Mu ijoro ryacyeye ryo ku wa 13 Werurwe 2022, nibwo Isibo TV yakoze umuhango wo gutanga ibihembo ku nshuro ya kabiri bya ‘The Choice Awards 2021’ wabereye muri Onomo Hotel mu Mujyi wa Kigali....
Umugore ufashe icyapa kiriho amagambo yamagana intambara yageze muri studio ya televiziyo igenzurwa na leta mu gihe basomaga amakuru kuwa mbere nijoro.
Icyapa, kiboneka neza inyuma y’usoma...
Kuri uyu wa Gatatu taliki ya 11 Werurwe 2020 nibwo hari hateganyijwe umukino w’ikirarane wagombaga guhuza Manchester City na Arsenal ku kibuga Etihad,ariko wasubitswe kubera ko mu ikipe ya Arsenal...
Ingabire Deborah uzwi cyane mu muziki nka Marina umwe mu bahanzikazi bigaragaje cyane mu mwaka ushize wa 2018, yatunguranye ashyirahanze ahagaragara amshusho asomana umunwa ku munwa nundi mukobwa...
Uwavuga ko The Mane iri mu nzu zifasha abahanzi zihagaze neza muri iki gihe ntiyaba abeshye, ni inzu ibarizwamo Safi Madiba, Marina ndetse na Queen Cha kandi utibagiwe na Jay Polly. Igitekerezo,...
kuri uyu wa Kabiri tariki 25 Ukuboza 2018 mu ijoro rya Noheli muri Kigali Exhibution mu mujyi wa Kigali habereye igitaramo cya Xmass Celebrities Party aho ibyamamare bitandukanye byasabanye...
Harmonize azakorana indirimbo na Safi Madiba ndetse na Marina babarizwa muri The Mane.
Bad Rama umuyobozi mukuru wa The Mane Label yatangaje ko mu gihe kingana n’ iminsi 3 umuhanzi Rajab Abdul...
Umuyobozi wa The Mane Badrama yashimiye umusanzu ukomye abarimo Safi Madiba avuga ku ruhare runini bagize kugirango The Mane igire shene yabo, nyuma y’amakimbirane yagiye abaranga mubihe uyu...
Adrien Misigaro binyuze mu muryango udaharanira inyungu yashinze mu Rwanda witwa “Melody of New Hope” yahisemo gusubukura igitaramo cye cyahagaritswe ku munota wa nyuma kubera Coronavirus yugarije...
Kutubahiriza isaha yagenwe ndetse no kuririmba Play Back ni bimwe mu byaranze igitaramo Harmonize yatumiwemo I Kigali kuri Camp Kigali.
Kuruyu wa gatandatu taliki ya 24 byari biteganyijwe ko...
Umuhanzi Diamond wari umaze iminsi igera kuri itatu mu Rwanda yasoje urugendo rwe kuri uyu wa mbere, mu ijoro ryo kuri iki cyumweru akaba yakiriye ku meza bamwe mu bahanzi bakorera umuziki mu...
Abakora akazi kajyanye no gukora ibintu by’ubwiza mu Rwanda bazajya bahabwa ibihembo mu gikorwa kigiye kubaho ku nshuro ya mbere cyiswe Diva Beauty Awards.
Perezida Kagame yakiriwe na mugenzi we wa Benin, Patrice Talon mu Biro by’Umukuru w’Igihugu, ahazwi nka Le Palais de la Marina.
Muri uru ruzinduko rw’iminsi ibiri,hasinywe amasezerano y’ubufatanye...