Umuraperi Hakizimana Murerwa Amani uzwi nka P Fla wari umaze umwaka afunze, yamaze gusohoka muri gereza kuri uyu wa 08 Ukukuboza 2017 aho yari afungiye muri gereza ya Mageragera kuva kuwa 13...
Jay Polly na Bull Dogg bahoze ari nk’ abavandimwe mu itsinda rimwe rya Tuff Gang batangaje ko aribo bayisenye kandi ko ari nabo bafite urufunguzo rwo kuyigarura bishyize hamwe.
Tuff Gang itsinda...
Mu ijoro ryacyeye ryo ku wa 13 Werurwe 2022, nibwo Isibo TV yakoze umuhango wo gutanga ibihembo ku nshuro ya kabiri bya ‘The Choice Awards 2021’ wabereye muri Onomo Hotel mu Mujyi wa Kigali....
Abaraperi bagize itsinda rya Tuff Gangs riri mu yazanye Hip Hop mu Rwanda batawe muri yombi na Polisi kubera igitaramo bakoze cyacaga kuri You Tube aho bashinjwa kwica amabwiriza yo kwirinda...
Nshimiyimana Muhamed uzwi nka Nizzo mu itsinda rya Urban Boyz, aratangaza ko atabona agaciro kuzuye ku bahanzi Nyarwanda bakora injya ya Hip-Hop.
Nizzo, Safi Madiba na Humble-Jizzo bahuriye mu...
Mu ijoro ryo kuwa 23 Ukwakira muri Kigali Arena amatsiko yari yose mbere yuko ibihembo bya Kiss Summer Awards 2021 bihabwa ba nyirabyo.Nibwo bwa mbere ibi birori byari bibereye mu ruhame dore ko...
Umuhanzi Mugisha Benjamin uzwi nka The Ben yakuwe mu ndirimbo yari arimo iri kuri album nshya ya Nel Ngabo yise ‘RNB360’ , nyuma y’aho byari byatangajwe ko agomba kuba umwe mu...
Polisi yo mu gihugu cya Ghana yafunze umukinnyi w’umupira w’amaguru unakora akazi ko kogeza witwa Richard Gyamfi uzwi nka Fireman nyuma yo gusaka mu nzu ye bakamusangana imitwe 3 y’abantu yayihishe...
Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda,CP John Bosco Kabera,yatangaje ko yafunze igitaramo cyo kuri You Tube cya Tuff Gangs cyabaye kuwa Gatandatu tariki ya 23 Gicurasi 2020 kubera amakosa 4 bakoze yo...
Umuraperi Bushali yaserukanye n’umuhungu we Bushali Moon mu gitaramo cya "Rap City" cyitabiriwe n’ibyamamare mu njyana ya Hip Hop ndetse n’abakunzi b’iyi...
Muri iyi minsi Abanyarwanda baba mu mahanga bahagurukiye gukora muzika mu rwego rwo kugira itafari bashyira ku iterambere rya muzika y’u Rwanda, aha niho bamwe mu banyempano bahagurukiye bifuza no...
Mu gitaramo cyabaye mu ijoro ryashyize i Musanze umukobwa yarize arahogora afite icyifuzo cyo gukora kuri Safi ndetse no kumuryamaho.
Ibi byabaye ubwo umuhanzi Safi Madiba yajyaga ku rubyiniro...
Hakizimana Amani wamamaye nka P FLa mu njyana ya Hip Hop ari mu byishimo bikomeye nyuma y’uko asohotse muri gereza ya Mageragera mu mujyi wa Kigali yari amazemo umwaka afungiye gukoresha...
Umuraperi Ndayishimiye Malik Bertland [Bull Dogg] wamamaye mu Rwanda mu ndirimbo z’ikibonezamvugo mu njyana ya Hip Hop, ku wa 04 Ukwakira 2017 yifurije isabukuru y’amavuko umugore we, amuvuga...
Nyuma y’iminsi mike abaraperi Papa Cyangwe na Kivumbi King baterana amagambo ntibyarangiriye aho kuko Papa Cyangwe yahise asohora indirimbo yibasira Kivumbi yiganjemo ibitutsi...
Umuraperi wo mu Burundi uzwi nka B Face yashyize ahagaragara video y’indirimbo yise “La Différance” (Itandukaniro) aho avuga ko yashakaga kugaragaza ko abaraperi bo mu Burundi barusha kure abo mu...
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 8 Werurwe 2017, nibwo hemejwe abahanzi 10 bazahatana mu irushanwa ngarukamwaka rya Primus Guma Gum Super Star rigizwe n’ibitaramo bitanu aho kuba 17...
Umuhanzi Tuyishime Joshua wakunzwe na benshi ku izina rya "Jay Polly" yitabye Imana azize uburwayi yari amaranye iminsi aho yari arwariye mu bitaro bya Muhima mu mujyi wa Kigali.
Umuraperi Jay...