skol
Kigali

Search: Itangazo (4321)

Polisi y’u Rwanda n’iya Ecosse zitegereje kuganira ku butwererane

Umuyobozi w’ishami rishinzwe ibikorwa byo guteza imbere Polisi ya Ecosse n’iterambere mpuzamahanga, Supt Shaun McKillop yatangaje ko bazahura na polisi y’u Rwanda bakaganira ku butwererane bwabaho...
7 February 2017 337 0

Umujyanama wa Diamond yahakanye ko ari mu bahigwa bukware na Polisi

Umujyanama [Manager] w’Icyamamare muri muzika ya Tanzaniya Diamond Platnmuz, yatangaje ko umuhanzi we atari mu bashakishwa na Polisi anavuga ko itangazo rigenewe Abanyamakuru ryashyizwe hanze...
9 February 2017 1037 0

Akayabo kazagenda ku rukuta rutandukanya USA na Mexique kamenyekanye, Mexique yateguye imyigaragambyo

Urukuta Perezida wa Leta zunze Ubumwe z’ Amerika Donald Trump avuga ko azubaka mu mupaka wa Leta zunze ubumwe z’ Amerika na Mexique ngo ruzamutwara miliyari 21 na miliyoni 600 z’ amadorali y’...
12 February 2017 4481 0

Perezida Museveni yasobanuye iby’ uko yafashe Umwami akamugira Ambasaderi

Perezida wa Uganda Yoweri Kaguta Museveni yasobanuye icyatumye afata Kyabazinga (William Nadiope Gabule IV) Umwami w’ umuco wa Busoga akamugira ambasaderi ufite inshingano zihariye mu biro bya...
12 February 2017 5137 0

Icyifuzo cya De Gaulle ku mutoza ukwiriye Amavubi cyakomye bamwe mu nkokora

Amavubi agomba gutozwa n’umutoza ufata ikipe itazwi akayizamura akayigeza ku rwego rushimishije; rurimo kwitabira amarushanwa akomeye. Ibyo ni ibigwi by’umutoza wabikoze ntabwo ari iby’uwakongera...
13 February 2017 3281 0

Umujyanama wa Perezida Trump ikiganiro yagiranye n’ Ambasaderi w’ Uburusiya cyamukozeho

Michael Flynn wari umujyanama mukuru wa Perezida wa Leta zunze Ubumwe z’ Amerika Donald Trump mu byerekeye umutekano w’ igihugu yeguye kuri uyu mwanya bitewe no kuba yaraganiriye na Ambasaderi w’...
14 February 2017 1924 0

Nta mezi abiri arashira Perezida Kagame avuye mu Buhinde, Visi Perezida w’ iki gihugu agiye gusura u...

Minisiteri y’ ububanyi n’ amahanga y’ u Buhinde yatangaje ko Visi Perezida w’ iki gihugu Hamid Ansari azasura u Rwanda kuva tariki 19 -21 Gashyantare 2017. Ni uruzinduko ruje nyuma y’ urwo umukuru...
17 February 2017 754 0

Uwahoze ari umusirikare yavuze icyatumye yanga inshingano yahawe na Trump

Muri Leta zunze Ubumwe z’ Amerika Vice Amiral Robert Harward yanze umwanya w’ umunjyanama mukuru ku bibazo by’ umutekano w’ igihugu yari yahawe na Perezida Donald Trump avuga ko ari akazi kagoye....
17 February 2017 5012 0

16 baguye mu mirwano yashyamiranyije M23 na FARDC

Igisirikare cya Repubulika iharanira Demukarasi ya Congo FARDC cyatangaje ko imirwano y’ iminsi itatu yagishyamiranyije n’ umutwe wa M23 yaguye abantu 16. Iyi mirwano yatangiye ku wa Mbere w’ iki...
24 February 2017 3588 0

U Bwongereza: Inzu yubakiwe guhungishirizwamo abayobozi yatahuwemo umurima munini w’ urumogi(AMAFOTO)

Mu gihugu cy’ u Bwongereza mu nzu yubakiwe guhungishirizwamo abayozi, hatahuwe umurima w’ urumogi rufite agaciro ka amadorali y’ Amerika miliyoni n’ ibihumbi 200. Iyo nyubako yasanzwemo uyu murima...
24 February 2017 2332 0

Amatora 2017: Mu Budage hashyizweho ahantu hatanu hazatorerwa Perezida wa Repubulika y’ u Rwanda

Abanyarwanda babarizwa mu Budage, Pologne, Liechteinstein, Repubulika ya Czech, Slovakia, Romania na Ukraine, bashyiriweho ahantu bazatorera Perezida wa Repubulika mu matora ateganyijwe kuwa 3...
27 February 2017 894 0

Ibihugu bibiri byatumye inama ya 18 y’ abakuru b’ ibihugu bigize EAC yongera gusubikwa

Ubunyamabanga bw’ Umuryango wa Afurika y’Uburasirazuba EAC bwatangaje ko inama y’ Abakuru b’Ibihugu bigize uwo muryango yari iteganyijwe muri Werurwe uyu mwaka itakibaye muri uko kwezi ahubwo...
28 February 2017 2590 0

Umucamanza mukuru washyizweho na Trump aranugwanugwa mu bamufashije kubona insinzi itavugwaho rumwe

Guverinoma ya Leta zunze Ubumwe z’ Amerika yemeje ko Umucamanza mukuru, Jeff Sessions uheruka gushyirwaho na Perezida Donald Trump yabonanye inshuro ebyiri na Ambasaderi w’ u Burusiya muri icyo...
2 March 2017 598 0

Al shabaab yakozanyijeho n’ igisirikare cya Kenya abarenga 50 bahasiga ubuzima

Igisirikare cya Kenya cyatangaje ko cyishe abarwanyi 57 bo mu mutwe wa Al shabaab wiyitirira idini ya Islam mu mirwano yabereye mu majyepfo ya Somalia ejo ku wa Gatatu tariki ya 2 Werurwe 2017....
3 March 2017 1357 0

Urifuza guherekeza Rayon Sports muri Mali gukina na Onze Createurs? Dore ibyo usabwa

Ubuyobozi bw’ikipe ya Rayon Sports bwatangaje ko umuntu wese wifuza guherekeza ikipe ya Rayon Sports muri Mali igiye gukina n’ikipe ya Onze Createurs mu mikino nyafurika agomba kwishyura amafaranga...
6 March 2017 2975 0

Perezida Kagame ategerejwe muri Kaminuza ya Havard aherukamo umwaka ushize

Perezida Kagame atanga ikiganiro mu Kigo cya Politiki cya Kaminuza ya Harvard ku wa 26 Gashyantare 2016 Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame biteganyijwe ko muri iki cyumweru azerekeza muri Leta...
6 March 2017 716 0

Abantu 8 bapfuye, 28 baravunika ubwo barwaniraga ibyo kurya muri Zambia

Mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere tariki ya 06 Werurwe 2017, mu gihugu cya Zambia abantu umunani bapfuye abandi bagera kuri 28 baravunika ubwo habaga umubyigano barwaniraga kwakira ibyo kurya....
6 March 2017 1286 0

Koreya ya Ruguru na Malyasia byafungiranye imipaka

Kim Jong nam na Perezida wa Koreya ya Ruguru Kim Jong Un Igihugu cya Koreya ya Ruguru n’ igihugu cya Malyasia byahagaritse by’ agateganyo urujya n’ uruza rw’ abaturage bava mu gihugu kimwe bajya mu...
7 March 2017 2026 0

Ingengabihe ya PGGSS VII, igizwe n’ibitaramo bitanu gusa

BLARIRWA yasohoye itangazo igaragaza ko irushanwa ngarukamwaka rigamije kuzamura urwego rw’umuziki Nyarwanda ’Primus Guma Guma Super Star’ igiye kuba ku nshuro ya karindwi muri uyu mwaka,...
8 March 2017 1223 0

Miliyari 4,8 z’ Amayero zigiye gushorwa mu mishinga ibyarira Afurika ingufu zisubiramo

Komisiyo y’ Umuryango w’ ubumwe bw’ Ibihugu by’ I Burayi yatangaje ko igiye gutangiza muri Afurika imishinga 19 ibyara ingufu z’ amashyarazi zisubiramo (renewable energies). Iyo mishinga izatwara...
8 March 2017 465 0

Ambasaderi wa Israel mu Rwanda azitabira imurikabikorwa ry’ ubuhinzi rigiye gutangira

Ambasade ya Israel mu Rwanda yatangaje ko Ambasaderi Belaynesh Zevadia uhagarariye Israel mu Rwanda azitabira imurikabikorwa ry’ ubuhinzi zizabera ku Mulindi kuva tariki 22 – 27 Kamena 2017. Nk’...
21 June 2017 782 0

Malawi: Impunzi z’Abarundi zashyamiranye n’iz’Abanyarwanda biravugwa ko hari ababitakarijemo ubuzima

Impunzi z’ Abarundi n’ iz’ Abanyarwanda ziri mu nkambi Dzaleka iri hafi y’umurwa mukuru wa Malawi, Lilongwe zagiranye amakimbirane ashingiye ku moko nk’ uko byatangajwe na Leta ya Malawi. Mu minsi...
21 June 2017 1556 0

Burundi: Gusezerana byagizwe itegeko abatazabikora bazahanwa

Nyuma y’ itangazo cyashizwe ahagaragara na Minsitiri w’ umutekano mu gihugu cy’ u Burundi gusezerana byagizwe itegeko abatazabyuhahiriza bazajya bacibwa amande y’ ibihumbi 50 by’ Amarundi. Nk’ uko...
20 June 2017 573 0

Icyamamare mu mukino wo koga kirashaka gusiganwa n’igifi cyo mu mazi

Umusore Micheal Phelps watwaye imidali 5 ya zahabu mu mikino Olimpiki iheruka yatunguye abakunzi be ababwira ko yiteguye gusiganwa n’igifi kinini (shark) mu rwego rwo gushimisha abakunzi be ibintu...
17 June 2017 1152 0

Umuhanzi wo muri Uganda yaciwe miliyoni 56 z’ amashilingi kubera guteza akavuyo mu kiriyo cy’ umuherwe...

Umuhanzi wo mu gihugu cya Uganada Moses Sekibogo uzwi ku izina rya Mowzey Radio yasabwe kwishyura miliyoni 56 z’ amashilingi ya Uganda azira guteza akavuyo mu kiriyo cy’ umuherwe nyakwigendera Ivan...
8 June 2017 1736 0

Imwe muri za Nkura u Rwanda ruherutse kuzana yivuganye inzobere mu kwita ku nyamaswa

Krisztián Gyöngyi wari inzobere mu kwita ku butaka, ikirere, amazi, inyamaswa, n’ ibimera yaguye muri pariki y’ Akagera yishwe n’ inkura kuri uyu wa Gatatu tariki 7 Kamena 2017. Nk’ uko bigaragara...
8 June 2017 6290 0

Umwongereza usiganwa kuri moto yakoze impanuka arapfa

Ubwo yari mu irushanwa ribanza rya “ Isle of man TT”Umwongereza w’imyaka 48 Davey Lambert ukina umukino wo gusiganwa ku ma moto uzwi nka “Superbike “yakoze impanuka ikomeye yatumye akomereka cyane...
7 June 2017 2220 0

U Burundi burashinja u Burayi kuba inyuma y’ ibibazo bufite

Perezida Pierre Nkurunziza na Perezida wa komisiyo ya EU, Jose Manuel Barroso, bahuriye mu nama muri 2014 Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara ejo ku wa Mbere tariki 5, u Burundi bwavuze ko...
6 June 2017 885 0

RURA yemeje ko NEC idafite uburenganzira bwo kubuza abaturage gukoresha imbugankoranyambaga

Ikigo ngenzura mikorere (RURA) cyatangaje ko Komisiyo y’Igihugu y’Amatora (NEC) nta burenganzira ifite bwo kugenzura cyangwa kubuza abaturage gukoresha imbuga nkoranyamabaga Ni mu gihe komisiyo...
1 June 2017 760 0

Abanyarwanda baba mu Bubuligi bategereje Perezida Kagame n’urukumbuzi rwinshi

Abanyarwanda baba mu gihugu cy’u Bubiligi biteguye guhura na Perezida Paul Kagame mu kwezi gutaha aho azaba yitabiriye Ihuriro ngarukamwaka ryiga ku iterambere ry’umugabane w’u Burayi (annual...
27 May 2017 976 0
0 | ... | 4050 | 4080 | 4110 | 4140 | 4170 | 4200 | 4230 | 4260 | 4290 | 4320