Leta ya Ethiopia yatangaje ko igiye kurekura imfungwa zigera ku bihumbi 10 zifunze kuva hatangazwa ibihe bidasanzwe muri icyo gihugu bigikomeza kugeza na n’ubu, gusa irateganya kujyana mu rukiko...
Ayodeji Ibrahim Balogun [Wizkid] arataramira mu gihugu cya Uganda mu ntangiriro za 2017. Ni nyuma y’uko ashyiriwe impapuro zo kumuta muri yombi ashyinjwa ubuhemu n’ubwambuzi ku munota wa nyuma...
Rihanna yahagaritse gukurikirana Jennifer Lopez ku rubuga rwa Instagram aramushinja kumutwara uwahoze ari umukunzi we, Drake.
Ibi bibaye nyuma y’uko ikinyamakuru Tmz cyanditse ko Drake ari mu...
Mugisha Benjamin benshi bazi nka The Ben uri kubarizwa mu Rwanda nyuma y’imyaka itandatu akorera umuziki muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Indirimbo ye ’Habibi’ aherutse gushyira hanze yujuje...
Perezida wa Pebubulika y’ u Rwanda Paul Kagame yamaze gushyikiriza ishyirahamwe ry’umukino wo gusiganwa ku magare (FERWACY) amafaranga yo kugura imodoka yabemereye nyuma y’ uko bitwaye neza muri...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ucyuye igihe, Barack Obama asigaje igihe kitageze ku kwezi ngo yimukire Donald Trump muri White House.
Obama na Trump ntibumvikana ku bintu bitandukanye...
Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame na mugenzi we wa Kenya Uhuru Kenyatta ni bamwe mu bayobozi bakuru bazitabira inama mpuzamahanga ku kwagura ishoramari ry’ igihugu cy’ Ubuhinde.
Iyi nama yiswe...
Kuri uyu wa 29 Ukuboza 2016, ahagana mu masaha ya saa kumi nibwo Radio y’ itorero rya ADEPR yatangiye kumvikana ku murongo wa FM 96.00
Ibi bibaye mu gihe iri torero ryari rimaze igihe rivuga ko...
Perezida Paul Kagame yavuze uyu mwaka wa 2016 u Rwanda rwabashije kurenga imbogamizi rwari rufite zigahinduka ibisubizo, aboneraho kwifuriza abayobozi mu nzego zitandukanye n’imiryango yabo...
Abategetsi ba Iraq batangaza ko bombe ebyiri zaturikiye hagati mu murwa mukuru Baghdad tariki 31 Ukuboza 2016 zatwaye ubuzima abagera kuri 25.
Leta ya Iraq yatangaje ko ibi bitero...
Mugisha Benjamin benshi bazi nka The Ben wari umaze imyaka itandatu aba muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yagarutse mu Rwanda mu cyumweru gishije aho yaje kwitabira igitaramo cya East African...
Perezida w’Ubufaransa Francois Hollande yatangaje ko Leta ya Kisilamu izakubitwa hasi mu minsi ir’imbere.
Ibyo yabitangarije mu rugendo rw’umunsi umwe, yagiriye mu gihugu cya Iraki. Ni uru...
Aline Gahongayire, umuhanzikazi mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana yatangaje ko ameranye neza n’umugabo we Gahima Gabriel batandukanye byeruye mu minsi ishize.
Uyu muhanzikazi avuga ko...
Muri Haïti, urukiko rugenzura amatora rwemeje ko umucuruzi Jovenel Moise ari we watorewe kuba perezida wa Repubulika.
Itora ryabaye ku italiki ya 20 y’ukwa 11 gushize. Moise yatsinze n’amajwi...
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda azitabira Ubutumire bw’igihugu cy’Ubuhinde guhera ku wa 09-12 Mutarama 2017. Biteganyijwe ko perezida Kagame azajyana n’itsinda ry’abarwiyemezamirimo bo mu Rwanda ku...
Rose Muhando wo muri Tanzania wamenyekanye cyane mu ndirimbo zihimbaza Imana aranyomoza ibyavuzwe bikanandikwa ko yaba akoresha ibiyobyabwenge. Uyu muhanzikazi avuga ko abavuga ibyo ari abashaka...
Umuririmbyi Savara Mudigi umwe basore bane bagize itsinda Sauti Sol ryo mu gihugu cya Kenya yateje impanuka ubwo yari atwaye imodoka ye akagongana n’utwaye moto mu muhanda.
Nyuma y’iyi mpanuka...
Sawyer Matthew na Everett Jackson ni abana b’impanga bavutse mu myaka ibiri itandukanye 2016 na 2017. Ibi byatewe n’uko umwe yavutse bitewe yavutse umwaka wa 2016 ubura iminota mike ngo urangire...
Igihugu cy’Uburusiya ni kimwe mu bihugu bya mbere bikomeye ku isi kandi binatinyitse kuko ari kimwe mu bihugu bivuga rikijyana mu muryango wabibumbye (UN) aho kibarizwa mu bihugu bya mbere bikize...
Umuririimbyi Platini Nemeye ubarizwa mu itsinda rya Dream Boys yamaze gutandukana n’umukunzi we bari bamaranye imyaka ine mu munyenga w’urukundo. Avuga ko adashaka kugira byinshi avuga ku mubano we...
Emmanuel Bushayija wavutse mu 1960, akaba umwuzukuru w’umwami Yuhi V Musinga ndetse akaba n’umuhungu wa Kigeli V Ndahindurwa uherutse gutanga, ni we wamaze gutangazwa nk’umwami mushya w’u Rwanda,...
Mu mujyi wa Bameda, mu gihugu cya Cameroun, kuri uyu wa mbere tariki ya 9 Mutarama 2017 abakoresha ururimi rw’ icyongereza bakoze imyigaragambyo bafunga imihanda banegura ibintu bamagana ikoreshwa...