skol
Kigali

Search: Fireman (71)

Abahanzi bakomeye batumiwe gususurutsa abanyarwanda muri East Afriacan Party

Ku nshuro ya cumi igitaramo mbatura mugabo kizwi nka East African Party cyongeye gutegurirwa abanyarwanda hagamijwe kwifurizanya iminsi mikuru no gusoza umwaka neza, aho n’abahanzi bazatarama...
9 December 2017 523 0

P Fla yasohotse muri gereza, yakiriwe n’inshuti z’akadasohoka-AMAFOTO

Umuraperi Hakizimana Murerwa Amani uzwi nka P Fla wari umaze umwaka afunze, yamaze gusohoka muri gereza kuri uyu wa 08 Ukukuboza 2017 aho yari afungiye muri gereza ya Mageragera kuva kuwa 13...
8 December 2017 2430 0

Papa Cyangwe ari gusabwa ikintu gikomeye n’umubyeyi w’umwe mu bakobwa yakoresheje mu ndirimbo

Umuhanzi wamenyekanye nka Papa Cyangwe yahuye n’uruva gusenya nyuma y’amasaha make asohoye indirimbo ‘It’s okay’ ahuriyemo na Afrique ndetse na Fireman, yasabwe kuyisiba n’umubyeyi w’umwe mu bakobwa...
23 July 2022 1833 0

Ese koko abagize itsinda rya Tuff Gang baba bagiye kongera gusenyera ku mugozi umwe nk’uko byahoze...

Jay Polly na Bull Dogg bahoze ari nk’ abavandimwe mu itsinda rimwe rya Tuff Gang batangaje ko aribo bayisenye kandi ko ari nabo bafite urufunguzo rwo kuyigarura bishyize hamwe. Tuff Gang itsinda...
22 August 2017 445 0

Ihere ijisho amafoto yaranze umuhango wo gutaga ibihembo bya The Choice Awards’ byegukanwe abarimo Knowless, Miss Jolly, Jay...

Mu ijoro ryacyeye ryo ku wa 13 Werurwe 2022, nibwo Isibo TV yakoze umuhango wo gutanga ibihembo ku nshuro ya kabiri bya ‘The Choice Awards 2021’ wabereye muri Onomo Hotel mu Mujyi wa Kigali....
14 March 2022 1135 0

Reba ibyo P Fla uri muri gereza yatangaje ku bivugwa ko nafungurwa azahita asubizwa muri Tuff Gang ndetse n’abahanzi...

Umuraperi Hakizimana Murerwa Amani uri muri Gereza ya Mageragere, aratangaza ko adashaka kunjya mu Itsinda iryo ariryo ryose yewe ahakana n’amakuru avugwa ko yaba agiye gusubizwa muri Tuff Gang...
10 July 2017 7972 0

Polisi yahagaritse igitaramo cya Tuff Gangs cyacaga kuri You Tube kubera kwica amabwiriza Yo kwirinda...

Abaraperi bagize itsinda rya Tuff Gangs riri mu yazanye Hip Hop mu Rwanda batawe muri yombi na Polisi kubera igitaramo bakoze cyacaga kuri You Tube aho bashinjwa kwica amabwiriza yo kwirinda...
24 May 2020 1308 0

Nizzo ngo ntabona agaciro kuzuye ku bahanzi bakora Hip-Hop

Nshimiyimana Muhamed uzwi nka Nizzo mu itsinda rya Urban Boyz, aratangaza ko atabona agaciro kuzuye ku bahanzi Nyarwanda bakora injya ya Hip-Hop. Nizzo, Safi Madiba na Humble-Jizzo bahuriye mu...
5 January 2017 874 0

Confy yatunguranye, Element ahigika abarimo Clement na Madebeat,Uko ibihembo bya Kiss Summer Awards 2021 byagenze-...

Mu ijoro ryo kuwa 23 Ukwakira muri Kigali Arena amatsiko yari yose mbere yuko ibihembo bya Kiss Summer Awards 2021 bihabwa ba nyirabyo.Nibwo bwa mbere ibi birori byari bibereye mu ruhame dore ko...
24 October 2021 952 0

Hamenyekanye impamvu The Ben yakuwe kuri album nshya ya Nel Ngabo

Umuhanzi Mugisha Benjamin uzwi nka The Ben yakuwe mu ndirimbo yari arimo iri kuri album nshya ya Nel Ngabo yise ‘RNB360’ , nyuma y’aho byari byatangajwe ko agomba kuba umwe mu...
22 December 2021 859 0

P Fla yageneye ubutumwa Jay Polly uri muri Gereza bivugwa ko yaba amaze kwigarurira umukunzi we Aline

Umuraperi HAKIZIMANA MURERWA Amani wamamaye muri muzika nka P Fla wanabanye na Jay Polly igihe kitari gito mu itsinda rya tough Gang, ariko bakaba mugihe cyose bamaranye byari kugutangaza usanze...
17 December 2018 5140 0

Umukinnyi w’umupira w’amaguru muri Ghana yasanganwe imitwe 3 y’abantu muri Frigo

Polisi yo mu gihugu cya Ghana yafunze umukinnyi w’umupira w’amaguru unakora akazi ko kogeza witwa Richard Gyamfi uzwi nka Fireman nyuma yo gusaka mu nzu ye bakamusangana imitwe 3 y’abantu yayihishe...
24 August 2021 2668 0

Polisi y’u Rwanda yatangaje impamvu 4 zatumye ifunga igitaramo cyo kuri You Tube cya Tuff Gangs inagira inama abashaka...

Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda,CP John Bosco Kabera,yatangaje ko yafunze igitaramo cyo kuri You Tube cya Tuff Gangs cyabaye kuwa Gatandatu tariki ya 23 Gicurasi 2020 kubera amakosa 4 bakoze yo...
27 May 2020 973 0

Rap City" Bushali yaserukanye n’umuhugu we ku rubyiniro(AMAFOTO)

Umuraperi Bushali yaserukanye n’umuhungu we Bushali Moon mu gitaramo cya "Rap City" cyitabiriwe n’ibyamamare mu njyana ya Hip Hop ndetse n’abakunzi b’iyi...
19 September 2022 564 0

Menya ibyaranze ubuzima bwa Jaypolly wari kuba yujuje imyaka 34

Nyakwigendera Jaypolly yabonye izuba kuwa 5 Nyakanga 1988 bivuze ko kumunsi w’ejo hashize yari kuba yujuje imyaka 34 y’amavuko.
6 July 2022 425 0

Moze yashyize hanze indirimbo y’ ubukwe yakoranye na Social Mula

Muri iyi minsi Abanyarwanda baba mu mahanga bahagurukiye gukora muzika mu rwego rwo kugira itafari bashyira ku iterambere rya muzika y’u Rwanda, aha niho bamwe mu banyempano bahagurukiye bifuza no...
26 June 2018 538 0

Umukobwa yarize arahogora yifuza kuryama kuri Safi ndetse no kumukoraho –AMAFOTO

Mu gitaramo cyabaye mu ijoro ryashyize i Musanze umukobwa yarize arahogora afite icyifuzo cyo gukora kuri Safi ndetse no kumuryamaho. Ibi byabaye ubwo umuhanzi Safi Madiba yajyaga ku rubyiniro...
24 March 2018 1502 0

Umunyarwandazi Ketty yashyuhijwe n’urukundo akunda Rayvanny yifotoza yambaye ubusa [AMAFOTO]

Umunyarwandakazi witwa Ketty Nation yashyize hanze amafoto yambaye ubusa ku gice cyo hejuru.
10 December 2018 4615 0

Amarangamutima ya P Fla n’imihigo asohokanye muri gereza

Hakizimana Amani wamamaye nka P FLa mu njyana ya Hip Hop ari mu byishimo bikomeye nyuma y’uko asohotse muri gereza ya Mageragera mu mujyi wa Kigali yari amazemo umwaka afungiye gukoresha...
10 December 2017 777 0

Urutonde rw’abahanzi nyarwanda 5 bikundira agasembuye kurusha abandi-AMAFOTO

Mc Tino wahoze mu itsinda rya TBB rikaza gusenyuka yatangaje abahanzi batanu abona banywa inzoga kurusha abandi mu Rwanda. Uyu muhanzi akaba n’umushyushyarugamba MC Tino yahoze mu itsinda rya...
13 November 2017 7181 0

Bull Dogg yavuze ku mugore we wizihiza isabukuru y’amavuko

Umuraperi Ndayishimiye Malik Bertland [Bull Dogg] wamamaye mu Rwanda mu ndirimbo z’ikibonezamvugo mu njyana ya Hip Hop, ku wa 04 Ukwakira 2017 yifurije isabukuru y’amavuko umugore we, amuvuga...
5 October 2017 3029 0

Papa Cyangwe ukomeje kwibasira Kivumbi yamuhimbiye indirimbo

Nyuma y’iminsi mike abaraperi Papa Cyangwe na Kivumbi King baterana amagambo ntibyarangiriye aho kuko Papa Cyangwe yahise asohora indirimbo yibasira Kivumbi yiganjemo ibitutsi...
11 November 2022 449 0

Reba urutonde rw’abahanzi/kazi nyarwanda 23 utaruzi ko babyaye abana mbere yo gushinga urugo

Hari umubare munini w’abakora umuziki mu Rwanda bakiri ingaragu. Bamwe muri bo ariko bamaze kwibaruka mbere yo kurushinga. Bamwe byagiye bijya hanze abantu bakabimenya ariko abandi bakabigira...
13 July 2017 17532 0

Umuraperi w’ Umurundi yanenze abaraperi bose bo mu Rwanda, umwe ku wundi

Umuraperi wo mu Burundi uzwi nka B Face yashyize ahagaragara video y’indirimbo yise “La Différance” (Itandukaniro) aho avuga ko yashakaga kugaragaza ko abaraperi bo mu Burundi barusha kure abo mu...
28 February 2017 2959 0

Abahanzi 10 bagomba guhatanira PGGSS 7-URUTONDE

Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 8 Werurwe 2017, nibwo hemejwe abahanzi 10 bazahatana mu irushanwa ngarukamwaka rya Primus Guma Gum Super Star rigizwe n’ibitaramo bitanu aho kuba 17...
8 March 2017 2966 0

Isibo TV yatangaje abahanzi 7 bazataramira abazitabira ’The Choice Awards’

Abahanzi barindwi 7 bakomeye mu Rwanda batoranijwe n’Isibo Tv nkabazataramira abantu bazitabira umuhango wo gutanga ibihembo ’The Choice Awards’ ku nshuro ya...
12 March 2022 675 0

P-Fla atewe impungenge n’uburyo Bushali agiye kuzimamo-Reba urutonde rw’abahanzi/kazi nyarwanda bafunzwe bagahita...

Ubugirakabiri umuhanzi Hagenimana Jean Paul uzwi nka Bushali atabwa muri yombi akekwaho gukoresha ibiyobyabwenge,umuraperi P Fla umaze igihe mu bya muzika ndetse nawe wafunzwe abizira,yemeza ko...
4 November 2020 5063 0

Umuhanzi nyarwanda ukorera umuziki muri Amerika yashyize hanze Mixtape ikubiyemo ubutumwa butandukanye bujyanye n’ibi...

Shema Shikiro Richard umunyarwanda uba muri Amerika ukoresha izina ry’ubuhanzi rya Rich 1 yashyize hanze Mixtape igizwe n’indirimbo enye.
8 May 2020 1381 0

Jay Polly wari mu baraperi bakunzwe mu Rwanda yahitanwe n’uburwayi

Umuhanzi Tuyishime Joshua wakunzwe na benshi ku izina rya "Jay Polly" yitabye Imana azize uburwayi yari amaranye iminsi aho yari arwariye mu bitaro bya Muhima mu mujyi wa Kigali. Umuraperi Jay...
2 September 2021 3691 0

Ibigwi bya producer Junior Multisystem witabye Imana

Mu ijoro rya tariki 27 Nyakanga 2023 nibwo inkuru y’incamugongo yatashye imitima y’abakunzi ba muzika nyarwanda ibika urupfu rwa Karamuka Jean Luc wamamaye nka Junior Multisystem. Uyu munyamuziki...
28 July 2023 1214 0
0 | 30 | 60