Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi (FIFA), Gianni infantino, ari kumwe na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Dr.Vincent Biruta na Minisitiri wa Siporo,Munyangaju Aurore...
Perezida w’impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru ku isi ‘FIFA’, Gianni Infantino uri mu Rwanda mu uruzinduko rw’iminsi 2 avuga ko u Rwanda rufite ubushobozi bwo kwakakira inama 2 nkuru za FIFA...
Amatora ya Perezida w’Impuzamashyirahamwe y’umupira w’Amaguru ku isi, FIFA, ya 2023 azabera mu nama y’inteko rusange ya 73 ya FIFA,nkuko byemejwe n’inama ya FIFA yo ku ya 30 Werurwe 2022.
Inyi ama...
Abazatora mu bihembo bya FIFA The Best basabwe kwirengagiza uko abakinnyi bitwaye muri uyu mwaka w’imikino ukomeje ahubwo bakibanda ku byabaye mu mwaka w’imikino ushize,ibishobora kugirira akamaro...
Uwahoze ayobora FIFA, Sepp Blatter yatangaje ko yagambaniwe cyane na FIFA ndetse n’umuyobozi wayo Gianni infantino mu mwaka wa 2015 ariyo mpamvu agiye kuyijyana mu nkiko urubwa yasizwe...
Perezida wa FIFA, Gianni Infantino uri mu Rwanda aho yitabiriye itangwa ry’ibihembo ku bantu baranzwe no kurwanya ruswa, yahuye na Minisitiri wa Siporo, Munyangaju Aurore Mimosa baganira ku...
Umutaliyani Gianni Infantino wari umukandida rukumbi, yatorewe kuyobora FIFA muri manda ya gatatu, 2023-2027, ari nayo ya nyuma.
Infantino yatorewe mu Nteko Rusange ya FIFA iteraniye muri BK...
• Hope Solo yashinje Blatter kumukorakora ku kibuno ubwo bari mu muhango wo gutanga Ballon d’or 2013
• Blatter yahakanye ibyo gukorakora ku kibuno Hope Solo avuga ko ari ukumuharabika
• Blatter...
Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 19 Kanama 2020,FERWAFA yagaragaje ingano y’amafaranga izaha amakipe yose kuri ya 1 miliyoni y’amadolari yahawe na FIFA mu rwego rwo gufasha amakipe yazahajwe na...
Ba rutahizamu bakomeye barimo Erling Haaland, Kylian Mbappe na Lionel Messi nibo batoranyijwe kuzavamo umukinnyi wahize abandi ku isi mu bihembo bya FIFA [The Best FIFA Men’s Player Award...
Rutahizamu wa Juventus,Cristiano Ronaldo waraye abuze amahirwe yo kwegukana igihembo cya FIFA The Best cyegukanwe na Lionel Messi bamaze imyaka irenga 10 bahangana,yatangaje amagambo benshi...
U Rwanda rumanutse imyanya igera kuri 24 ku rutonde ngaruka kwezi rwa FIFA ruva ku mwanya wa 93 rugera ku mwanya w’117 ku isi ni mu gihe muri Afurika rwaje ku mwanya wa 32 mu makipe 206...
U Rwanda rukoze amateka yo kuzamuka kurusha ibindi bihugu kwu isi ku rutonde ngaruka kwezi rwa FIFA rw’ukwezi k’Ugushyingo, ari nako gusoza umwaka wa 2016, aho ruvuye ku mwanya wi 101 rukaza kuwa...
Kuri uyu wa mbere taliki 27 Ukuboza 2021, ikipe ya Rayon Sports yatangije gahunda yo gukusanya amafaranga yo kwishyura rutahizamu ukomoka mu gihugu cya Cameroon Philippe Arthur Banen wayireze...
Perezida wa FIFA, Gianni Infantino,yatangaje ko nta gitekerezo bafite cyo kuzana ikarita y’ubururu ndetse ko ari ingingo idahari mu buyobozi bw’umupira w’amaguru ku...
Kuri uyu wa kane, tariki ya 16 Werurwe, Perezida Paul Kagame, yahamagariye abayobozi b’isi kwirinda politiki mbi muri siporo.
Perezida Kagame yagejeje ijambo ku ntumwa zigera ku 2000 zirimo...
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku isi, FIFA ryamaze gusaba Ferwafa[Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda] ko bakwigiza inyuma amatora y’umuyobozi wa Ferwafa yari ateganyijwe.
Mu ibaruwa...
Ikipe y’igihugu ya Espagne ishobora gukurwa mu bihugu bizakina igikombe cy’isi cy’umupira w’amaguru kizabera mu Burusiya mu mwaka utaha kubera kwivanga kwa Leta mu bikorwa bya ruhago. Ku munsi w’ejo...