Amakipe arimo Man United, Atlético Madrid, Bayern, PSG n’amakipe menshi ya La Liga harimo Sevilla, Valencia, Villarreal batangaje ko biyunze na Super League.
Kapiteni wa Luton Town, Tom Lockyer yagaruye ubwenge nyuma yo kugwa mu kibuga mu mukino wa Premier League wabahuzaga na Bournemouth,waje no gusubikwa...
Kuri iki Cyumweru amakipe y’u Rwanda ya Sitting volleyball mu bagabo n’abagore yaserutse mu mikino y’umunsi wa mbere mu matsinda yayo y’Igikombe cy’Isi 2023 kiri kubera mu Misiri, aho mu mikino itatu...
Ikipe yo muri Peru yitwa Alianza Lima,yanze ko mukeba wayo Universitario yishimira igikombe yari imaze kubatwara kuri stade yabo aho umukino warangiye igahita izimya...
Ku wa Gatanu, tariki ya 20 Ukwakira 2023, Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul...
Umukinnyi Nshobozwabyosenumukiza Jean Jacques Wilson ukinira APR BBC, yasabye umubyeyi w’umwana byavuzwe ko yarenganye bamwangira kujya mu ishuri ry’umupira w’Amaguru rya Bayern Munich...
Umukinnyi wa Norwich yafashe mu ijosi mugenzi we wa Sunderland aramuniga nyuma y’aho amusomye ku munwa kandi adakozwa iby’ubutinganyi.
Ikipe ya Sunderland ikomeje kongera amahirwe yo gukina...
Ikipe ya FC Barcelona izakina na Manchester United muri kamarampaka yo gushaka izakina 1/16 cy’irangiza muri UEFA Europa League.
Tombola yabaye uyu munsi,yasize ibi bigugu biheruka guhurira ku...
Perezida w’Uburusiya Vladimir Putin yemeje ku mugaragaro ihungishwa ry’abaturage b’abasivile bo mu bice byo mu mujyi wa Kherson wigaruriwe n’Uburusiya wo mu majyepfo ya Ukraine.
Abasirikare ba...
Umuyobozi w’Ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera Ibidukikije,Democratic Green Party of Rwanda,Dr Frank Habineza yavuze ko adashyigikiye ibiherutse gu tangazwa na Perezida wa Repubulika Paul...
Kuri iki gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 3 Kamena 2022 ,nibwo Ishimwe Dieudonne uzwi nka Prince Kid Umuyobozi mukuru w’ikigo Rwanda Inspiration BackUp cyahoze gitegura irushanwa rya...
Umukinnyi LeBron James ukinira Los Angeles Lakers muri shampiyona ya Basketball ya NBA, yinjiye mu bantu batunze miliyali y’Amadolari, aba uwa mbere muri NBA ubigezeho agikina.
Nk’uko Forbes...
Mu kiganiro yagiranye n’umunya-Nigeria,Masai Ujiri uyobora Toronto Raptors yo muri Canada, Perezida Kagame yatangaje abakinnyi batanu akunda muri Shampiyona ya Basketball muri Amerika (NBA)....
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki ya 26 Gicurasi 2022 , nibwo Ishimwe Dieudonne uzwi nka Prince Kid,Umuyobozi mukuru w’ikigo Rwanda Inspiration BackUp cyahoze gitegura irushanwa rya Nyampinga...