Ikipe ya Espoir BBC yabuze abakinnyi basaga 18 muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu mwaka wa 1994 ndetse niyo kipe ya Basketball yatakaje abakinnyi benshi muri Jenoside.
Mu rutonde rw’abari...
Muri iki gihe Abanyarwanda bari kwibuka ku nshuro ya 24 Jenoside yakorewe Abatutsi,abakunzi ba ruhago nabo bakomeje kuzirikana abari abakinnyi babo bitangaga uko bikwiriye kugira ngo amakipe yabo...
Umuhanzi Auddy Kelly yifatanyije n’Abanyarwanda kwibuka ku nshuro ya 24 Jenoside yakorewe abatutsi muri Mata 1994 avuga ko atakwibagirwa ababyeyi ndetse n’abandi bazize Jenoside ababwira ko bari...
Umuraperi Hakizimana Amani uzwi nka Ama G The Black yatangaje ko gushwana kwe n’umuhanzi Bruce Melodie bifitanye isano ya bugufi n’umugore we, Uwase Liliane baherutse kurushinga banafitanye umwana...
Imodoka yari itwaye ikipe y’abana y’umukino wa Hockey yitwa Humboldt Broncos yo muri Canada, yagonganye n’ikamyo ubwo yari igiye gukina,abantu 13 n’umushoferi bari muri iyi bisi bahita bitaba Imana....
Ikipe ya Costa do Sol yo muri Mozambike yamaze kugera mu Rwanda aho ije gucakirana na Rayon Sports mu ijonjora rya nyuma ryo kwerekeza mu matsinda ya CAF Confederations Cup.
Iyi kipe igomba...
Abana bo ku muhima bamamaye ku mbuga nkoranyambaga kubera kwigana uko ba Nyampinga bagenda basangiye na Miss Iradukunda Liliane ku munsi mukuru wa Pasika.
Kuri uyu wa Mbere tariki 2 Mata 2018...
Rulindo: Abana baguwe nabi nyuma yo kugaburirwa inzoka
Abana babiri bavukana bo mu murenge wa Ntarabana mu karere ka Rulindo bajyanywe mu bitaro babemerewe nabi nyuma yo kugaburirwa inzoka...
Rehema Fabian yatangaje ko yafashije Diamond byinshi muri muzika ye akababazwa nuko yamubenze amaze amaze kuba umusitari.
Umukobwa wo muri Tanzania witwa Rehema Fabian aganira n’ikinyamakuru...
Kuri iki Cyumweru tariki ya 25 Werurwe 2018, nibwo Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we wa Uganda Yoweli Museveni,byibanze ku bibazo bishingiye ku muhanda wa gari ya moshi,...
Munyaneza Didier ukinira ikipe ya Benediction y’I Rubavu niwe wegukanye agace ka mbere ka Rwanda Cycling Cup aho abasore bavaga i Kigali berekeza i Huye babanje kuzenguruka umujyi. Rwanda CC...
Ishyaka riri ku butegetsi mu Burundi CNDD FDD ryatangaje ko kuba Perezida Pierre Nkurunziza yaragizwe umuyobozi uhoraho waryo ntaho bihuriye n’ amatora ya Perezida w’ u Burundi ateganyijwe muri...
Mujyanama Claude uzwi nka TMC mu itsinda ’Dream Boys’ yaririye mu kiganiro yatumiwemo kubera indirimbo yabo nshya ’Wagiye kare ifite icyo imwibutsa.
TMC ubwo yari kuri Radiyo Rwanda ku mugoroba...
Umusore w’ umunya Cameroun w’ imyaka 24 yakoreye ibidasanzwe mu Bufaransa aryamana n’ umugore n’ abakobwa be batatu abatera inda uko ari bane.
Aba bakobwa uko ari batatu uw’ imyaka 17, uwa 19 n’...
Ni Perezida w’ igihangange bigoye kubona yifotoje aseka, cyangwa agaragaza ibinezaneza ku maso, ayoboye kimwe mu bihugu by’ ibihangange mu Isi, Uburusiya. Mu gihe habura iminsi mike ngo Perezida...
Iradukunda izina rihiriwe ryikurikiranya (2017,2018); Liliane umukobwa w’urubavu ruto wandikishije amateka mashya, ubuzima buhindurirwa mu maso ya benshi yivugira ko mu ijoro yambikiwemo ikamba...
Umuraperi Bull Dog atangaza y’uko hari abahanzi b’abaraperi bagenzi be abona bakoze neza uyu mwaka bagakwiye guhabwa umwanya n’abo bagahatana/bakongera guhatana mu irushanwa rya Primus Guma Guma...
Bimwe mu byahishwe mu bagize itsinda rya Goodlife biri kugenda bihishurwa nyuma y’urupfu rwa nyakwigendera Mowzey Radio washyinguwe ku wa Gatandatu w’icyumweru gishize aho ibihumbi 2 by’amadolari...
Ingabire Butera Jean d’Arc wiyeguriye muzika nka Knowless atangaza ko na mbere y’uko akundana na Ishimwe Karake Clement bari basanzwe baziranye mu mashuri yisumbuye ariko ko yamutinyaga mu buryo...
Mowzey Radio, umuririmbyi rurangiranwa witabye Imana ku wa 01 Gashyantare, 2018 agashengura imitima ya benshi atabarutse yarabanje gukora uko ashoboye kose amenyana na mushiki we...