Ikipe y’igihugu ya Uganda y’abatarengeje imyaka 17 niyo yatwaye igikombe cy’abatarengeje iyo myaka cyaberaga mu Rwanda nyuma yo gutsinda Tanzania ku mukino wa nyuma ibitego...
Ikipe ya Aston Villa yarokotse kumanuka mu cyiciro cya kabiri mu mwaka w’imikino ushize,yanyagiye ikipe ya Liverpool yatwaye shampiyona ibitego 7-2 mu mukino w’umunsi wa kane wa shampiyona ya...
Umukinnyi wo hagati mu ikipe ya Arsenal,Granit Xhaka,yumvikanye hagati mu mukino ari kunenga bagenzi be ko bafite ubwoba bwinshi ari nayo mpamvu mu gice cya mbere barushwaga...
Rutahizamu Lionel Messi wa Barcelona ni we mukinnyi w’umupira w’amaguru winjiza amafaranga menshi kurusha abandi ku isi muri uyu mwaka wa 2020, nkuko bitangazwa n’ikinyamakuru Forbes cyandika ku...
Rutahizamu w’ikipe y’igihugu Amavubi,Sugira Ernest ashobora kwerekeza mu gihugu cya Maroc mu ikipe ya Difaa El Jadida mu minsi mike iri imbere nyuma yo gutegereza miliyoni 6 FRW za Rayon Sports...
Nyuma yo kunanirwa kumvikana na APR FC ku bijyanye no kuba yakongererwa amasezerano, Dr Nabil Bekroui wari umutoza wungirije muri iyi kipe yatangaje ko agomba gutandukana na yo akava mu Rwanda...
Umutoza Pep Guardiola avuga ko abakinnyi b’ikipe ye ya Manchester City bazaha icyubahiro Liverpool iherutse kwegukana igikombe cya Premier League cy’uyu mwaka, ubwo bazaba bayakiriye mu mukino...
Polisi n’ababibonye bavuga ko abantu bagera ku 10 bishwe n’igisasu cyari giteze mu butaka nyuma yaho imodoka ya bisi nto (minibus) bari barimo ikigongeye hafi y’umurwa mukuru Mogadishu wa...
Kuri uyu wa Gatatu taliki ya 15 Mutarama 2020,I Rabat muri Maroc hafunguwe ku mugaragaro Ambasade y’u Rwanda muri iki gihugu cyo mu majyaruguru y’Afurika.
Amakipe ahabwa amahirwe yo kwegukana igikombe cya UEFA Champions League muri uyu mwaka w’imikino ariyo Liverpool na FC Barcelona yagowe no kubona amanota imbere y’abafana bazo kuko yabonye ibitego...
Mu ijoro ryakeye nibwo haraye hatangajwe umukinnyi wahize abandi mu mupira w’amaguru ku isi mu bihembo bya FIFA The Best Award aho Lionel Messi yigaranzuye Cristiano Ronaldo na Virgil Van Dijk...
Umunyakenya witwa Kinuthia Charles wari umaze amezi make atawe muri yombi we na bagenzi be babiri barimo n’umugore bazira gutekera umutwe urubyiruko bakarubeshya ko bazaruha akayabo k’amadolari 197...
Umunyezamu wahoze muri Rayon Sports Bikorimana Gerrard afashije ikipe ye nshya ya Mukura VS gusezerera APR FC muri ½ cy’imikino y’Agaciro Tournament nyuma yo kunganya ibitego 2-2 hakitabazwa...
Ikipe ya Al Hilal yageze mu Rwanda mu rukererera rwo kuri uyu wa Gatatu ije guhangana na Rayon Sports mu ijonjora rya mbere ryo guhatanira kwerekeza mu matsinda ya CAF Champions League aho yavuze...
Kuri uyu wa 02 Kanama 2019, ikipe ya APR FC yakoze igikorwa cyo gutangaza ku mugaragaro abatoza bashya iyi kipe izakoresha mu mwaka w’imikino utaha, ndetse n’abakinnyi bashya yamaze gusinyisha...
Abaperezida batatu barimo nyakubahwa Faustin Archange Touadera, wa Republic of Central Africa, Emmerson Dambudzo Mnangagwa wa Zimbabwe na Hage Geingob, wa Namibia n’umufasha we Monica Geingos...
Minisiteri y’Ububanyi n’amahanga, ivuga ko abakuru b’ibihugu barindwi bamaze kwemeza ko bazitabira Umunsi wo Kwibohora u Rwanda rugiye kwizihiza ku nshuro ya 25, mu birori bikomeye bizabera muri...
Umunyezamu wa mbere akaba na kapiteni w’ikipe y’igihugu ya Uganda, Uganda Cranes’ yavunikiye mu mukino waraye ubahuje na Misiri yakiriye igikombe cya Afurika.
Amakipe 2 ya mbere yamaze kugera muri 1/8 cy’irangiza mu gikombe cya Afurika ni Misiri iri mu rugo na Nigeria zaraye zitsinze imikino yazo ya kabiri mu gihe ikipe ya RDC ishobora kutazabona...
Leta y’Uburundi yatangaje ko igihugu cy’u Rwanda n’uwahoze ari perezida w’iki gihugu Pierre Buyoya bihishe inyuma y’umugambi wo kwirukanwa kw’abasirikare 1000 b’abarundi mu butumwa bwa AMISOM muri...
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yatangarije abitabiriye inama mpuzamahanga ya za Guverimoma (World Government Summit) i Dubai muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu ko abayobozi ba za guverinoma...
Rutahizamu wa Tottenham umaze iminsi yiharira igihembo cy’umukinnyi watsinze ibitego byinshi muri Premier League,yatangaje ko uyu mwaka rutahizamu wa Arsenal, Pierre-Emerick Aubameyang azamubiza...