Umunyafurika y’Epfo, Pearl Thusi, icyamamare muri sinema ya Afurika ni umwe mu bakomeje kuryoherwa n’ibyiza by’u Rwanda nyuma y’icyumweru bamaze bakurikira imikino ya Basketball Africa League (BAL)....
Ikigo gishinzwe Ubumenyi bw’Ikirere (Meteo-Rwanda), kivuga ko Intara y’Iburasirazuba, Umujyi wa Kigali n’ahandi henshi mu Majyepfo, hateganyijwe imvura nke iri munsi ya milimetero 10 muri uku kwezi...
Abagore batandatu batuye mu bice byagenzurwaga n’umutwe witwaje intwaro wa M23 muri Repubulika ya demukarasi ya Congo barashinja umutwe witwaje intwaro wa FDLR na Nyatura kubasambanya ku...
Umugabo wo mu Murenge wa Cyato mu Karere ka Nyamasheke, wari waraye atonganye n’umugore we, bwacyeye ku munsi wakurikiyeho, basanga amanitse mu kiziriko cy’ihene yapfuye, aho bamwe bakeka ko...
Mu buryo ngaruka mwaka United Scholars Center iratangira ibikorwa byayo bizenguruka i Gihugu bizwi nka (Education Fairs) aho baba basonurira ababyeyi n’abana babo ibijyanye n’amahirwe ahari yo...
Ikipe ya Police FC iri mu biganiro n’Umunyezamu Kimenyi Yves uheruka gusezererwa na Kiyovu Sports nyuma yo kubura Ntwari Fiacre yifuzaga akaza gusinyira TS Galaxy yo muri Afurika y’Epfo.
Hari...
Minisiteri y’Ubutabera ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yatangaje ko Donald Trump wahoze ari Perezida wa Leta zunze Ubumwe za Amerika agomba gukurikiranwa ku cyaha cyo gusebya E. Jean Carroll,...
Ku wa Kane, tariki ya 13 Nyakanga 2023, Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame.
1. Inama y’Abaminisitiri yemeje...
Ku wa Kane umutwe wiyise La Coalition des Patriotes pour le Changement (CPC), watangaje ko ubabajwe n’urupfu rw’uwari umuyobozi wawo, “Gen Mahamat Tom, wiyitaga Ben...
Biravugwa ko Ntabanganyimana Joseph wahawe imbabazi na Perezida Paul Kagame muri dosiye imwe na Paul Rusesabagina na Nsabimana Callixte ’Sankara’ bahoze mu mutwe wa MRCD/FLN, yatorokeye mu kigo...
Gatabazi Jean Marie Vianney wabaye Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu yasabye imbabazi nyuma yo kugaragara ari mu muhango w’iyimikwa ry’umutware w’abakono utaravuzweho rumwe.
Mu butumwa Gatabazi...
Umujyanama Mukuru wa Perezida wa Repubulika mu bya gisirikare n’umutekano, Gen James Kabarebe, yavuze ko Ingabo z’u Rwanda zitajya zihanganira imico mibi, ari nayo mpamvu abayobozi bitabiriye...
Visi Perezida wa Sena y’u Rwanda, Nyirasafari Espérance, yitandukanyije n’imyumvire n’imigirire nk’iyerekeye “Iyimikwa ry’Umutware w’Abakono’’, anasaba imbabazi Perezida Paul Kagame n’Abanyarwanda, ku bwo...
Kazoza Justin wimitswe nk’umutware w’abakono yeruye ko yaguye mu makosa, kandi ko anicuza ,nyuma yo guhabwa impanuro na nyakubahwa Perezida Kagame, yavuze ko yicuza ndetse atagishaka kumva ko ari...
Komisiyo y’Igihugu y’amatora [NEC],yasubitse amatora yo kuzuza Inama Njyanama na Komite Nyobozi y’Akarere ka Rubavu yari ateganyijwe hagati muri uku kwezi kwa Kanama 2023.
Itangazo iyi komisiyo...
Amakuru aravuga ko Gatabazi Jean Marie Vianney wahoze ari Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu ndetse akaba na Guverineri w’intara y’Amajyaruguru yaba ari u maboko y’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha ,...
Igihe umugizi wa nabi yiraraga mu nzu ya Marjorie Perkins, umukecuru w’imyaka 87 uri mu kiruhuko cy’izabukuru, ashobora kuba yaribwiraga ko umukecuru nk’uwo atashobora...
Bimaze kumenyerwa mu Rwanda ko uwabonywemo ubushobozi binyuze muri Cabinet(Inama y’Abaminisitiri ikuriwe na Perezida w’u Rwanda) bemeza umuyobozi runaka ku mwanya mu nzego zo hejuru, bikamenyeshwa...