Ku mugoroba wo kuri uyu wa kabiri tariki ya 29 Kanama 2017, Anita Pendo yibarutse umwana w’imfura w’umuhungu k’umusore w’umukinnyi Ndanda Alphonse bivugwa ko ariwe wayimuteye.
Anita Pendo ni umwe...
Perezida wa Misiri, Abdel Fattah el Sisi w’imyaka 66 y’amavuko yasoje uruzinduko rw’akazi rw’iminsi ibiri yagiriraga mu Rwanda.Ambasaderi wa Misiri mu Rwanda yabwiye ibitangamakuru byo muri kiriya...
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 15 Kanama 2017 , Perezida Abdel Fattah al-Sisi, na Perezida Kagame bagiranye ikiganiro n’itangazamakuru, aho Perezida Kagame yavuze ko yifatanyije...
Umugaba Mukuru w’Ingabo zirwanira mu kirere mu gisirikare cy’u Butaliyani, Lt Gen.Vecciarelli, ari mu ruzinduko mu Rwanda rwatangiye kuri uyu wa 25 Nyakanga 2017 rukazamara iminsi ibiri.
Uwo...
Minisitiri w’ intebe w’ u Rwanda Anastase Murekezi umurwanashyaka wa PSD ni umwe mu bantu bagera ku bihumbi 100 bitabiriye igikorwa cyo kwamamaza umukandida wa FPR Paul Kagame mu karere ka...
Biravugwa ko Anita Pendo asigaye abana na Ndanda mu nzu imwe nk’umugabo n’umugore, ngo aba bombi baranitegura gukora ubukwe bagahuza imiryango yabo.
Anita asanzwe ari umunyamakuru, Dj ndetse...
Ku itariki 15 na 16 Ukuboza 2016, ku nshuro ya 14 hazaba Inama y’Igihugu y’Umushyikirano izahuza abayobozi bose kuva kuri Perezida wa Repubulika kugera ku bayobozi b’inzego z’ibanze, abikorera,...
Bamwe mu bahoze ari abakozi b’ibyahoze ari komini zigereranywa n’uturere tw’ubu mu karere ka Nyamasheke , baravuga ko bishyuje imishahara yabo amaguru agahera mu nzira.
Aba baturage bavuga...
Padiri Thomas Nahimana yategerejwe i Kigali ku gicamunsi cyo kuwa Gatatu tariki ya 23 Ugushyingo 2016 amaso ahera mu kirere kuko atabashije kurenga i Nairobi muri Kenya kubera ‘impamvu...
Perezida wa Repubulika y’ u Rwanda Paul Kagame n’umufasha we Jeannette Kagame kuri uyu wa 29 Ukuboza 2016 bakiriye Minisitiri w’Intebe wa São Tomé et Príncipe, Patrice Trovoada ndetse n’umufasha we...
Minisiteri y’ ububanyi n’ amahanga y’ u Buhinde yatangaje ko Visi Perezida w’ iki gihugu Hamid Ansari azasura u Rwanda kuva tariki 19 -21 Gashyantare 2017.
Ni uruzinduko ruje nyuma y’ urwo umukuru...
Kuri iki cyumweru tariki ya 19 Gashyantare 2017, Vice-Perezida wa India Hamid Ansari yatangiye urugendo rw’iminsi itanu mu Rwanda na Uganda, rugamije gukomeza umubano.
Visi Perezida w’u Buhinde,...
Perezida w’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku isi ‘FIFA’, Gianni Infatino aragera mu Rwanda kuri uyu wa gatandatu tariki ya 25 Gashyantare 2017 saa 15:00 aturutse I Kampala muri Uganda....
Inkoni y’Umwamikazi itambagizwa mu bice bitandukanye byo mu Rwanda, aha ni mu rukari aho ababyinnyi bacinyaga umudiho mu kuyishimira muri 2014 (Ifoto/Internet)
Guhera kuwa 22 kugeza 25 Werurwe...
Kuwa Gatatu, tariki ya 5 Mata 2017, Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul Kagame.
Inama y’Abaminisitiri yemeje imyanzuro...
Umuryango w’Abibumbye uvuga ko amahanga yose akwiye kwigira ku byo u Rwanda rwagezeho nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi yabaye mu mwaka 1994.
Tariki ya 7 Mata buri mwaka, Loni yemeje ko ari...
Urwego rw’ igihugu rw’ imiyoborere RGB, rutangaza ko muri iyi mwaka ingengabitekerezo ya Jenoside n’ ibyaha bifitanye isano nayo bikiri ikibazo mu Rwanda. Ibyo ngo bigaragazwa ni uko buri kwezi...
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yakiriye Umuyobozi wa Komisiyo y’Umuryango w’Ubumwe bwa Afurika, Au, Moussa Faki Mahamat kuri uyu wa 8 Mata 2017.
Faki Mahamat yaje kwifatanya...