Ese prostate ni iki ?
Porositate ni rumwe mu ngingo z’umubiri w’umugabo rujyanye n’imyororokere, ikaba iri imbere munsi y’uruhago, aho ishinzwe gukora ibintu bituma intanga iyo zimaze kuva aho...
Mu ijoro ryakeye nibwo hasohotse ibyemezo by’inama y’abaminisitiri yari yateranye iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika,yanzuye ko abahoze ari Abaminisitiri Dr. Diane Gashumba na Prof Shyaka...
Muribuka inkuru yacicikanye mu binyamakuru byo mu Rwanda y’umusore witwa Muhire Jean Claude wahawe impyiko n’umukunzi we witwa Uwera Ingabire Marie Reine bikamufasha gukira uburwayi yari afite....
Mu gihe Isi yose yugarijwe n’icyorezo cya Coronavirus Leta y’u Rwanda yashyizeho isaha yo kuba umuntu yageze murugo ari saa mbiri z’ijoro kugeza saa kumi za mu gitondo mu buryo bwo gukumira ubwanda...
Abana 44 nibo bavutse uyu munsi kuri Noheli,mu bitaro byo hirya no hino mu mujyi wa Kigali nkuko amakuru dukesha ikinyamakuru The New Times abitangaza.
Babiri bahoze mu buyobozi bw’umutwe wa FDLR bemereye urukiko ruburanisha imanza z’iterabwoba ruri i Nyanza ko binjiye mu mutwe wa gisirikare utemewe n’amategeko.
Umunyemari Alfred Nkubiri ufunzwe akurikiranyweho ibyaha byo guhombya leta,ararembye cyane, nyuma yo kuvanwa kuri Gereza ya Mageragere igitaraganya, akajyanwa mu Bitaro bya...
Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu (MINALOC) yatangaje ko imwe mu midugudu yo mu karere ka Nyarugenge,Nyamagabe na Nyamasheke yakomorewe ikurwa muri gahunda ya Guma mu rugo gusa umudugudu umwe wo...
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko kuri uyu wa Gatatu tariki ya 05 Kanama 2020, abantu 05 banduye Coronavirus mu Rwanda bituma umubare w’abamaze kwandura iyi virusi bose baba...
Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu yatangaje ko amasibo 3 yo mu mudugudu wa Kabutare mu kagari ka Bwerankori mu murenge wa Kigarama mu karere yashyizwe muri Guma mu rugo mu gihe Imidugudu ya...
Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda yatangaje ko Kuri uyu wa Gatatu tariki 27 Gicurasi 2020,habonetse abarwayi 7 ba Coronavirus hakira umuntu umwe.Abanduye bose hamwe bamaze kugera kuri 346.Hamaze...
Minisiteri ishinzwe Ibikorwa by’Ubutabazi (Minema) yatangaje ko imvura nyinshi yaguye mu ijoro ryo kuwa 24 rishyira ku wa 25 Mata 2020, yateje ibyago byinshi birimo guhitana abantu...
Umuryango utuye mu Mudugudu wa Musamvu, Akagari ka Karenge, Umurenge wa Kibungo mu karere ka Ngoma mu Ntara y’Iburasirazuba waturikanwe na Gaze [gas] ikoreshwa mu guteka, bituma abantu babiri...
Minisiteri ishinzwe ibikorwa by’ubutabazi (Minema),yatangaje ko imvura yaraye iguye mu ijoro ryakeye yishe abantu 3, barimo 1 wo mu karere ka Nyarugenge na 2 bo muri Nyaruguru,hanangirika inzu 8...
Bamwe mu bagore bo mu karere ka Nyarugenge bihurije hamwe imbaraga bagoboka imiryango 20 yari ifite ikibazo cyo kubona ibyokurya nyuma y’ingamba zafashwe na Leta y’u Rwanda ko abantu bose baguma mu...
Iki cyemezo Umujyi wa Kigali ugifashe nyuma y’uko ikigo cy’Igihugu gishinzwe iteganyagihe gitangaje ko kuva mu mpera z’Ukuboza kugeza tariki 30 Ukuboza hazagwa imvura...
Leffe ni inzoga nziza yatangiye kwengerwa mu Bubiligi kuva muri 1240, ubu ikaba izanwa mu Rwanda na Strong Distribution Company Ltd, bikaba byaranatumye ibiciro bigabanuka ku bakunzi...
Umushoferi wari utwaye imodoka ya Toyota RAC 785 B, yayitaye mu muferege ahunga Polisi yari imukurikiye nyuma yo gutahura ko yari atwaye magendu ya Caguwa yari akuye...
Mu karere ka Nyarugenge ho mu mujyi wa Kigali,hatangiye gukoreshwa imashini abaturage bakoresha bagaragaza uko bakiriye serivisi bahawe, itu tumashini twashyizwe muri serivisi zikenerwa...
Abayobozi n’abanyeshuli ba kaminuza ya Christian University of Rwanda bibutse ku nshuro ya 25 Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994,biyemeza kunga ubumwe mu guharanira ko itazongera kubaho...
Dady de Maximo Mwicira Mitali ni umuhanzi w’imyambaro y’ubugeni n’isanzwe, Dad de Maximo yatanze ubuhamya bw’uko yasambanyijwe akanangizwa igitsina muri Jenoside. wamenyekanye mu Rwanda mu bice...