Perezida wa Pebubulika y’ u Rwanda Paul Kagame yamaze gushyikiriza ishyirahamwe ry’umukino wo gusiganwa ku magare (FERWACY) amafaranga yo kugura imodoka yabemereye nyuma y’ uko bitwaye neza muri...
Aimbable Bayingana wari perezida w’ishyirahamwe ry’umukino w’amagare mu Rwanda (FERWACY) ari gukorwaho iperereza nyuma yo kwegura ku mirimo ye ku birego bya ruswa n’ihohotera rishingiye ku gitsina...
Uyu munsi nibwo abategura irushanwa rya Tour du Rwanda na FERWACY bashyize hanze inzira,abaterankunga n’amakipe azitabira irushanwa rya Tour du Rwanda 2021 ryo ku rwego rwa 2.1 rizakinwa tariki...
Umuyobozi w’ishyirahamwe ry’umukino wo gusiganwa ku magare mu Rwanda aratangaza ko yifuza kubona abasore bazahagararira u Rwanda mu mikino nyafurika yo gusiganwa ku magare igiye kubera mu Rwanda,...
• Tour du Rwanda yari igeze ku munsi wa 3 aho hakinwaga agace kavaga Rubavu kerekeza I Musanze
• Areruya Joseph niwe wegukanye agace ka 3 kasoreje I Musanze
• Simon Pellaud aracyafite umwenda...
• Bimwe mu bihangange byitezwe muri Tour du Rwanda uyu mwaka
•Abakinnyi 10 bahabwa amahirwe yo kuvamo uwegukana Tour du Rwanda 2017
• Tour du Rwanda izatangira ku munsi w’ejo taliki ya 12 Ugushyingo...
Uwahoze ari umuyobozi wa Rayon Sports,Murenzi Abdallah ubu uyobora FERWACY yasabye abakunzi ba Rayon Sports guhuza imbaraga bakareka gutatana muri ibi bihe by’amakimbirane y’abayobozi bayo...
Umuyobozi w’inzibacyuho wa Rayon Sports,Murenzi Abdallah aratangaza koi nshingano zo gusubiza Rayon Sports ku murongo zigoye ariko nta kabuza azahuza imbaraga ze n’iz’abafana bakubaka ikipe...
Perezida mushya wa UCI David Lappartient yatangaje amagambo aha u Rwanda icyizere cyo kwakira shampiyona y’isi, ubwo yatangazaga ko yifuza ko ibihugu by’Africa byahatanira kwakira shampiyona y’isi...
Umutoza wa SACA, Niyonshuti Adrien,yahishuye ko umukinnyi atoza Mugisha Moise yamuciriye amazi ari mu modoka ariko nta kibazo na kimwe afitanye nawe ahubwo byose byatewe n’uwari umutoza akaba...
Minisitiri wa Siporo,Munyangaju Aurore Mimosa yasuye Team Rwanda yari imaze iminsi mu Misiri ikina shampiyona ya Afurika yo gusiganwa ku magare,ayishimira uko yitwaye ikazana imidali 14 ndetse...
Umukinnyi ukomeye mu mukino wo gusiganwa ku magare, Mugisha Moise, yandikiye ubuyobozi bw’ikipe yakinagamo ya SACA, abumenyesha ko yamaze gusesa amasezerano nabo kubera akarengane yakorewe...
• Tour du Rwanda isigaje iminsi 2 ngo itangire
• Menya byinsi byaranze iri rushanwa rigiye kuba ku nshuro ya 09 nyuma yo kugirwa mpuzamahanga mu mwaka wa 2009.
• Tour du Rwanda izatangira ku...
Ishyirahamwe ry’umukino wo gusiganwa ku magare FERWACY ryamaze gutangaza urutonde rw’abakinnyi 15 bazahagararira u Rwanda mu irushanwa rya Tour du Rwanda igiye kuba ku nshuro ya 9 aho izaba kuva...
Mu mpera z’iki cyumweru abakinnyi 28 bagomba kuzakurwamo abazitabira Tour du Rwanda 2017 igiye kuba ku nshuro ya 9 bagiye gusiganwa bimenyereza imwe mu mihanda izakoreshwa muri iri irushanwa....
Ikipe y’Igihugu y’Amagare (Team Rwanda ) imaze kwegukana imidali 3 ya Feza mu byiciro byose uko ari 3 yashoye muri Shampiyona Nyafurika yo gusiganwa ku magare yatangiye kubera mu Misiri kuri uyu wa...
Mu Mafoto atandukanye ihere ijisho ibihe byiza byaranze ubukwe bw’umunyamakuru Uwimana Clarisse na wa B&B FM na Festus Bertrand bwabaye ku wa 3 Nzeri...
Umukinnyi Manizabayo Étienne wakiniraga Ikipe y’Abato ya Benediction Club yapfuye nyuma yo kugongwa n’imodoka ubwo we na bagenzi be bo mu makipe atandukanye, barimo n’abakuru, bari mu myitozo kuri...
U Rwanda bwa mbere mu mateka yarwo ndetse n’aya Afurika muri rusange, ruzakira Shamiyona y’isi mu gusiganwa ku magare muri 2025 nyuma yo guhabwa aya mahirwe ruhigitse Maroc byari...
Kuri uyu wa gatatu nibwo ubuyobozi bwa FERWACY bumaze gutangaza inzira Tour du Rwanda izanyuramo aho hagaragaye imihanda mishya nka Musanze –Nyamata aho umugi wa Nyamata ari ubwa mbere ugiye...
Umuyobozi w’ishyirahamwe ry’umukino w’amagare mu Rwanda Bayingana Aimable yatangaje ko yashimishijwe bikomeye no gutsinda k’umusore Areruya Joseph mu isiganwa rya Giro d’Italia y’abatarengeje imyaka...
Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umukino wo gusiganwa ku magare, Aimable Bayingana, yongeye gutorerwa kuba mu bagize Inama y’Ubutegetsi y’Ishyirahamwe ry’uyu mukino ku mugabane wa Afurika.
Ku mwanya wa...
Umusaza witwa Emmanuel Mayaka wamenyekanye i Kigali (mu Biryogo) mu kwerekana sinema n’imikino y’i Burayi ndetse akaba yarashinze Ikipe y’Amagare ya Cine ElMay , yitabye Imana ku wa Gatanu azize...
Munyaneza Didier ukinira ikipe ya Benediction y’I Rubavu niwe wegukanye agace ka mbere ka Rwanda Cycling Cup aho abasore bavaga i Kigali berekeza i Huye babanje kuzenguruka umujyi. Rwanda CC...
Umwe mu bakinnyi ba mbere ku isi mu gusiganwa ku magare,Peter Sagan ukomoka mu gihugu cya Slovakia,yatangaje ko ashyigikiye ko u Rwanda rwahabwa amahirwe yo kwakira shampiyona y’isi ya 2025...