Imiryango irindwi (7) y’inzu y’ubucuruzi iherereye mu isatenere ya Nyanga mu Kagari ka Ntaruka mu Murenge wa Kinoni mu Karere ka Burera, yafashwe n’inkongi y’imuririmo irashya irakongoka ndetse...
Nyirandegeya Vestine wo mu kigero cy’imyaka 22, wo mu Kagari ka Runoga mu Murenge wa Gitovu mu Karere ka Burera, ari mu maboko y’Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) Sitasiyo ya Kirambo, aho akekwaho...
Polisi y’Igihugu ikorera mu Karere ka Burera, yataye muri yombi abantu 66 bari bari gusengera mu rugo rw’umuturage witwa Mukankusi Mélanie w’imyaka 60 y’amavuko wo mu Murenge wa Gatebe Akagari ka...
Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Burera mu murenge wa Cyanika mu kagari ka Ka gitega kuwa Gatatu tariki ya 08 Mata yafashe abantu 23 mu rugo rwa Maniragaba Felicien wari wahahinduye...
Umugabo witwa Evariste Nzamwita wo mu Mudugudu wa Seta, Akagari ka Rukandabyuma, Umurenge wa Rugengabari mu Karere ka Burera yafashe inyana ye n’intama 4 azifungirana mu nzu arangije arazitwika...
Abana 3 bo mu rugo rumwe rwo mu mudugudu wa Gatare, Akagari ka Butare, Umurenge wa Cyeru mu karere ka Burera bishwe batemwe n’umuntu utaramenyekano ariko bigakekwa ko byakozwe n’umukozi w’umukobwa...
Umugabo witwa Bigirimana ukomoka mu karere ka Burera mu murenge wa Bungwe mu kagali ka Mudugali yaciwe amande y’ibihumbi 2000 azira ko ngo yasibije umwana we...
Umugabo witwa Nkundizana Cyprien wo mu kigero cy’imyaka 33 wo mu murenge wa Kagogo, Akagari ka Nyamabuye mu Karere ka Burera, nyuma y’amakimbirane yagiranye n’umugore we witwa Ingabire Consolee,...
Umusaza w’ imyaka 84 wo mu Murenge wa Cyanika mu Karere ka Burera yasezeranye n’umugore w’imyaka 29 imbere y’amategeko kubera impungenge ko umugore we ashobora kuzamusiga akisangira abakiri bato no...
Ushinzwe ubuhinzi n’abandi bantu babiri bashinzwe kugurisha ifumbire n’imbuto ku baturage bo mu karere ka Burera, ku itariki ya 6 Nzeri batawe muri yombi na Polisi y’u Rwanda bakekwaho gukoresha...
Abatuye Umurenge wa Kagogo mu Karere ka Burera barashimira leta ubufasha yabahaye bw’imashini mu gushakisha abantu babo bari baburiye mu nkangu, bakaba babonetse bagashyingurwa mu cyubahiro.
Mu...
Tariki ya 3 Nyakanga na tariki ya 4 Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Burera ifatanyije n’izindi nzego z’umutekano n’abaturage bafashe litiro 329 za kanyanga n’ibiro 10 by’urumogi byarimo...
Abaturage bo mu karere ka Burera barashimira leta y’u Rwanda imbaraga yashyize mu kubegereza ibikorwaremezo birimo amazi, amashanyarazi , imihanda, amavuriro n’amashuri kuko byabafashije kwiteza...
Abaturage b’akarere ka Burera by’umwihariko abatuye hafi y’ikirunga mu gace k’amakoro baravuga ko bugarijwe n’umwanda uterwa n’ubwiherero bwubatswe nabi kubera ubutaka bugufi mu bujyakuzimu.
Nk’uko...
Guverineri w’intara y’amajyaruguru Gatabazi Jean Marie Vianey yafashe umwanzuro wo kwimura abari basanzwe bakorera mu Mirenge izwiho kweza ibirayi mu turere twa Musanze na Burera bakajyanwa...
Mu rucyerera rwo kuri uyu wa kabiri tariki ya 3 Ukwakira, Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Burera yataye muri yombi abagore 4 bakekwaho kwinjiza no gucuruza mu Rwanda amashashi, ibintu...
Ku cyumeru tarkiki ya 17 nzeri 2017, imvura idasanzwe yaguye mu Karere ka Burera yasize imiryango itandatu yo mu murenge wa Cyanika itagira aho yikinga kuko inzu zabo zasenyutse.
Inkuru ya...
Mu kagari ka Rurembo Umurenge wa Rugarama ho mu karere ka Burera abantu bane barohamye mu kiyaga cya Burera batatu barapfa umwe atabarwa agihumeka.
Kuri uyu wa mbere tariki 9 Mutarama nibwo aba...
In 2005, PIH and its Rwandan sister organization, Inshuti Mu Buzima (IMB), began working in partnership with the government of Rwanda to address the HIV/AIDS epidemic afflicting the population...
Kuri uyu wa Kane tariki ya 10 Gashyantare Polisi ikorera mu Karere ka Burera ku bufatanye n’umujyanama w’ubuzima bafashe uwitwa Sibomana Aimable w’imyka 52. Yafashwe arimo kugenda akwirakwiza...
Umuhanzi Hagenimana Jean Paul wamamaye ku izina rya Bushali wamenyekanye cyane ubwo yabarizwaga muri Green Ferry, yahishuye ko atakibarizwa muri iyi nzu ifasha abahanzi, by’umwihariko yafashije...
Kuri uyu mugoroba, abantu 70 barenze ku mabwiriza yo kwirinda COVID-19 baguwe gitumo batashye ubukwe mu rugo rw’Umukuru w’Umudugudu wa Nyagasozi mu Murenge wa Gahunga i Burera, aho banywaga inzoga...