Abanyonzi bo mu Mujyi wa Bujumbura bifashishijwe mu myigaramabyo yabaye ku wa Gatandatu tariki 24 Kanama 2019 barishyuza 3000 by’amafaranga y’Amarundi bari bijejwe kugira ngo...
Umuyobozi w’umudugudu wa Nyagatovu mu Kagari ka Gatonde,Umurenge wa Kibungo mu Karere ka Ngoma witwa Ndayambaje Ferdinand yaburiwe irengero nyuma yaho ameneye ijisho umuturage witwa Sahunkuye...
Igikomangoma Harry cyishimiye ko giheruka kwibaruka umwana w’umuhungu witwa Archie,cyavuzweho ko cyigeze kurwarira indege umukinnyi wa filimi witwa Jennifer...
Igikomangoma Charles cya Pays de Galle (Wales) cyandikiye Perezida wa Repubulika Paul Kagame ibaruwa ifata mu mugongo Abanyarwanda muri kigihe cyo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994,...
Abakongomani barakajwe bikomeye n’amashusho ya Joseph Kabila wahoze ari perezida wa Repubulika iharanira Demukarasi ya Congo ahora aca kuri TV y’igihugu RTNC kandi nta mwanya agifite mu...
Igikomangoma Harry na Meghan baciye agahigo kihariye ku rubuga rwa Instagram, mu masaha make bafunguye konti yahise ikurikirwa n’abasaga miliyoni eshatu.
Mu bihugu 8 Igikomangoma Harry n’umukunzi we Meghan bashobora kuriramo ukwezi kwa buki nubwo nta gihamya ntakuka yemeza aya makuru biyobowe n’u Rwanda hagakurikiraho Barbados, Hawaii, Turkey,...
Mu binyamakuru mpuzamahanga ku mpapuro z’ ibanza (La une) ku wa Gatandatu tariki 19 Gicurasi 2018 inkuru nyamukuru yari ubukwe bw’ igikomangoma cy’ Ubwongereza Harry Galles n’ umukunzi Meghan Markel...
Igikomangoma cy’u Bwongereza Harry wo mu Bwongereza agiye gukora ubukwe n’umukinnyi wa filime w’umunyamerikakazi Meghan Markle umurusha imyaka 3.
Ubukwe bw’igikomangoma Harry na Meghan Markle,...
Umuyobozi w’akarere ka Ngoma Nambaje Aphrodise yakiriye indahiro z’abayobozi bashya b’imirenge 3 yo mu muri aka karere, abasaba gukorera mu mucyo no kurangwa n’ubwitange mu gitondo cyo kuwa 10...
Nyuma y’amahari akomeye mu muryango wa cyami, Misuzulu ka Zwelithini yimitswe nk’umwami w’aba-Zulu mu muhango gakondo muri Afrika y’Epfo.
Uyu mugabo w’imyaka 48 ni umuhungu w’umwami uheruka watanze...
Raporo y’ubutasi bw’Amerika yasanze igikomangoma Mohammed bin Salman wa Saudi Arabia (Arabie saoudite) ari we watanze uruhushya rwo kwica umunyamakuru Jamal Khashoggi wabaga mu buhungiro wishwe mu...
Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa kabili taliki 18/02/2020 saa munani z’amanywa (14h00) azagurisha mu cyamunara inzu iherereye mu mudugudu wa Ngoma III, Akagali ka...
Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa kabili taliki 12/02/2020 saa cyenda z’amanywa (15h00) azagurisha mu cyamunara inzu iherereye mu mudugudu wa Ngoma III, Akagali ka...
Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa kabili taliki 04/02/2020 saa yine za mu gitondo (10h00) azagurisha mu cyamunara inzu iherereye mu mudugudu wa Ngoma III, Akagali...
Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa kabili taliki 28/01/2020 saa yine za mu gitondo (10h00) azagurisha mu cyamunara inzu iherereye mu mudugudu wa Ngoma III, Akagali...
Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa kabili taliki 21/01/2020 saa yine za mu gitondo (10h00) azagurisha mu cyamunara inzu iherereye mu mudugudu wa Ngoma III, Akagali...
Perezida mushya wa RDC,Felix Tshisekedi ,yasabye Imana imbabazi kubera amaraso y’inzirakarengane yamenwe ku bushake cyangwa se ku makosa mato yakozwe na bamwe mu...
Umwuzukuru w’umwamikazi Elisabeth w’Ubwongereza,Princess Eugenie ari kuvugwa mu bitangazamakuru byo ku isi kubera ubukwe bw’akataboneka yakoranye n’umugabo we Jack Brooksbank...
Minani Emmanuel w’imyaka 30 ari mu maboko ya Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Ngoma, kuri sitasiyo ya Polisi ya Kibungo mu gihe hagishakishwa abandi bari kumwe igihe bafatanwaga ibiro 140...