Mu nkuru yacu yatambutse mu mwaka ushize wa 2017 twabagejejeho ukuntu Meddy yaciye amarenga yerekana uwo bivugwa ko bari mu rukundo mu majwi n’amashusho yanyujije kuri konti ya Instagram nubwo iyi...
Umuhanzi Meddy waraye ageze mu Rwanda kwitabira igitaramo cya East African Party yatangaje igisobanuro cy’indirimbo ye yise Adi Top aho yavuze ko bisobanuro “ku gasongero “ cyangwa se “At the Top mu...
Ku wa Gatandatu tariki ya 22 Gicurasi 2021, nibwo umuhanzi ukunzwe na benshi mu Rwanda no muri EAC, Meddy yashyingiranwe n’umukunzwe we bari bamaranye imyaka 5 w’umunya-Etiyopiyakazi Mimi...
Abahanga bavuga ko ikinaniye ifaranga ujugunya ndetse ko aho ifaranga rikubise hahita horoha, cyakora kuri Meddy bisa nk’aho atariko bimeze kuko yivugiye ko kuri we amafaranga adasobanuye...
The Ben ukorera umuziki we muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Meddy, Urban Boys na Dj Phil Peter bashyizwe ku rutonde rw’abahatanira ibihembo bya African Entertainment Awards USA.
The Ben ari...
Umuririmbyi Meddy avuga ko Imana ari igitangaza mu buzima bwa buri wese; ngo yibaza uburyo afite inganzo ikomeye mu ndirimbo z’urukundo nyamara atarigeze agira amahirwe yo kurubona ku babyeyi...
Meddy umuhanzi w’umunyarwanda ariko uba muri Amerika(USA) yasohokanye n’umukunzi we mu mpera z’icyumweru dusoje mu mujyi wa Las Vegas,basangiza aba bakurikirana amashusho yafatiwe mu rugendo bagize....
Umuhanzi w’umunyarwanda Ngabo Medard wamamaye cyane nka Meddy mu muziki n’ibindi bijyanye nawo yari amaze iminsi mu gihugu cya Tanzania aho yakoreraga imishinga itandukanye y’umuziki we yamaze...
Umuhanzi Meddy akomeje gushimwa na benshi ku mbuga nkoranyambaga kubera amafoto yafotowe amanuka ku rubyiniro agasuhuza umwe mu bitabiriye iki gitaramo ubana...
Muhire William uzwi nka K8 Kavuyo abinyujije kurubuga rwe rwa Instagram yashyizeho ifoto igaragaraza Meddy, umukunzi we Mimi, Bruce Intore, ababyeyi ba K8 ari bo Paul Gasinzigwa na Depite Oda...
Umunya-Ethiopia Sosena Aseffa [Mehfire] uri mu buryohe bw’urukundo n’umuhanzi Ngabo Medard Jobert wamamaye nka Meddy amaze iminsi agaragaza ko ari mu byishimo byo kuba yarakunzwe n’uyu...