Mu gihugu cya Indonesia bari mu gahinda ko kubura abanyeshuri 27 bari bavuye ku ishuri ku kirwa cya Java hanyuma imodoka yari ibatwaye ikora impanuka bituma abasaga 27 bahasiga...
Mu gitondo cyo kuwa Mbere tariki ya 16 Ugushyingo, ku cyicaro cya Polisi ikorera mu Mujyi wa Kigali i Remera ahazwi nko kuri Metropolitan, Polisi y’u Rwanda yeretse itangazamakuru itsinda...
Abafana b’ikipe ya PSG bari bateraniye imbere y’ibiro bya perezida ahitwa Champs-Elysees barakaye cyane ubwo bari bamaze gutsindirwa ku mukino wa nyuma wa UEFA Champions League na Bayern Munich...
Mu Karere ka Rwamagana mu Murenge wa Mwulire ahitwa i Ntunga, habereye impanuka y’imodoka yari yikoreye ibinyobwa bya Bralirwa, umushoferi wayo n’umuherekeza (kigingi)...
Umupolisi mukur witwa Fred Amaya wo mu gihugu cya Kenya uherutse kugongesha imodoka y‘akazi yari atwaye yasinze,yasanzwe ku biro bikuru bya polisi yiyahu
Umunya Croatia,Luka Modric ukina hagati mu ikipe ya Real Madrid yagiriye inama ikomeye umufaransa Kylian Mbappe yo kuva muri PSG akerekeza mu yindi shampiyona ikomeye aho ikipe akinira biyigora...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu taliki ya 13 Gashyantare 2020, mu muhanda Kigali-Akanyaru, mu Murenge wa Rugarika mu Karere ka Kamonyi habereye impanuka ikomeye, aho imodoka itwara abagenzi ya...
Umutoza wa Rayon Sports,Kirasa Alain yatangaje ko yahisemo guhagarika umukinnyi wo hagati Olokwei Commodore waburiwe irengero nyuma y’umukino wa APR FC atitwayemo neza we na bagenzi...
Rutahizamu akaba na Kapiteni wa Arsenal, Pierre-Emerick Aubameyang, ntiyahiriwe n’iyi weekend kuko imodoka ye yo mu bwoko bwa Lamborghini silver Aventador yaguze akayabo k’ibihumbi 270...
Rutahizamu Sadio Mane ukinira ikipe ya Liverpool FC yo mu Bwongereza yatangaje ko impamvu atajya agura imodoka,inzu,amasaha ahenze n’ibindi ari ukoyakuriye mu buzima bubi,aba ashaka gukoresha...
Imodoka yari ivuye ahitwa Gisiza ifite umuvuduko ukabije yakoze impanuka ikomeye igeze mu murenge wa Gihango mu karere ka Rutsiro abantu babiri bacika amaboko abandi barakomereke nyuma yo kwikuba...
Umuhanzi Igor Mabano ukorera umuziki mu nzu ya Kina Music yarokotse impanuka y’imodoka mu mugoroba wo kuri iki Cyumweru taliki ya 13 Ukwakira 2019 ubwo yari avuye gusura umunyeshuli we n’abagize...
Umutoza wa APR FC witwa Adil Mohammed Erradi,uhembwa akayabo k’ibihumbi 18 by’amadolari ku kwezi,yamaze kugurirwa imodoka nshya ya SUZUKI Vitara yo mu bwoko buheruka gukorwa ifite imiryango...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere ahitwa Rukingu, Akagari ka Kagugu mu Murenge wa Kinyinya mu Karere ka Gasabo abaturage basanze umuntu wapfuye ari mu modoka ifunze imiryango kandi na we apfutse...
Minisitiri w’ Ubutabera w’ u Rwanda, Johnston Busingye,yatangaje kuri Twitter ye ko yaciwe amande y’ ibihumbi 50 kubera ko imodoka ye yafashwe na camera yo ku muhanda ifite umuvuduko...
Uwahoze ari rutahizamu wa Arsenal akayifasha gutwara igikombe cya shampiyona idatsinzwe na rimwe muri 2004, Jose Antonio Reyes,yakoze impanuka ikomeye y’imodoka we na mubyara we bari kumwe bahita...
Mu rukerera rwo kuri uyu wa Kabiri taliki ya 07 Gicurasi 2019, saa kumi n’iminota 20, abantu babiri baguye mu mpanuka ikomeye y’imodoka mu Karere ka Rulindo mu Murenge wa...
Mu masaha y’umugoroba wo kuri iki Cyumweru tariki 5 Gicurasi 2019, impanuka ikomeye yabereye mu murenge wa Cyanika wo mu karere ka Burera mu Majyaruguru y’u Rwanda, yahitanye ubuzima bw’umushoferi...
Umuhanzi Fresh Kid UG w’imyaka 7,umaze iminsi avugisha benshi mu binyamakuru no ku mbuga nkoranyambaga,yamaze kugura imodoka ye nshya yo mu bwoko bwa Mercedes...
Umuhanzi Fresh Kid UG w’imyaka 7,umaze iminsi avugisha benshi mu binyamakuru no ku mbuga nkoranyambaga,yamaze kugura imodoka ye nshya yo mu bwoko bwa Mercedes...