Umukinnyi Manizabayo Étienne wakiniraga Ikipe y’Abato ya Benediction Club yapfuye nyuma yo kugongwa n’imodoka ubwo we na bagenzi be bo mu makipe atandukanye, barimo n’abakuru, bari mu myitozo kuri...
Mukundente, umusore ukinira Karongi Cycling Club muri Shampiyona yo gusiganwa ku magara, yakoze impanuka ikomeye ahita ajyanwa kwa muganga nyuma yo kugongana n’imodoka.
Iyi mpanuka yabereye i...
Minisiteri y’Uburezi yatangaje ko amasomo y’Igihembwe cya Kabiri cy’Amashuri yisumbuye azatangira kuwa Kabiri tariki ya 18 Mata 2017.
Ni muri urwo rwego yamenyesheje kare abayobozi b’ibigo...
Guhera tariki ya 7-14 Mata buri mwaka u Rwanda ruba ruri mu bikorwa byo kunamira abazize Jenoside yakoreye Abatutsi muri 1994, na y’izi tariki ibikorwa byo kwibuka birakomeza. Uyu mwaka...
Ku wa Gatanu, tariki ya 30 Kamena 2017, Inama y’Abaminisitiri Idasanzwe yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul KAGAME.
Inama y’Abaminisitiri...
Umukinnyi ukina imbere ku uruhande rw’iburyo mu ikipe ya APR FC, HAbyarimana Innocent yapfushije umubyeyi yari asigaranye mu ijoro ryakeye ryo kuri uyu kane.
Innocent Habyarimana yapfushije...
Uruganda rwa West Hills Coffee rurashinjwa n’ikipe y’igihugu y’amagare ’Team Rwanda’ ubwambuzi bw’amafaranga ibihumbi bitanu by’amadorali ku masezerano bari bagiranye yo kugurira ikipe ya Benediction...
Kuri iki cyumweru tariki 25 Ukuboza 2016 ubwo u Rwanda rwifatanyije n’ Isi yose mu byishimo by’Umunsi Mukuru wa Noheli, mu Rwanda byari agahebuzo ku miryango y’abana barenga 30 bavukiye mu mavuriro...
Nzeyimana Evariste w’imyaka 30 y’amavuko na Hakizimana Simon w’imyaka 28 bo ku kagari ka Nyagatare ,umurenge wa Mahembe mu karere ka Nyamasheke, bakurikiranweho kwiyita abakozi b’akarere maze...
U Rwanda rwahawe amafaranga angana na milioni 3 z’amadorari n’ikigega kigamije kuzamura ibihugu biri munzira y’amajyambere , ayo mafaranga akazakoreshwa mu kubaka ibikorwa remezo ku mipaka y’u...
Ambasaderi Joseph Habineza wahoze ari Minisitiri w’ urubyiruko umuco na Siporo yasobanuye aho izina Joe benshi bakunda kumwita ryaturutse.
Ambasaderi Habineza avuga ko yavukiye mu karere ka...
Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 28 Nyakanga 2017, Paul Kagame yiyamamarije mu karere ka Rusizi mu kibaya cyo mu Murenge wa Nyakabuye mu Kagari ka Mashyuza.Ni nyuma y’uturere twa Rutsiro na Karongi...
Perezida wa Sena, Bernard Makuza ubwo yari mau karere ka Nyamasheke mu ntara y’iburengerazuba mu bikorwa byo kwamamaza umukandida wa RPF inkotanyi yavuze ko hari ingingo zigera ku munani...
Bamwe mu baturage bari mu gare ya Remera mu karere ka Kicukiro baravuga ko batishimiye uburyo babuze imodoka zo kubatwara mu byerekezo byajyagamo, ngo kubera ko ari sositeye zitandukanye bahisemo...
Perezida wa Komisiyo y’Amatora, Prof Kalisa Mbanda, nyuma yo kuvuga aya majwi y’ibanze yagize ati “Twavuga ko afite [Paul Kagame] amahirwe yo kuzakomeza kuba uwa mbere akaba azatsindira uyu mwanya...
Kuri uyu wa Gatandatu taliki ya 12 Kanama 2017 nibwo harakinwa irushanwa ryo kuzirikana umuco (Race for Culture),muri Rwanda cycling cup aho abasiganwa barava Gatuna berekeza mu karere ka...
Umuyobozi w’ akarere ka Nyamasheke Kamali Aimé Fabien avuga ko bishimira umuhanda wa kabulimbo bahawe na Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame akemeza ko ubarutira izahabu zose zibaho.
Uyu muyobozi...
Minisitiri w’Intebe mu Rwanda, Dr Edouard Ngirente, yandikiye abaminisitiri bose n’Abanyamabanga ba Leta abamenyesha ko buri wese yongerewe inshingano zo gukurikirana akarere yashinzwe.
Hejuru...
None ku wa Gatatu, tariki ya 04 Ukwakira 2017, Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul Kagame.
1. Inama y’Abaminisitiri yemeje...
Akarere ka Rwamagana niko kabaye akambere mu kwesa imihigo y’ umwaka wa 2016/2017 kavuye ku mwanya wa 17 kariho mu mwaka wa 2015/17. Ubushize Rwamagana yari yagize amanota 74,26% ubu yagize 82.2%....
Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 07 Ukwakira 2017 Miss Umutoni Uwase Belinda, uri mu bahataniye mu marushanwa ya Miss Rwanda 2017, yakoze ubukwe n’umukunzi we Gakire Theo Ntarugera, ubukwe...
Kuwa Gatandatu tariki ya 07 Ukwakira 2017 Miss Umutoni Uwase Belinda, uri mu bahataniye mu marushanwa ya Miss Rwanda 2017, yakoze ubukwe n’umukunzi we Gakire Theo Ntarugera, ubukwe bwabereye mu...
Ikipe ya Rayon Sports yabonye umuyobozi nyuma y’inama rusange yateranye kuri iki cyumweru tariki ya 22 ukwakira 2017 ikemeza Paul Muvunyi nka Perezida wayo asimbuye kuri uyu mwanya Gacinya Chance...
Ubuyobozi bw’Itorero rya Pantekote mu Rwanda ADEPR bwafashe umwanzuroo guhinduranya abayobozi bari bahagarariye indembo n’uturere mu Rwanda.
UMURYANGO wamenye ko uyu muhango wabaye kuwa 25...
Ubushinjacyaha bwo mu Bufaransa bwategetse ko Umufaransa w’imyaka 56 y’amavuko ukomoka mu Rwanda witwa Muhayimana Claude agomba kuburanishwa ibyaha bya jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994....