Ikipe ya Senegal yaje kuva ku izima yemera kuza mu Rwanda gukinira n’Amavubi i Huye ku ya 09 Nzeri 2023 mu mukino wa nyuma mu matsinda wo gushaka tike ya...
Biravugwa ko abapolisi bo muri Kameruni bafunguye iperereza ku bivugwa ko Samuel Eto’o wamamaye muri Barcelona yagize uruhare mu byaha byo kugurisha imikino.
Rutahizamu Erling Haaland yagaragarije uburakari bukomeye umusifuzi Simon Hooper waburijemo amahirwe akomeye bari babonye yo gutsindira Manchester City igitego ku munota wa...
Ikipe ya Manchester United yabujije ibitangazamakuru byinshi kwinjira mu kiganiro n’abanyamakuru nyuma yo gutangaza inkuru zivuga ko umutoza Erik ten Hag yatakaje icyizere cy’abakinnyi be ku kigero...
Pep Guardiola yemeje ko "azasezera" ku kazi ko gutoza mu gihe Manchester City yasubiramo ibyo yakoze ubushize igatwara ibikombe bitatu mu mwaka umwe w’imikino.
Uwari Myugariro, Felipe Luis wamenyekanye mu ikipe ya Atletico Madrid,yahishuye ko ikintu yicuza kurusha ibindi mu gihe yari umukinnyi,n’ukwibasira umukinnyi Angel di Maria,akoresheje umugore...
Amakipe arimo Man United, Atlético Madrid, Bayern, PSG n’amakipe menshi ya La Liga harimo Sevilla, Valencia, Villarreal batangaje ko biyunze na Super League.
Ikipe ya Manchester City yabaye ikipe ya mbere yo mu Bwongereza yegukanye ibikombe bitanu mu mwaka umwe nyuma yo gutsinda Fluminense ibitego 4-0 ku mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi...
Umutoza Jürgen Klopp yatangaje ko yafashe icyemezo cyo kuva ku mirimo ye yo gutoza ikipe ya Liverpool mu mpera z’uyu mwaka w’imikino,ndetse ngo yamaze kubimenyesha ba nyir’ikipe ko yifuza kuva ku...
Kuri uyu wa mbere,tariki ya 05 Gashyantare, Samuel Eto’o yeguye ku kuba Perezida w’ishyirahamwe ry’umupira wamaguru muri Kameruni ariko Komite Nyobozi irabyanga.
Mu gihe ikataje mu rugamba rwo gushaka igikombe cya shampiyona uyu mwaka,ikipe ya Arsenal iri kuvugwa cyane ku isoko ryo kugura no kugurisha abakinnyi ryo mu mpeshyi kurusha...
Ikipe ya Manchester United "yagiranye ibiganiro" n’umutoza Thomas Tuchel ngo ayibere umutoza mushya mu gihe igitutu gikomeje kwiyongera kuri Erik Ten Hag.
Rutahizamu Mohamed Salah yateranye amagambo bikomeye n’umutoza Jurgen Klopp mu mukino ikipe yabo ya Liverpool yakinaga na West Ham muri Premier League bikarangira banganyije ibitego...
Umukinnyi wa Man City,Phil Foden yatowe nk’umukinnyi mwiza kurusha abandi mu Bwongereza mu mwaka w’Imikino 2023/2024 n’Ishyirahamwe ry’abanditsi b’umupira w’amaguru muri iki...