Umunya Espagne w’imyaka 37 Alejandro Valverde ukinira ikipe ya Movistar yakoze impanuka ikomeye cyane ubwo yasiganwaga mu gace ka mbere ka Tour de France kabaga kuri uyu wa gatandatu taliki ya 01...
Mukundente, umusore ukinira Karongi Cycling Club muri Shampiyona yo gusiganwa ku magara, yakoze impanuka ikomeye ahita ajyanwa kwa muganga nyuma yo kugongana n’imodoka.
Iyi mpanuka yabereye i...
Umukinnyi wo gusiganwa ku magare wa Benediction Ignite na Team Rwanda, Areruya Joseph, yasezeranye kuri iki Cyumweru na Uwera Josephine, umukobwa w’inzozi...
Kuri uyu wa gatandatu Taliki ya 19 Kanama nibwo hazatangira irushanwa rikomeye mu gusiganwa ku magare rya Vuelta a Espana rigiye kuba ku nshuro ya 72 rifite uduce 21 aho ku munsi w’ejo...
Umukinnyi Mugisha Moise uri mu ba mbere mu Rwanda mu mukino wo gusiganwa ku magare yatangaje ko umuvuduko abakinnyi baherutse guhurira mu irushanwa ryo gusiganwa mu muhanda mu mikino ya Olimpike...
Umukinnyi ukomeye mu mukino wo gusiganwa ku magare, Mugisha Moise, yandikiye ubuyobozi bw’ikipe yakinagamo ya SACA, abumenyesha ko yamaze gusesa amasezerano nabo kubera akarengane yakorewe...
Abakinnyi b’ikipe y’igihugu ya Eritrea bakina umukino wo gusiganwa ku magare, barangajwe imbere na Tesfazion Natnael bakiriwe nk’abami ubwo bari bageze mu mujyi wa Asmara kuri uyu wa Gatatu nyuma...
Munyaneza Didier ukina umukino wo gusiganwa ku magare yongeye kwereka abanyarwanda ko atakiri umwana ubwo yegukanaga agace ka kabiri k’isiganwa ritegura ‘Tour du Rwanda 2018’ kavaga i Karongi...
Umusore Hadi Janvier wahoze akina umukino wo gusiganwa ku magare ndetse akegukana umudali wa zahabu mu mikino Nyafurika yabereye muri Congo Brazzaville 2015,yasabye minisiteri ya Siporo n’umuco...
Umunyabigwi mu mukino wo gusiganwa ku magare,Chris Froome,yatangaje ko yumvise iterambere ry’umukino wo gusiganwa ku magare mu Rwanda bityo yaje gukina Tour du Rwanda ngo abisuzume.
Chris Froome...
Umukinnyi w’umukino wo gusiganwa ku magare,Mugisha Samuel,byari bizwi ko afunzwe azira gukubita no gukomeretsa umumotari,yatangaje ko agiye kwitabira irushanwa rya "Tour du...
Ishyirahamwe ry’Umukino w’Amagare mu Rwanda (FERWACY) ryatangaje abakinnyi 15 bazitabira imyitozo mu byiciro bitatu, akaba ari bo bazavamo abakina irushanwa rya Tour du...
Minisitiri wa Siporo,Munyangaju Aurore Mimosa yasuye Team Rwanda yari imaze iminsi mu Misiri ikina shampiyona ya Afurika yo gusiganwa ku magare,ayishimira uko yitwaye ikazana imidali 14 ndetse...
Ubuyobozi bw’ishyirahamwe ry’umukino wo gusiganwa ku magare mu Rwanda [FERWACY] bwatangaje ko kubera icyorezo cya Covid-19 gikomeje gukaza umurego mu Rwanda muri iyi minsi bwimuye irushanwa rya...
Murenzi Abdallah uzwi cyane mu mikino kubera ukuntu yayoboye Rayon Sports akayihesha shampiyona mu mwaka wa 2013,yatorewe kuyobora ishyirahamwe ry’umukino w’Amagare mu Rwanda,FERWACY,asimbuye...
Umunyarwanda Jean Claude Uwizeye ukinira ikipe ya Sables Vendée Cyclisme-Cube yo mu Bufaransa, yaraye yegukanye isiganwa ry’amagare ryari rimaze iminsi rizenguruka intara ya Guyane, akora amateka...