Kuri uyu wa Gatandatu taliki ya 29 Nyakanga 2017 nibwo ikipe ya Patriots BBC yigaranzuye ikipe ya REG BBC iyitwara igikombe cy’imikino ya kamarampaka (Playoffs 2017) aho kapiteni wa Patriots...
Tariki ya 30 Nyakanga, ni umunsi wa 211 mu minsi 365 igize uyu mwaka. Iminsi 154 niyo isigaye ngo uyu mwaka ugere ku musozo.
1502: Christophe Colomb wavumbuye Amerika akitirirwa igihugu...
Miss Jojo [Josiane Iman Uwineza] umaze igihe yarashyize ku ruhande iby’umuziki yashyingiranwe na Salim Minani bamaranye igihe mu munyenga w’urukundo.Umugabo we yasabye anakwa umugeni we kuri uyu...
Bernard Makuza avuga ko Kagame akwiye kuzatorerwa n’indi myaka 10 izakurikiraho, cyane ko Itegeko Nshinga ryemerera Abanyarwanda kubikora.
Ibi yabivuze ubwo uyu mukandida wa FPR-Inkotanyi...
Umunyamideli Amber Rose Levonchuck yigambye kuba aho yavukiye ariwe mukobwa wenyine w’ikizungerezi uhakomoka, ngo gukurira muri ako gace kuri we byamubereye umuvumo n’ umugisha.
Ibi uyu mukobwa...
Minisiteri y’ingabo ya Leta zunze zubumwe z’ Amerika, Pentagon, yemeje ko Koreya ya ruguru yagerageje missile muri aya masaha ya nimugoroba ku wa Gatanu nkuko byemezwa n’inzego z’umutekano muri...
Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga w’ Ubuyapani, Fumio Kishida, yatangaje ko Ubuyapani bwiteguye gutera ingabo mu bitugu Leta Zunze Ubumwe za Amerika ku bihano byafatiwe Koreya ya Ruguru.
Yavuze ko...
Abasirikare bato barimo uwitwa Pte Nshimyumukiza Jean Pierre na Pte Ishimwe Claude, bakurikiranyweho kwica Ntivuguruzwa Aimé Ivan, wari utuye i Gikondo mu karere ka Kicukiro imbere y’urukiko...
Eman Ahmed Abdulati ku myaka 36 ni umugore wo mu gihugu cya Misiri waciye agahigo ko kuba umugore munini ku Isi, ariko kuri ubu ubuzima bwe bwagize impinduka zigaragara, nyuma y’aho akuriwe...
Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 28 Nyakanga 2017, Paul Kagame yiyamamarije mu karere ka Rusizi mu kibaya cyo mu Murenge wa Nyakabuye mu Kagari ka Mashyuza.Ni nyuma y’uturere twa Rutsiro na Karongi...
Umutoza mushya wa Rayon Sports Karekezi Olivier umaze amasaha make ageze mu Rwanda,amaze gukoresha imyitozo ye ya mbere aho abafana benshi bakubise bakuzura ku Mumena.
Ku I saa tatu zuzuye...
Uwahoze ari rutahizamu w’ikipe ya Manchester United umunya Sweden Zlatan Ibrahimovic yatunguye abantu bamukurikirana ku rubuga rwa Instagram ubwo yafataga ifoto ye akayihuza n’iyi ingagi izwi cyane...
Mu myitozo yo kuri uyu munsi ikipe ya Barcelona yakoreye Miami umusore Neymar Jr uri kuvugwa cyane ko yifuzwa n’ikipe ya Paris st Germain yagaragaye ashwana ni umukinnyi Nelson Semedo waje muri...
Umukinnyi Cristiano Ronaldo ukinira ikipe ya Portugal witegura kwakira umwana wa kane yatangaje ko yifuza kubyara abana 7 bahwanye na nimero 7 akunda cyane ndetse yashyize mu kirango...
Paul Kagame yabwiye abaturage batuye akarere ka Karongi no mu nkengero zako ko batasigaye inyuma ndetse ko badateze gusigara inyuma, ngo u Rwanda rushya rurimo abayobozi n’abaturage badafite...
Rutahizamu wari utegerejwe cyane n’abakunzi ba Rayon Sports Alassane Tamboura yamaze kugera I Kigali aho avuye muri Mali kugira ngo afashe iyi kipe ifite abafana benshi mu Rwanda.
Ku munsi w’ejo...
Minisitiri w’ intebe wa Israel Benjamin Netanyahu yatangaje ko ikinyamakuru gikomeye gifite televiziyo y’ Abakatari Al Jazeera kigomba gufungwa muri Israel kubera guhembera amakimbirane...
Umusore Alassane Tamboura w’imyaka 20 wakinaga mu ikipe ya AS Bamako muri Mali ategerejwe kuri uyu wa gatatu I Kigali aho aje gusinyira ikipe ya Rayon Sports yifuza Rutahizamu wo ku rwego rwo...
Ku cyumweru tariki ya 23 Nyakanga 2017 abantu batatu batwitse umurima wa Perezida Nkurunziza w’u Burundi urakongoka. Uko ari batatu bafunzwe n’igipolisi cyo mu gace ka Gatwaro muri komini Kiremba....
Tariki 25 Nyakanga 2017 Paul Kagame watanzwe na FPR Inkotanyi yagombaga kwiyamamariza mu turere twa Musanze, Nyabihu na Rubavu. Mu gitondo cyo ku wa kabiri byatunguye benshi ubwo hatangazwaga ko...