aboneraho kwifuriza abayobozi mu nzego zitandukanye n’imiryango yabo...
31 December 2016 390 0

Iraq: Ibitero by’ abiyabuhuzi byahitanye 25 bikomerekeramo benshi

Abategetsi ba Iraq batangaza ko bombe ebyiri zaturikiye hagati mu murwa mukuru Baghdad tariki 31 Ukuboza 2016 zatwaye ubuzima abagera kuri 25. Leta ya Iraq yatangaje ko ibi bitero...
1 January 2017 309 0

Itangazamakuru ryahejwe mu muhuro wa The Ben n’abafana

Mugisha Benjamin benshi bazi nka The Ben wari umaze imyaka itandatu aba muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yagarutse mu Rwanda mu cyumweru gishije aho yaje kwitabira igitaramo cya East African...
1 January 2017 1816 0

[Mu mafoto]: Uko byari byifashe muri bimwe mu byamamare muri ruhago birimo Cristiano na Messsi bishimira umwaka wa...

Abakinnyi ba ruhago kimwe n’abandi bantu ku isi bishimiraga ko umwaka urangiye bakaba batangiye undi, n’ubwo bamwe nko muri Espagne, Ubutaliyani, Ubufarabsa ndetse n’Ubudage bari babonye akaruhuko,...
1 January 2017 2404 0

Francois Hollande yijeje Isi ko bidatinze imitwe y’ iterabwoba izahinduka amateka

Perezida w’Ubufaransa Francois Hollande yatangaje ko Leta ya Kisilamu izakubitwa hasi mu minsi ir’imbere. Ibyo yabitangarije mu rugendo rw’umunsi umwe, yagiriye mu gihugu cya Iraki. Ni uru...
3 January 2017 465 0

Aline Gahongayire yahamije ko afitanye umubano mwiza na Gabriel batandukanye

Aline Gahongayire, umuhanzikazi mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana yatangaje ko ameranye neza n’umugabo we Gahima Gabriel batandukanye byeruye mu minsi ishize. Uyu muhanzikazi avuga ko...
4 January 2017 3457 0

Haïti yari imaze igihe kirenga umwaka itagira Perezida yamubonye

Muri Haïti, urukiko rugenzura amatora rwemeje ko umucuruzi Jovenel Moise ari we watorewe kuba perezida wa Repubulika. Itora ryabaye ku italiki ya 20 y’ukwa 11 gushize. Moise yatsinze n’amajwi...
4 January 2017 1415 0

Umunyarwanda ukekwaho kwiba arenga 3 Miliyoni agahungira Uganda yatawe muri yombi

Polisi ya Uganda yataye muri yombi inohereza mu Rwanda Umunyarwanda ukekwaho kwiba arenga miliyoni 3 mu karere ka Rusizi akajya kwihisha muri Uganda. Isaïe Hategekimana akurikiranyweho kwiba...
5 January 2017 1158 0

Perezida Kagame ategerejwe mu gihugu cy’u Buhinde ku butumire bwa Minisitiri w’Intebe

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda azitabira Ubutumire bw’igihugu cy’Ubuhinde guhera ku wa 09-12 Mutarama 2017. Biteganyijwe ko perezida Kagame azajyana n’itsinda ry’abarwiyemezamirimo bo mu Rwanda ku...
6 January 2017 590 0

Rose Muhando yahakanye yivuye inyuma ko akoresha ibiyobyabwenge

Rose Muhando wo muri Tanzania wamenyekanye cyane mu ndirimbo zihimbaza Imana aranyomoza ibyavuzwe bikanandikwa ko yaba akoresha ibiyobyabwenge. Uyu muhanzikazi avuga ko abavuga ibyo ari abashaka...
6 January 2017 1020 0

Savara [Sauti sol] yagonze umumotari nyuma yo gusoma kuri Manyinya

Umuririmbyi Savara Mudigi umwe basore bane bagize itsinda Sauti Sol ryo mu gihugu cya Kenya yateje impanuka ubwo yari atwaye imodoka ye akagongana n’utwaye moto mu muhanda. Nyuma y’iyi mpanuka...
6 January 2017 1692 0

BIRATANGAJE:Iminota 10, yatumye impanga zivuka mu myaka ibiri itandukanye

Sawyer Matthew na Everett Jackson ni abana b’impanga bavutse mu myaka ibiri itandukanye 2016 na 2017. Ibi byatewe n’uko umwe yavutse bitewe yavutse umwaka wa 2016 ubura iminota mike ngo urangire...
6 January 2017 3172 0

Imyiyerekano y’Ingabo z’u Burusiya yasize benshi bakuye Ingofero (Amafoto)

Igihugu cy’Uburusiya ni kimwe mu bihugu bya mbere bikomeye ku isi kandi binatinyitse kuko ari kimwe mu bihugu bivuga rikijyana mu muryango wabibumbye (UN) aho kibarizwa mu bihugu bya mbere bikize...
7 January 2017 5839 0

Diane yasubije impamvu yatandukanye na Platini biteguraga kurushinga

Umuririmbyi Kitoko Bibarwa muri Rurashonga yateruye agira ati ‘urukundo burya ni nka bombo isaza ishonga, urukundo burya ni nk’isabune isaza ishonga’, yahanze afite ishingiro kuko akaryoshye...
7 January 2017 26099 0

Ibitazibagirana mu rukundo rwa Platini na Diane

Platin na Ingabire Diane ni abakunzi b’igihe kirekire babana mu buzima buzira itangazamakuru n’ubwo kenshi bisanga ryabateye imboni. Nemeye Platini abarizwa mu itsinda rimwe na Mujyanama Claude...
8 January 2017 4164 0

"Nkeneye kuvugana na Diane mbere y’uko ngira icyo ntangaza".-Platini [Dream Boys]

Umuririimbyi Platini Nemeye ubarizwa mu itsinda rya Dream Boys yamaze gutandukana n’umukunzi we bari bamaranye imyaka ine mu munyenga w’urukundo. Avuga ko adashaka kugira byinshi avuga ku mubano we...
8 January 2017 5443 0

U Rwanda rwashyizeho impapuro 250 zo guta muri yombi abakekwaho Jenoside

Muri uyu mwaka 2017, ubushinjacyaha bw’u Rwanda bwiteguye gutanga izindi mpapuro zigera kuri 250 zisaba ibihugu bitandukanye guta muri yombi abakekwaho uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu...
9 January 2017 625 0

Clement avuga iki ku itandukana rya Platini na Diane yasigiye igifunguzo

Clement Ishimwe washakanye na Ingabire Butera Jeanne d’Arc [Knowless], atangaza ko itandukana rya Platini na Diane bitakuyeho ko Platini yamusigiye igufunguzo. Anavuga ko yiteguye kureba ishingano...
9 January 2017 6272 0

Yuhi VI, umwami ugiye gusimbura Kigeli V Ndahindurwa

Emmanuel Bushayija wavutse mu 1960, akaba umwuzukuru w’umwami Yuhi V Musinga ndetse akaba n’umuhungu wa Kigeli V Ndahindurwa uherutse gutanga, ni we wamaze gutangazwa nk’umwami mushya w’u Rwanda,...
9 January 2017 5105 0

Cameroun: Bakoze imyigaragambyo simusiga yo kwamagana igifaransa

Mu mujyi wa Bameda, mu gihugu cya Cameroun, kuri uyu wa mbere tariki ya 9 Mutarama 2017 abakoresha ururimi rw’ icyongereza bakoze imyigaragambyo bafunga imihanda banegura ibintu bamagana ikoreshwa...
10 January 2017 1253 0
0 | ... | 6360 | 6390 | 6420 | 6450 | 6480 | 6510 | 6540 | 6570 | 6600 | ... | 6660