Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa mbere nibwo Ikigo cy’Imisoro n’Amahoro (RRA) cyamanitse ahahurira abantu benshi mu gace inyubako ya Union Trade Center (UTC) imenyesha abantu banyuranye ko taliki...
Vincent Munyeshyaka wagizwe Minisitiri w’ ubucuruzi n’ inganda yatangaje ko agiye gusoma neza iby’ ubutaka u Rwanda rwahawe na Kenya Umunyakenya akabizamo ubu bukaba buri mu manza.
Mu myaka wa...
Dr Alexis Nzahabwanimana wari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’ibikorwa remezo ushinzwe gutwara abantu n’ibintu yavuze ko yizeye ubushobozi bwa Eng Uwihanganye Jean de Dieu wamusimbuye kuri...
Mu masaha y’umugoroba kuri uyu wa 04 Nzeri 2017, Polisi y’u Rwanda yakuye mu rugo Diane Rwigara, murumuna we Anne Rwigara n’umubyeyi wabo, Adeline Rwigara.
Ni nyuma y’uko mu gitondo cyo kuri uyu...
Sano James wari umuyobozi mukuru w’ ikigo cya Leta gishinzwe amazi isuku n’ isukura WASAC ari mu maboko ya Polisi y’u Rwanda guhera tariki ya 02 Nzeli 2017 akurikiranyweho gutanga amasoko mu buryo...
Mu ijoro ryo ku wa 02 Nzeri 2017 umunyabigwi Meddy yataramiye mu Karere ka Bugesera i Nyamata mu gitaramo cya Mutziig Beer Fest 2017 cyabereye kuri Golden Tulip Hotel, umwe mubakobwa bari...
Ambasaderi w’ u Rwanda muri Danmark yakiriye igihembo cyagenewe u Rwanda na kampani ikora drones u Rwanda rurimo kwifashisha mukugeza amaraso ku barwayi kwa muganga.
Iki gihembo kizwi nka INDEX...
Bamwe mu baturage bo mu karere ka Nyamasheke bagaragaza ikinyabupfura gike no kutubahana aho badatinya gutukana kabone n’ iyo baba bareba imbere yabo umunyamakuru urimo gufata amajwi n’ amashusho....
Senderi Internationah Hit ufite ibyangombwa byanditseho Nzaramba Eric yatangaje ko yamaze kunoza neza umushinga wo gutanga amagare ku baturage bajyaga kuvoma amazi ya Nyabarongo bakaribwa...
Umuririmbyi Kitoko Bibarwa uri mu Rwanda, yavuzweho kuba mu rukundo n’umunyamakuru w’umunyarwandakazi Kizima Ngabonziza Joella, hejuru y’ibyo ngo baniteguraga kurushinga.
Bibarwa Patrick wageze...
Umuhanzi w’ Umunyarwanda Mugisha Benjamin, wiyise The Ben wari uherutse mu Rwanda mu ntangiriro z’ uyu mwaka wa 2017 kuri uyu wa Kane tariki 17 Kanama yongeye kugaruka mu Rwanda; inshuti, abakunzi...
Abaturage bo mu karere ka Gasabo baranenga umunyamabanga nshingwabikorwa w’ akagari ka Mukuyu kuba abaha serivisi mbi akanabaka ruswa mu myubakire, uyu muyobozi uhakanana ibyo ashinjwa n’ abaturage...
Kuri uyu wa 15 Kanama 2017, ahagana saa sita n’iminota mike nibwo Perezida Abdel Fattah el-Sisi wa Misiri yageze ku rwibutso rwa Jenoside yakorewe abatutsi rwa Gisozi yunamira inzirakarengane...
Mugisha Benjamin wamamye nka The Ben yamaze kwemeza ko azaza i Kigali mu Rwanda, mu gitaramo kibanziriza igikorwa cyo ’Kwita Izina’ kizabera muri Kigali Convention Center iherereye mu mujyi wa...
Perezida Joseph Kabila wa Repubukika iharanira Demokarasi ya Congo yahaye akazi Amb.Eugene Gasano wahoze ahagarariye u Rwanda muri Loni ko gushaka inzira zose zishoboka ngo imitungo ye n’abambari...
Abanya Kenya kuri uyu wa kabiri tariki ya 08 Kanama 2017, babyukiye mu gikorwa cyo matora gutora umukuru w’igihugu aho aba mbere mu masaha ya saa cyenda z’igicuku bari bageze ku biro by’itora....
Ihere ijisho uko ibyamamare byo mu Rwanda byari mu barenga miliyoni esheshatu bitabiriye itora rya Perezida wa Repubulika kuri uyu wa Gatanu tariki ya 4 Kanama 2017.
Abanyarwanda bujuje...
Kundwa Doriane , Nyampinga w’u Rwanda 2015 uri kubarizwa mu gihugu cya Canada ku mugabane wa Amerika, yavuze ko ari ishimwe rikomeye kuri we kuba abashije kwitorera umukuru w’Igihugu cy’u Rwanda...
Umukandida w’ ishyaka riharanira Demukarasi no kurengera ibidukikije mu Rwanda Dr Frank Habineza gahunda ye yo kwiyamamariza mu karere ka Huye yahindutse kubera impamvu nyir’ ubwite yise “akabazo...
Muri Kanama uyu mwaka 2017 mu bihugu bitandukanye byo ku mugabane w’ Afurika birimo Kenya, u Rwanda, na Angola abaturage bazitorera umukuru w’ igihugu.
Muri Kenya n’ u Rwanda ibikorwa byo...