Mu mukino w’umunsi wa 16 ubimburira indi yose yo kwishyura ya shampiyona,ikipe ya Gasogi United yatsinze Rayon Sports ibitego 2-1,kuri Kigali Pele Stadium.
Perezida wa Gasogi United,Kakoza Nkuriza Charles uzwi nka KNC yashimangiye ko Rayon Sports y’uyu mwaka iri hasi ku buryo uwayihuza nabo inshuro eshanu zikurikiranya yayitsinda kandi akayongeraho...
Umutoza wa APR FC, Thierry Froger yavuze ko agendeye kuri raporo abaganga bamuhaye,rutahizamu Victor Mbaoma yagiriye imvune ikomeye mu irushanwa rya Mapinduzi Cup izatuma ukwezi kuri imbere...
Ikipe ya APR FC yageze muri 1/4 cy’irangiza mu gikombe cy’Amahoro nyuma yo gusezerera AS Kigali ku bitego 2-1 mu mikino yombi.Umukino wo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 24 Mutarama warangiye...
Myugariro Rwatubyaye Abdul yatangaje ko APR FC ayifata nka se mu gihe Rayon Sports ayifata nk’umugabo wa kabiri w’umubyeyi bityo ko APR FC ariyo iganje mu mutima we...
Bigoranye,ikipe ya Rayon Sports yakuye amanota atatu i Ngoma nyuma yo gutsinda igitego ku munota ubanziriza uwa nyuma w’umukino Etoile de l’Est,ibifashijwemo na Muhire Kevin wari wabanje...
Mu mezi atatu ashize Polisi y’u Rwanda yafashe abantu bagera kuri 70 bakekwaho ubujura bw’amatungo bumaze iminsi bugarukwaho, biganjemo abo mu Karere ka Muhanga bangana na 1/2...
Myugariro Dani Alves wahoze akinira ikipe ya FC Barcelona na Brazil yakatiwe igifungo cy’imyaka ine n’igice nyuma yo guhamwa n’icyaha cyo gusambanya ku ngufu umukobwa mu...
Umwongereza w’imyaka 21, Peter Jospeh Blackmore ukinira Israel-Premier Tech yegukanye Agace ka Gatandatu ka Tour du Rwanda 2024, ahita anafata umwambaro w’umuhondo awambuye William Lecerf...
Ubuyobozi bwa Etincelles FC bwitandukanyije n’abiyitirira kuba abafana bayo baheruka kugaragara muri stade ku mukino wa APR FC, bitwaje ibyapa bitabariza iyi kipe, buvuga ko biriho amagambo asebya...
Abakinnyi ba APR FC ntibishimiye ko abafana babo batakiza ku bwinshi by’mwihariko mu mikino ibiri iheruka irimo uwa Etincelles FC n’uwa Etoile de l’Est waraye...
Kapiteni wa Rayon Sports, Muhire Kevin yagiriye inama ikomeye Perezida w’ikipe Uwayezu Jean Fidele kwegera umutoza Julien Mette akamwongerera amasezerano kuko ngo ari umutoza...
Rayon Sports ni imwe mu makipe make twavuga ajya akora mu jisho ikipe ya APR FC ndetse rimwe na rimwe ikayitwara igikombe. Mu myaka yatambutse ubwo yabaga nta gatege ifite yagiye ibona...