Umuhanzi ukomoka mu gihugu cy’u Burundi uzwi nka Big Fizzo wamenyekaniye mu Rwanda mu ndirimbo yakoranye na Charly na Nina yitwa "Indoro",akomeje gutangaza abantu benshi bitewe n’ibisubizo yagiye...
Abahanzi bane bo mu Rwanda, bashyizwe ku rutonde rw’abagomba guhatanira ibihembo bikomeye bitangirwa mu gihugu cya Uganda byiswe ’HiPipo Music Awards’ bizatangwa i Kampala ku nshuro ya 6.
The Ben,...
Pius Rickie uzwi ku mazina ya Dj Pius wamenyekaniye mu itsinda babagamo ari abasore Babili rizwi nka Two 4real nyuma akaza kuririmba ku giti cye,aho yaje no gukora Indirimbo zigakundwa Cyane mu...
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 8 Werurwe 2017, nibwo hemejwe abahanzi 10 bazahatana mu irushanwa ngarukamwaka rya Primus Guma Gum Super Star rigizwe n’ibitaramo bitanu aho kuba 17...
Mu ijoro ryo kuri iki Cyumweru taliki ya 2 Nyakanga 2017 i Nyamata mu busitani bwa Golden Tulip bahereye igitaramo cyiswe “Rwanda Fiesta” . Cyahurije hamwe abahanga mu gukoresha no kuyobora amajwi...
YG Entertainment yateguye igitaramo cyiswe ’Generation To Generation’ kugamije guhuza ibyiciro bitandukanye by’abanyamuziki mu Rwanda kizaba ku itariki ya 1 Werurwe...
Hari Kuri iki Cyumweru tariki 2 Mata 2017 I Kigali habereye igitaramo cy’umuhanzikazi Cecile Kayirebwa, igitaramo yise ‘Inganzo ya Kayirebwa’. Inyarwanda.com twateguriye buri wese utitabiriye iki...
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu nibwo inkuru yabaye kimomo ko Alex Muyoboke usanzwe ari umujyanama (manager) w’abahanzi Charly na Nina, n’ umuhanzi w’ Umurundi uzwi ku izina rya Big Farious...
Ku nshuro ya mbere bataramiye mu gihugu cy’u Bubirigi, Charly na Nina beretswe ko ibihangano byabo bikunzwe cyane muri iki gihugu.
Iki gitaramo cyabereye ahitwa Birmingham Palace Mu Mujyi wa...
Umuhanzi Kid Gaju, yongerewe mu mubare w’abahanzi bazaririmba mu gitaramo The Ben ateganya gukorera i Kampala, ahitwa Fusion Auto Spa Munyonyo, ku wa Gatanu, tariki 17 Gashyantare 2017.
Iki...
Mugisha Benjamin benshi bazi nka The Ben uri kubarizwa mu Rwanda nyuma y’imyaka itandatu akorera umuziki muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Indirimbo ye ’Habibi’ aherutse gushyira hanze yujuje...
The Ben yashimiye igihugu cyamubabariye nyuma yo gukora amakosa akomeye we na mugenzi we Meddy ubwo batorokeraga muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika bifashishije impapuzo z’inzira bari bahawe...
Umuririmbyi Mugisha Benjamin, uzwi ku izina rya The Ben yavutse ku itariki ya 9 Mutarama 1988. Yavukiye i Kampala muri Uganda. Ni mwene Jean Mbonimpa na Esther Mbabazi.
The Ben ni umunyamuziki...
Umuhanzi Mugisha Benjamin benshi bazi nka The Ben, ukorera muzika muri leta zunze ubumwe za Amerika, aravuga ko nyuma y’igitaramo azakorera mu Rwanda tariki ya 1 Mutarama 2017 azakomeza ibikorwa...
Mugisha Benjamin ’The Ben’ Umuhanzi w’ umunyarwanda uba muri Amerika akomeje gahunda yo kuza mu Rwanda mu mpera z’ uyu mwaka wa 2016 ariko igihe yagombaga kugerera i Kigali cyahindutse ku mpamvu...
Abahanzi barindwi bo mu Rwanda, bashyizwe ku rutonde rw’abagomba guhatanira ibihembo bikomeye bitangirwa mu gihugu cya Uganda byiswe ’HiPipo Music Awards’ bizatangwa kuwa 8 Gashyantare 2017 i...
Morgan Heritage igizwe n’abavandimwe bakomoka ku muhanzi ukomeye muri Amerika witwa Denroy bageze mu Rwanda ku isaaha ya 15h30 ku kibuga cy’indege cya Kigali i Kanombe.
Aba bombi baherutse...
Kuri iki Cyumweru taliki ya 2 Nyakanga 2017 i Nyamata, mu busitani bwa Golden Tulip Hotel habereye igitaramo cyiswe “Rwanda Fiesta 2017” ni igitaramo cyahuje abahanzi batandukanye harimo Diamond...
Ku munsi w’ejo nibwo twari twabatangarije ko ikipe ya Azam FC yamaze kurira imodoka iza hano mu Rwanda mu mukino wa gicuti uzayihuza na Rayon Sports aho biteganyijwe ko ariwo Rayon Sports...