Minisitiri w’ ubuzima Dr Diane Gashumba asanga ababyeyi n’ inzego z’ ubuyobozi bakwiye kurushaho guhagurukira ikibazo cy’ imirire mibi mu bana kuko ahenshi mu gihugu iki kibazo gihagaze nabi cyane....
Akarere ka Rwamagana niko kabaye akambere mu kwesa imihigo y’ umwaka wa 2016/2017 kavuye ku mwanya wa 17 kariho mu mwaka wa 2015/17. Ubushize Rwamagana yari yagize amanota 74,26% ubu yagize 82.2%....
Ubuyobozi bw’Itorero rya Pantekote mu Rwanda ADEPR bwafashe umwanzuroo guhinduranya abayobozi bari bahagarariye indembo n’uturere mu Rwanda.
UMURYANGO wamenye ko uyu muhango wabaye kuwa 25...
Abahahira n’abakorera mu isoko rya Nyirabisekuro riherereye mu murenge wa Remera ho mu karere ka Musanze, bavuga ko hashize imyaka irenga 60 iri soko riharemera, gusa ngo babangamirwa n’imiterere...
Kuri iyi tariki, Maj. Gen. Paul Kagame wari Umugaba Mukuru w’Ingabo za FPR Inkotanyi, yatangaje ko atangije intambara kuri Leta yakoraga Jenoside kuko bitari bigishoboka kubahiriza amasezerano...
Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame n’ umugore we Jeannette Kagame kuri uyu wa 4 Nyakanga 2018 ubwo u Rwanda rwihizaga umunsi mukuru wo kwibohora ku nshuro ya 24 batashye ku mugaragaro umudugudu w’...
Akarere ka Rwamagana kongeye kuza ku mwanya wa mbere mu mihigo y’umwaka wa 2017/2018 n’amanota 84.5%, umwanya nubundi aka karere kari kajeho mu mihigo y’umwaka...
Ubuyobozi bw’ akarere ka Musanze bwatagangaje ko hakirimo gukorwa iperereza ngo hamenyekanye icyateye amafi menshi yo mu mugezi wa Mukungwa gupfira rimwe.
Kuri iyi tariki, Maj. Gen. Paul Kagame wari Umugaba Mukuru w’Ingabo za FPR Inkotanyi, yatangaje ko atangije intambara kuri Leta yakoraga Jenoside kuko bitari bigishoboka kubahiriza amasezerano...
Muri bimwe mu byaranze itariki ya 11 Mata 1994 muri Jenoside yakorewe Abatutsi, ubwicanyi bwakomeje gufata umurego mu bice bitandukanye by’igihugu. Ni na wo munsi ingabo za Loni zatereranye...
Kuri uyu wa Gatatu taliki ya 22 Gicurasi 2019,nibwo amakipe yabashije gutanga ibihumbi 100 FRW yo kwiyandikisha mu gikombe cy’Amahoro yamaze kumenya yo bizahura,aho Rayon Sports izatangira ihura...
Umugabo witwa Myandagara Charles wari utuye mu Murenge wa Kiyumba Akagari ka Rukeri mu Karere ka Muhanga, yishe umugore we witwaga Yankurije Marie Rose amutemye n’umuhoro na we aza kwiyahura...
Kuri uyu wa Mbere taliki ya 23 Nzeri 2019, Minisitiri w’intebe arasura ibikorwa remezo bitandukanye mu Karere ka Burera aho agace kabimburira utundi muri uru rugendo rwe arabanza gusura Ikigo...
Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa kane taliki 17/10/2019 guhera saa yine za mu gitondo (10h00) azagurisha muri cyamunara umutungo utimukanwa wa Hakizimana Aloys...