Minisitiri w’intebe wa Israel Benjamin Netanyahu yavuze ko ukuntu igihugu cye gishyigikiwe n’abaturage muri Amerika bizafasha Israel kurwana "kugeza ku ntsinzi yuzuye" kuri...
Mu gihe imirwano ikaze ikomeje guca ibintu muri teritwari ya Masisi hagati ya M23 n’ingabo za leta (FARDC) hamwe n’abafatanya nazo, imwe mu ntwaro irimo gukoreshwa n’uruhande rwa leta ni indege...
Perezida Joe Biden wa Amerika, arakaye, yanenze iperereza ryasanze yarafashe nabi inyandiko z’amabanga akomeye kandi ko yagowe no kwibuka ibintu by’ingenzi mu...
Nyuma yo kuzamuka mu matsinda ku giceri,Cote d’Ivoire yasezereye Senegal ifite igikombe giheruka kuri penaliti 5-4,nyuma yo kunganya igitego 1-1 mu minota...
Umukuru w’igihugu cya RDC, Félix-Antoine Tshisekedi yarahiriye kuba perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Kongo mu gihe cy’indi myaka itanu iri imbere nyuma yo gutsinda amatora mu kwezi...
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda,FERWAFA,ryakoze inama y’Inteko Rusange Idasanzwe yo kwemerezamo ingengo y’imari y’uyu mwaka wa 2024, Komiseri w’Imisifurire ndetse n’amatora ya komisiyo...
Umutoza MIKEL ARTETA avuga ko Arsenal yiteguye kwitaba ku isoko ryo kugura abakinnyi muri Mutarama 2024, nyuma yo kwemeza ko ifite imyanya myinshi ifite icyuho mu ikipe...
Muri Repuburika ya Demokrasi ya Congo haraye harangiye igihe kingana n’ukwezi abakandida bari bahawe ngo biyamamaze,mu gihe amatora azaba kuri uyu wa gatatu.
Umukinnyi w’umwaka mu bagabo muri Afurika yabaye Victor Osimhen ukinira Nigeria n’ikipe ya Napoli mu Butaliyani yahesheje igikombe cya Serie A baherukaga muri...
Ikipe ya Liverpool irimo gutekereza cyane ku mufaransa ndetse akaba n’umukinnyi w’icyamamare wa Paris Saint-Germain, Kylian Mbappe - ariko izahura n’irushanwa rikomeye rya Real...
ONU irimo gushakisha uburyo bwo guhungisha abari mu bitaro Al Shifa mu ntara ya Gaza, ariko nta mahitamo ahagije ahari, bitewe n’umutekano muke n’ibura ry’ibikoresho.
Umutwe w’abarwanyi b’abagore gusa bo mu ngabo za Isiraheli[IDF] ugizwe n’abasirikare 13,wafashe kandi wica intagondwa zigera ku 100 zitwaje imbunda za Hamas.
Ijambo ryavuzwe muri iki cyumweru n’Igikomangoma Turki al-Faisal cya Saudi Arabia (Arabie Saoudite), ku rugomo rurimo kuba mu Burasirazuba bwo Hagati, ririmo kudaca ku ruhande mu mvugo kudasanzwe...