Donald Trump wayoboye Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yajyanye mu nkiko Michael Cohen wahoze ari umunyamategeko we amusaba indishyi za miliyoni $500 kubwo kurenga ku masezerano bari...
Donald Trump wahoze ari Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika agiye gutabwa muri yombi kuri uyu wa Kane kubera ibyaha by’amanyanga mu matora ya Perezida byakorewe muri Leta ya...
Donald Trump yakoze amateka yo kuba uwahoze ari Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika watawe muri yombi na polisi ndetse agafungirwa muri Gereza yo muri Atlanta ku mugoroba wo kuri wa Kane...
Urukiko rw’Ikirenga rwa Colorado rwemeje ko Donald Trump wahoze ari Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika,atemerewe kwiyamamariza kongera kwinjira muri White House kubera uruhare yagize mu...
Abapfumu baturutse hirya no hino ku Isi, ku wa Gatanu bahuriye mu mujyi wa New York, imbere y’inyubako ‘Trump Tower’ ya Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, mu muhango wo kumuroga...
Perezida Donald Trump uheruka gutorerwa gusimbura Brack Obama ku buyobozi bwa Leta zunze ubumwe za Amerika yifurije umwaka mushya muhire wa 2017 abanzi be ndetse na bamwe mu bantu bamurwanyije...
Perezida wa US Donald Trump yabwiye Abarusiya ko hari imigambi myinshi bafite ndetse biteguye kubaha isomo bo na Leta ya Syria kubera intwaro z’ubumara baherutse gukoresha bakica abantu mu gace ka...
Umukandida w’abademokarate Joe Biden yavuze ko arimo gutsinda muri leta zihagije kuburyo yizeye gutsindira kuba perezida w’Amerika, nubwo hakiri ibyavuye mu matora by’ingenzi...
Umucamanza mukuru mu mujyi wa Washington, DC Karl Racine, yemeje ko Ivanka yatangiye guhatwa ibibazo bijyanye na dosiye yo kunyereza umutungo wa Leta ku wa kabiri w’iki...
Umugore wa mbere wa Donald Trump,wahoze ari Perezida wa Amerika ariwe Ivana Trump yapfuye ku myaka 73 y’amavuko.
Bwana Trump wahoze ari perezida yavuze ko uyu Ivana yapfiriye iwe mu mujyi wa New...
Donald Trump mu rundi rubanza rwa kabiri mu mezi abiri
Urukiko rwo muri Miami muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika rwahamagajae Donald Trump wahoze ari Perezida w’icyo gihugu, nyuma yo kuregwa...
Nyuma y’igihe atorewe kuyobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Perezida Donald Trump yahagaritse ikiganiro "The Celebrity Apprentice" yagaragaragamo kuri televiziyo.Kuri ubu yamaze gusimburwa...
Umwe mu bagize inteko ishinga amategeko ya Leta zunze ubumwe z’ Amerika asanga Perezida w’ iki gihugu Donald Trump akwiye kwegura mbere y’ intego rusange yo kumweguza iterana.
Madamu Jackie Speier...
Amagambo Kanye West yanditse kuri Twitter avuga ko Donald Trump ari umuvandimwe we ndetse hari ibyo bahuriyeho yamuteranyije n’umugore we Kim Kardashian wanga urunuka uyu perezida...
Umugore wa Perezida wa USA Donald Trump witwa Melania Trump ari mu bitaro byitwa Walter Reed National Military Medical Center aho ari kuvugwa uburwayi afite bw’impyiko,abaganga bavuze ko...
Perezida wa USA Donald Trump yishimiwe n’Abanyamerika benshi kubera ko yarekuye umugore witwa Alice Marie Johnson wakatiwe igihano cy’urupfu mu mwaka wa 1995 azira gucuruza ibiyobyabwenge,akaza...
Perezida wa USA yatangaje ko agiye gufata umwanzuro wo kubaka urukuta ku mupaka utandukanya USA na Mexico ku ngufu atabanje gutumiza inama y’igitaraganya n’abagize guverinoma ngo...
Kuwa gatanu w’icyumweru dusoje nibwo umuhanzi w’icyamamare mu njyana ya RAP muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika ‘Kanye West yashyize hanze Album ye ya 2 yise “ Jesus is King”, ikaba yarateye urujijo...
Michelle Obama umufasha wa President wa 44 wa Leta zunze Ubumwe za Amerika uyu munsi yasobuye impamvu ibikorwa byo kweguza umugabo uyoboye iki gihugu byaba ari ukwibeshya ubwo yari agiye mu...
Umugabo w’imyaka 25 y’amavuko witwa Roger Hedgpeth ukomoka muri Leta ya Florida yatawe muri yombi n’abashinzwe umutekano wa Perezida Donlad Trump, nyuma yo gufatanwa icyuma bivugwa ko yashakaga...
Igifi kinini cyo mu bwoko bwa shark cyafotowe kiri mu Nyanja cyakwirakwiye hose kubera ko benshi bavuze ko gisa neza n’uwahoze ari perezida wa US Bwana Donald Trump.
Iyi foto y’imbonekarimwe...
Nyuma y’uko umuherwe Elon Musk yegukanye imigabane yose y’urubuga rwa Twitter ku kayabo ka miliyari 44 z’amadorari , yanzuye ko agiye kugarura uwahoze ari Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika...
Donald Trump wabaye Perezida wa USA yibasiye cyane kizigenza muri muzika,Rihanna,avuga ko nta muhanzi umurimo.
Ibi uyu munyapolitiki yabikoze habura iminsi ibiri gusa kugira ngo Rihanna,akore...
Mu ijambo yagejeje ku banyamuryango ba RPF INKOTANYI ku Cyumweru,tariki ya 02 Mata 2023, Perezida Kagame yavuze ko bikwiriye ko uyu muryango wagakwiye gushaka abandi batari we bamusimbura ku...
Inteko itora kuri uyu 19 Ukuboza 2016 yemeje ko Perezida Donald Trump ariwe Perezida wa 45 wa Leta zunze ubumwe z’ Amerika imutoye ku majwi 304 , mu gihe Hillary Clinton yagize 227 .
Inteko...