Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 30 Kanama 2017 ahagana i saa saba n’iminota micye nibwo Perezidansi ya Repubulika y’u Rwanda yasohoye itangazo riramenyesha ko Perezida wa Republika Paul Kagame ,...
Minisitiri w’Intebe mushya wa 11 u Rwanda rugize, Dr Ngirente Edouard, yatangaje ko yashimishijwe bikomeye no gushyirwa mu mirimo yo gukorera igihugu cye, yijeje abaturage ubufatanye buhoraho mu...
Ababyeyi babyarira mu bitaro bya Kabutare bavuga ko babangamirwa no kuba nyuma yo kubyara baryamishwa bacurikiranye ari babiri ku gitanda kimwe n’impinja zabo ebyiri.
Ibitaro bya Kabutare nibyo...
Kuwa 01 Ukwakira Safi Madiba yamanitse ukoboko imbere y’amategeko y’Igihugu ahamyaka ko azakomeza gukunda Niyonizera Judithe mu bibi no mu byiza ndetse ko azamukunda by’iteka ryose.’Ni indahiro...
Abashyigikiye Raila Odinga utavuga rumwe n’ ubutegetsi bwa Kenya ufite gahunda yo kurahirira kuyobora iki gihugu bamaze kugera kuri Uhuru Park ahateganyijwe kubera umuhango wo kwakira indahiro y’...
Benshi mu batuye isi bakurikiranye ubukwe bw’igikomangoma Harry na Meghan Markle bumaze iminsi buvugwa mu bitangazamakuru bitandukanye , bwabaye kuri uyu wa...
Mu nshamake y’ uko Isi yiriwe tariki 23 Gicurasi harimo uruzinduko rwa Perezida Kagame mu Bufaransa, Muri Amerika umunyamategeko wa Trump yariye ruswa ategura ibiganiro hagati ya Trump na Perezida...
Ibyamamare mu muzika wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika Jay-Z n’umugore we Beyonce batunguye benshi kubera amafoto bashyize hanze bambaye ubusa mu rwego rwo kwamamaza ibitaramo bari...
Umuyobozi wa Radio na TV 1 Kakooza Nkuliza Charles uzwi nka KNC yatangaje ko ibyo umunyamakuru Rutamu Elie Joe ukunzwe cyane mu byerekeye kogeza umupira yatangaje kwari ukwikinira atari akomeje...
Umunyamakuru wari ukunzwe na benshi mu kogeza umupira w’amaguru Rutamu Elie Joe wakoreraga Radio 1 yamaze gusezera ku mwuga w’itangazamakuru burundu kubera gusezererwa rugikubita kwa Argentina mu...
Tumukunde Gisèle, umukobwa wamamaye mu mashusho y’indirimbo akaba n’umwe mu bazwi cyane kuri Instagrammu Rwanda, yarushinganye na Nshimiyimana Emmanuel[Matic] uri mu bayobozi ba rimwe mu matsinda...
Umusaza w’ imyaka 84 wo mu Murenge wa Cyanika mu Karere ka Burera yasezeranye n’umugore w’imyaka 29 imbere y’amategeko kubera impungenge ko umugore we ashobora kuzamusiga akisangira abakiri bato no...
Umwana w’imyaka 7 ukomoka mu Bwongereza witwa Logan Mountcastle ari guca ibintu hirya no hino ku isi kubera gushyingiranwa na mama we umubyara mu bukwe bwapanzwe kugira ngo bashimishe uyu...
Tom Close umwe mu bahanzi nyarwanda bamaze kubaka izina rikomeye muri uyu muziki, we nk’umuhanzi akaba n’umumbyeyi w’abana babiri abona ko umufana w’umuhanzi ari we uvamo n’umugore mwiza...
Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yakomoje ku mbabazi ziherutse guhabwa imfungwa zirenga 2000 avuga ko zatanzwe byakozwe mu buryo bwo gukemura ibibazo agaragaza ko bitatewe n’...
Abandi Banyarwanda batatu binjiye muri Uganda bafite ibyangombwa byabo baburiwe irengero ubwo bari mu masenegsho yari yateguwe na Pasiteri Robert Kayanja.
Nyakubahwa perezida wa Repubulika Paul Kagame yabwiye abinjiye mu mutwe Sena ko ubuyobozi bahawe ari amahirwe bakwiriye gukoresha neza kuko hari abayabona bakayakoresha...