Abaturage batuye akarere ka Huye mu ntara y’ amajyepfo baravuga ko indwara ya maraliya imaze imyaka irenga ibiri ari icyorezo. Muri ako karere umuntu umwe mu bantu babiri arwaye maraliya.
Kuri...
Kuri uyu wa Kane Kamena 2018, Inama Njyanama y’Akarere ka Huye yatoye Uwamariya Veneranda kuba Umuyobozi w’ akarere ka Huye nyuma y’ uko mu cyumweru gishize yeguje komite nyobozi y’...
Mu Kagari ka Mpare mu Murenge wa Tumba ho mu Karere ka Huye, bafashe umusore amaze kwica ihene bamutegeka kuyiheka ku bitugu bamuzengurutsa Umujyi wa Huye mbere yo kumushyikiriza...
Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Huye kuri uyu wa 07 Nzeri 2018 yafashe umukobwa w’imyaka 17 wakoraga akazi ko mu rugo, akurikiranyweho kwiba umwana.
Ubushinjacyaha bw’urukiko rwisumbuye rwa Huye bwasabiye igifungo cy’imyaka 10 abaregwa mu rubanza rw’ikirombe cyagwiriye abantu batandatu mu Murenge wa Kinazi ho mu Karere ka Huye, tariki 3 Ukwakira...
Rayon Sports yerekeje i Huye kuri uyu wa Kane, tariki ya 1 Kamena, aho igomba kwitegura umukino uzayihuza na APR FC ku wa Gatandatu, tariki ya 3 Kamena...
Georgina Rodriguez, umukunzi wa kizigenza Cristiano Ronaldo yahishuye ko mbere y’uko abyara umwana agapfa,yabanje gutwita inda eshatu zivamo.
Uyu mukunzi wa Cristiano Ronaldo ntiyahiriwe...
Umukinnyi Sadio Mane uri kuvugwa cyane mu binyamakuru kubera ko ashobora kuva muri Liverpool yerekeza muri Bayern Munich,yahishuye ko nyina umubyara yamubwiye ko yatakaje ibiro 7 kubera ubwoba...
Umukinnyi wa Manchester United,Paul Pogba,yahishuye ko yagize ikibazo cyo kwiheba mu mwuga we.
Uyu mukinnyi wo hagati w’Ubufaransa, ufite imyaka 29, yatangaje ko yibwe umudari yegukanye mu...
Umukunzi wa Cristiano Ronaldo witwa Georgina Rodriguez akomeje kuvugwa mu binyamakuru kubera ukuntu agenda atangaza byinshi ku buzima bwe nyuma yo guhura na kiriya cyamamare.
Uyu mukobwa...
Inzego z’ umutekano z’ u Rwanda zongeye kurasa abandi bajura mu karere ka Huye mu murengeye bashaka kwiba ibikoresho birimo amatiyo y’amazi abaturage babwiye itangazamakuru ko abarashwe bari bambaye...
Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika ya Demokarasi ya Kongo,yatangaje ko yifuza guhura na Perezida Paul Kagame atagamije ko baganira ku bibazo byo mu burasirazuba bw’igihugu cye ahubwo...
Umukobwa w’imyaka 19 y’amavuko wo muri Colombia, yavugishije benshi cyane cyane abakoresha imbuga nkoranyambaga, nyuma yo kuvugira kuri Televiziyo yitwa TV Malambo yo muri icyo gihugu, ko yaba...
Gateka Brianne umenyerewe mu kuvanga umuziki ku mazina ya DJ Brianne, mu kwezi kumwe amaze i Burayi yatangaje ko yatengushywe bikomeye na bamwe mu bantu bari gukorana mu bitaramo yari ahafite, ku...
Abagabo bane bakekwaho kwica umusaza w’imyaka 68 y’amavuko wo mu Murenge wa Ruhashya mu Karere ka Huye, mu ibazwa ryabo bavuze ko bamuhoye kuba ari we waroze ababyeyi babo bagapfa...
Umukinnyi Rafael Nadal uyoboye abakinnyi b’abagabo bose ba Tennis mu kugira ibikombe bikomeye muri uyu mukino [grand slams],yatangaje ko guhera muri 2005 akinira ku buribwe bukomeye mu mubiri we...
Kuri iki cyumweru nibwo umuraperi Tuyishime Joshua wari uzwi nka Jay Polly yashyinguwe nyuma yo gupfira mu bitaro bya Muhima mu ijoro ryo kuwa Gatatu w’icyumweru gishize.
Urwego rw’Igihugu...
Ku mbuga nkoranyambaga hari gucicikana amashusho y’umugore wo mu karere ka Huye wakubitiye umugabo we mu nzira amubwira ngo “haguruka dutahe”,bitewe nuko ngo yahisemo kuva mu rugo nta ruhushya...
Rutahizamu w’ikipe ya Espagne,Alvaro Morata,yahishuye ko abafana bamututse cyane ndetse bamutera ubwoba bamubwira ko bazamwica we n’umuryango we kubera guhusha ibitego byabazwe mu mikino ya Euro...
Umukinnyi ukiri muto wa Manchester City,Phil Foden,yahishuye ko mu bakinnyi bose yahuye nabo muri uyu mwaka w’imikino uwamugoye cyane ari N’golo Kante wa Chelsea bazanahatana ku mukino wa nyuma wa...
Bamwe mu batuye akarere ka Huye bavuga ko gukora siporo bibafasha kugira ubuzima bwiza birinda kurwaragurika ndetse bikanatuma basabana. Ibi babigarutseho kuri iki cyumweru ubwo bahuriraga mu...
Mu ijoro ryakeye kuri uyu wa kabiri mu kagari ka Sovu mu murengewa Huye ho mu karere ka Huye,umusore yishe mugenzi we amukubise ubuhiri amumenagura umutwe.Abaturanyi baravuga ko inzoga z’inkorano...
Pasiteri wo mu itorero rya ADEPR wari utuye mu Murenge wa Ruli, Akarere ka Gakenke witwa Twagiramungu Ezechiel, yiyahuye bikekwa ko yakoresheje umuti wica...