Kuri uyu wa 29 Nzeri 2017 ku biro by’AKarere ka Muhanga habereye inama yasuzumye isuku ndetse n’imyubakire ya kajagari yari imaze iminsi ihavugwa.Iyi nama kandi yanakiriye ubwegure bw’Abanyamabanga...
Umugabo witwa Batambarije Théogène wari waratorotse gereza ari kumwe na Ntamuhanga Cassien, yatawe muri yombi bigizwemo uruhare n’abaturage ubwo yari mu kabari k’ahitwa mu Miyove mu Karere ka...
Nyuma y’amatangazo ya Rwanda Meteo yburiraga abanyarwanda ko muri iyi minsi ya nyuma y’ukwezi kwa Mata hazakomeza kugwa imvura nyinshi, bigaragara ko batibeshye kuko hamaze iminsi igwa ubutaruhuka,...
Umunyezamu w’umunyabigwi mu mupira w’amaguru, Iker Casillas,wamamaye mu ikipe ya Real Madrid no muri Espagne yatangaje ko kuri we Cristiano Ronaldo arusha ubuhanga Messi ari uko Imana yahaye impano...
Ikipe ya Arsenal yamaze gutangaza ko yamaze gutizwa umunya Norway, Martin Odegaard,wakinaga asatira mu ikipe ya Real Madrid akaba agiye kuyikinira amezi 6 ari...
Bamwe mu bakobwa babyariye iwabo incuro zirenze imwe bavuga ko nta mahitamo bari bafite, ngo bashakaga kubona indezo bagenerwa n’ababateye iza mbere. Bityo hari impuguke n’abashakashatsi basanga...
Polisi y’u Rwanda mu karere ka Muhanga, kuri uyu wa mbere tariki ya 21 Werurwe ahagana saa moya z’umugoroba yafashe umugabo witwa Ndayishimiye Reverien wari ugiye muri Banki ya UNGUKA Ishami rya...
Nkundineza Pierre w’imyaka 23 wakomokaga mu Mudugudu wa Nyabizenga Akagari ka Kirengeli mu Murenge wa Byimana mu Karere ka Ruhango, ariko akaba yari atuye mu Murenge wa Nyamabuye kuri ubu,...
Imodoka itwara abantu n’ibintu ya RITCO yerekezaga mu Majyepfo, yahiye itarenze umutaru,irakongoka.
Iyi modoka ifite ibirango bya RAD 262 K, yahiriye ahitwa i Rugobagoba mu Karere ka Muhanga....
Abana 14 bo mu karere ka Muhanga, mu Murenge wa Mushishiro baguye muri Nyabarongo, harokorwamo batatu abandi 11 baburirwa irengero.
Ku mugoroba wo kuri uyu wambere tariki 17 Nyakanga 2023,...
Ikirombe giherereye mu karere ka Muhanga cyahitanye umugabo witwa Uzabakiriho Samuel w’Imyaka 28 y’amavuko abandi bari kumwe barakomereka.
Iyi mpanuka yahitanye uyu mugabo Uzabakiriho Samuel...
Ku munsi mpuzamahanga w’amasezerano yo gukumira no guhana icyaha cya Jenoside ku Isi hose, kuri uyu wa gatanu urubyiruko rwinga mu Ishuri ry’Ikoranabuhanga (Tumba College of Technology) rwasabwe...
Umunya Espagne w’icyamamare mu gukina Tennis Rafael Nadal yatangarije abanyamakuru ko ikimuhangayikisha iyo agiye gukina irushanwa rya Wimbledon ari ivi rye rihorana ikibazo ku buryo aba yiteze...
Ku gicamunsi cyo ku wa mbere tariki 18 Ukuboza uyu mwaka, Polisi mu karere ka Muhanga yafashe abagabo batatu barimo gucukura Kolta (Coltan) mu buryo butubahirije amategeko.
Abafashwe ni Kwizera...
Mu karere ka Muhanga Uwitije Beatrice utuye mu kagari ka Makera, mu murenge wa Cyeza yatwitse umwana we w’umukobwa ufite imyaka 11 y’amavuko kubera amakosa yoroheje yakoze.
Umuvugizi wa Polisi...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere Gasangwa Joseph wo mu Murenge wa Mwendo uburana n’ umugore we ibijyanye n’imitungo, yafatiwe mu cyumba cy’Urukiko rwisumbuye anyanyagizamo ‘ibirozi’, yari anafite...
Kuri iki Cyumweru umugabo w’imyaka 36 n’umugore we w’imyaka 32 bo mu murenge wa Shyogwe, Akagari ka Mubuga, mu mudugudu wa Gasharu batawe muri yombi ‘bakekwaho kwica abana b’impanga zabo babanize.’...
Perezida wa Real Madrid,Florentino Perez yatangaje ko mu buzima bwe bwose azahora yishimira ko yasinyishije rutahizamu kabuhariwe Cristiano Ronaldo ndetse ngo niwe mukinnyi kurusha abandi bose...
Nyuma y’aho rutahizamu Cristiano Ronaldo amwegereye akamusaba ko yamusanga muri Juventus bagakinana,myugariro Matthijs de Ligt wa Ajax yemeye gusinyira iyi kipe y’ubukombe mu Butaliyani amasezerano...