Umukinnyi Wayne Rooney wubatse amateka mu ikipe ya Manchester United yatangaje ko umutoza Louis Van Gaal wirukanwe muri Manchester United agasimburwa na Mourinho ko yari umuhanga mu gupanga...
Umugabo utuye I Muhanga mu murenge wa Shyogwe witwa Ndahimana Narcisse n’umugore we batunguranye cyane mu kwezi gushize ubwo uyu mugabo yajyaga gusezerana mu murenge yambaye kamambili. Kuri ubu...
Bamwe mu bagiraneza bakomeje kwisukiranya bajya gusangira na Ndahimana Narcisse w’imyaka 42 utuye mu karere ka Muhanga wamamaye ku mbuga nkoranyambaga no mu binyamakuru kubera kujya gusezerana...
Rutahizamu Jacques Tuyisenge ukinira Gor Mahia yatangaje ko bitazongera kumworohera gutsinda ibitego AFC Leopards bahora bahanganye,kubera ko yaguze umunyezamu w’umuhanga mu Rwanda,Ndayishimiye...
Umutoza wa Manchester City ufatwa nk’umwe mu beza ku isi yatangaje ko ikintu yicuza mu buzima bwe ari uko atabashije kwiga kaminuza kandi yari umuhanga mu ishuli ataratangira...
Polisi y’ u Rwanda ikorera mu Ntara y’Amajyepfo yasuye inashyikiriza ingemu abarwayi bakomerekeye mu mpanuka zo mu muhanda barwariye mu bitaro bya Kabgayi mu Karere ka...
Perezida Cyril Ramaphosa wa Afrika y’Epfo yirukanye umuhanga mu byerekeye ubukungu mu ikipe y’abajyanama be mu gihe hari ibibazo ku mpamyabumenyi ye ya...
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwataye muri yombi abandi bantu batandatu barimo Perezida w’Ikipe ya The Winners FA yo mu Karere ka Muhanga, Nshimiyimana David; Umutoza w’iyi kipe y’abana, Mukandamage...
Umuhanga mu bukungu Bogolo Joy Kenewendo yavuzwe cyane mu myaka itanu ishize ubwo ku myaka 30 yagirwaga minisitiri w’ubucuruzi n’inganda wa Botswana, umwe mu bato, niba atari we wari muto cyane, mu...
Umukino wahuje ikipe ya Kiyovu Sports na Rutsiro Fc kuri Stade y’Akarere ka Muhanga wabereyemo amwe mu mayobera agaragaza ko umupira w’u Rwanda waba urimo icyafatwa...
Dr. Agnes Kalibata Umuhanga akaba n’impuguke mu by’ubuhinzi mu Rwanda kuri ubu uyoboye Umuryango uharanira kurengera ibidukikije muri Afurika AGRA (Alliance for a Green Revolution in Africa)...
Abakinnyi babiri ba La Jeunesse barimo Imena Yves,Salomom Okello na Nshimiye Saidi bahagaritswe amezi atandatu batagera mu kibuga ndetse bagatanga ihazabu y’ibihumbi 50 FRW.
Aba barashinjwa...
Mu Karere ka Ruhango haravugwa inkuru y’abaturage bagera kuri 40 bajyanywe mu bitaro nyuma yo gufatira amafunguro muri Resitora iherereye mu Mujyi wa Muhanga bikekwa ko umutobe warimo...
Umunya-Uganda, Joackim Ojera,yatahanye akanyamuneza nyuma y’aho ahawe akayabo k’amafaranga n’abakunzi ba Rayon Sports yahaye ibyishimo bisendereye.
Mu mukino w’Umunsi wa 22 wa Shampiyona wabereye...
Uwari umusifuzi wa kane mu mukino wahuzaga ikipe ya AS Muhanga na La Jeunesse FC yo ku Mumena, yakubiswe n’abakinnyi akurwa mu kibuga arandaswe.
Izi mvururu zabereye mu mukino w’umunsi wa 15 wa...
Marc Anthony wamenyekanye nk’umuhanzi w’umuhanga ndetse ufite n’ubuhanga mu kwandika indirimbo yashatse umugore wa kane, Nadia Ferreira, arusha imyaka 31 nyuma y’uko atandukanye na Jennifer...
Nyandwi Joseph ni umusore w’imyaka 23 y’amavuko ukomoka mu karere ka Muhanga, mu murenge wa Kiyumba. Ni umwana wa 7 mu muryango w’abana 7 ariko utaragize amahirwe yo kumenya se kuko nyina umubyara...
Ikipe ya RWAMAGANA City niyo izakina umukino wa 1/2 na Interforce muri 1/2 cy’irangiza mu cyiciro cya 2, nyuma y’uko habuze icyemeza ko Mbanza Joshua yahawe ikarita y’umuhondo bahura na Nyagatare...