Umujyanama [Manager] w’Icyamamare muri muzika ya Tanzaniya Diamond Platnmuz, yatangaje ko umuhanzi we atari mu bashakishwa na Polisi anavuga ko itangazo rigenewe Abanyamakuru ryashyizwe hanze...
Urukuta Perezida wa Leta zunze Ubumwe z’ Amerika Donald Trump avuga ko azubaka mu mupaka wa Leta zunze ubumwe z’ Amerika na Mexique ngo ruzamutwara miliyari 21 na miliyoni 600 z’ amadorali y’...
Michael Flynn wari umujyanama mukuru wa Perezida wa Leta zunze Ubumwe z’ Amerika Donald Trump mu byerekeye umutekano w’ igihugu yeguye kuri uyu mwanya bitewe no kuba yaraganiriye na Ambasaderi w’...
Minisiteri y’ ububanyi n’ amahanga y’ u Buhinde yatangaje ko Visi Perezida w’ iki gihugu Hamid Ansari azasura u Rwanda kuva tariki 19 -21 Gashyantare 2017.
Ni uruzinduko ruje nyuma y’ urwo umukuru...
Muri Leta zunze Ubumwe z’ Amerika Vice Amiral Robert Harward yanze umwanya w’ umunjyanama mukuru ku bibazo by’ umutekano w’ igihugu yari yahawe na Perezida Donald Trump avuga ko ari akazi kagoye....
Igisirikare cya Repubulika iharanira Demukarasi ya Congo FARDC cyatangaje ko imirwano y’ iminsi itatu yagishyamiranyije n’ umutwe wa M23 yaguye abantu 16.
Iyi mirwano yatangiye ku wa Mbere w’ iki...
Abanyarwanda babarizwa mu Budage, Pologne, Liechteinstein, Repubulika ya Czech, Slovakia, Romania na Ukraine, bashyiriweho ahantu bazatorera Perezida wa Repubulika mu matora ateganyijwe kuwa 3...
Guverinoma ya Leta zunze Ubumwe z’ Amerika yemeje ko Umucamanza mukuru, Jeff Sessions uheruka gushyirwaho na Perezida Donald Trump yabonanye inshuro ebyiri na Ambasaderi w’ u Burusiya muri icyo...
Igisirikare cya Kenya cyatangaje ko cyishe abarwanyi 57 bo mu mutwe wa Al shabaab wiyitirira idini ya Islam mu mirwano yabereye mu majyepfo ya Somalia ejo ku wa Gatatu tariki ya 2 Werurwe 2017....
Ubuyobozi bw’ikipe ya Rayon Sports bwatangaje ko umuntu wese wifuza guherekeza ikipe ya Rayon Sports muri Mali igiye gukina n’ikipe ya Onze Createurs mu mikino nyafurika agomba kwishyura amafaranga...
Perezida Kagame atanga ikiganiro mu Kigo cya Politiki cya Kaminuza ya Harvard ku wa 26 Gashyantare 2016
Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame biteganyijwe ko muri iki cyumweru azerekeza muri Leta...
Kim Jong nam na Perezida wa Koreya ya Ruguru Kim Jong Un
Igihugu cya Koreya ya Ruguru n’ igihugu cya Malyasia byahagaritse by’ agateganyo urujya n’ uruza rw’ abaturage bava mu gihugu kimwe bajya mu...
Ambasade ya Israel mu Rwanda yatangaje ko Ambasaderi Belaynesh Zevadia uhagarariye Israel mu Rwanda azitabira imurikabikorwa ry’ ubuhinzi zizabera ku Mulindi kuva tariki 22 – 27 Kamena 2017.
Nk’...
Impunzi z’ Abarundi n’ iz’ Abanyarwanda ziri mu nkambi Dzaleka iri hafi y’umurwa mukuru wa Malawi, Lilongwe zagiranye amakimbirane ashingiye ku moko nk’ uko byatangajwe na Leta ya Malawi.
Mu minsi...
Umusore Micheal Phelps watwaye imidali 5 ya zahabu mu mikino Olimpiki iheruka yatunguye abakunzi be ababwira ko yiteguye gusiganwa n’igifi kinini (shark) mu rwego rwo gushimisha abakunzi be ibintu...
Ubwo yari mu irushanwa ribanza rya “ Isle of man TT”Umwongereza w’imyaka 48 Davey Lambert ukina umukino wo gusiganwa ku ma moto uzwi nka “Superbike “yakoze impanuka ikomeye yatumye akomereka cyane...
Perezida Pierre Nkurunziza na Perezida wa komisiyo ya EU, Jose Manuel Barroso, bahuriye mu nama muri 2014
Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara ejo ku wa Mbere tariki 5, u Burundi bwavuze ko...
Abanyarwanda baba mu gihugu cy’u Bubiligi biteguye guhura na Perezida Paul Kagame mu kwezi gutaha aho azaba yitabiriye Ihuriro ngarukamwaka ryiga ku iterambere ry’umugabane w’u Burayi (annual...