Ishyirahamwe ry’Umupira w’amaguru mu Rwanda,FERWAFA,ryavuze ko abakinnyi b’amakipe mato y’abagore ya Inyemera na Rambura WFC batangiye koroherwa bagasezererwa nyuma yo gukubitwa n’inkuba kuri uyu wa...
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda FERWAFA,ryamaze guca ihazabu y’amafaranga y’u Rwanda ibihumbi ijana ku ikipe ya Rayon Sports ndetse na APR FC kubera ubushyamirane bwaranze abafana...
Amakipe azahagarira u Rwanda mu mikino nyafurika arimo APR FC izaserukira u Rwanda mu mikino ya CAF Champions League na Mukura VS izahagararira u Rwanda mu mikino ya CAF Champions League,zimwe...
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda,FERWAFA ryamaze gutangaza ko abakinnyi babiri bari bivumbuye kuri Kiyovu Sports aribo Kakhule Mugheni Fabrice wari werekeje muri Rayon Sports na mugenzi...
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda riratangaza ko Antoine Hey atari we mutoza w’Amavubi, kuko La Jeune Afrique atariyo itangariza u Rwanda umutoza. Umutoza w’Amavubi kugeza ubu...
Kuri uyu wa gatandatu tariki ya 4 Werurwe 2017, perezida wa FERWAFA Nzamwita Vincent De Gaulle yasuye uwahoze ari umukinnyi w’ikipe y’igihugu Amavubi Hategekimana Bonnaventurwe uzwi nka Gangi aho...
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda FERWAFA ryatangaje ko shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda itazatangira kuwa 13 Nzeri 2019 nkuko byari biteganyijwe, kubera ko APR FC na Police FC...
Ubuyobozi bwa FERWAFA bwamaze gufata umwanzuro w’uko guhera kuri uyu wa Kane taliki ya 19 Nzeri 2019 nta munsi wateganyijwe na FIFA uzongera gucaho ikipe y’igihugu Amavubi idakinye umukino wa...
Umuyobozi wa Gasogi United,Kakooza Nkuriza Charles,yaburiwe na FERWAFA ko ashobora kuzafatirwa ibihano nakomeza kwibasira mu binyamakuru abasifuzi ndetse n’abanyamuryango biri...
Mu rwego rw kwitegura imikino ya CHAN, Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda [FERWAFA] ryamaze gushakira Amavubi imikino 2 ya gicuti irimo uwa Cameroon na Congo...
Ikipe ya POLICE FC yandikiye FERWAFA iyereka akarengane ko gusifurirwa nabi yahuye nako ku mukino wayihuje na APR FC tariki 04/03/20 ku munsi wa 21 wa shampiyona,yatsinzwemo igitego...
Umuyobozi w’ikipe ya Gasogi United,Kakoza Nkuliza Charles (KNC),yandikiye ibaruwa Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda, FERWAFA, arimenyesha ko biyama ibikorwa bya Rayon Sports byo kugirana...
Ishyirahamwe ry’umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryafashe icyemezo cyo gusubika umukino w’umunsi wa mbere wo guhatanira igikombe cya Shampiyona wari guhuza Marines FC na Rutsiro FC kuri Stade...
Akanama nkemurampaka ka FERWAFA kafashe umwanzuro ku rubanza umukinnyi Blaise Nishimwe yari yarezemo ikipe ye ya Rayon Sports ayisaba gusesa amasezerano.
Uwahoze ari umunyamabanga mukuru wa FERWAFA,Uwayezu François Régis yashyingiranywe imbere y’Imana na Isaro Sonia muri Lycée Notre Dame de Citeaux,kuri uyu wa Gatanu tariki ya 31 Ukuboza 2021,
Nubwo...
Habineza Thabit ushinzwe itangazamakuru muri FERWAFA ari mu munyenga w’urkundo n’umunyamakuru wa Royal FM, Umuhire Rebecca wanitabiriye irushanwa rya Miss Rwanda...
Umunyamabanga Mukuru w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), Muhire Henry Brulart ,yahagaritswe kuri izo nshingano kubera amakosa yakoze mu nshingano ze.Ni umwanya yari amazeho...
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda [FERWAFA] ryageneye impano umunyabigwi Jimmy Gatete watsinze igitego cyagejeje u Rwanda mu gikombe cya Afurika 2004.
Kuri iki Cyumweru, tariki ya 16...