Ku wa Gatanu, tariki ya 19 Mutarama 2017, Inama y’Abaminisitiri idasanzwe yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul KAGAME.
Inama y’Abaminisitiri...
Umutoza wungirije mu ikipe ya Rayon Sports Jannot Witakenge yatangaje ko ikipe ya Rayon Sports ikomeye mu yindi myanya,ariko ifite byinshi byo gukora mu busatirizi bwayo abona buri hasi cyane....
Umutoza Jeannot Witakenge niwe wahawe akazi ko kuba umutoza wungirije muri Rayon Sports asimbuye Ndikumana Hamad witabye Imana ku I taliki ya 15 Ugushyingo 2017.
Nubwo byari bimaze igihe...
Umugabo witwa Twagirayesu w’imyaka 34 wo mu karere ka Rusizi, avuga ko guhera mu mwaka 2014 yatangiye kujya akorana n’imyuka y’ikuzimu.Uyu mugabo avuga ko yajyanywe n’umwe mu baririmbyi basanzwe...
Mandiitawepi Chimene, wahoze ari Minisitiri w’intara ya Manicaland mu gihe cy’ubutegetsi bwa Robert Mugabe, biravugwa ko yahungiye mu gihugu cy’u Burundi aho ashakishwa kubera ubujuru bw’inyama...
Mu ijoro ryo kuwa gatatu rishyira kuwa kane tariki ya 7 Ukuboza, ishami rya Polisi rishinzwe umutekano wo mu muhanda ryakoze umukwabu wo kurwanya ruswa mu bashoferi, mu gihugu hose hakaba...
Kuri uyu wa 06 Ukuboza 2017 Wiz Kid yageze ku kibuga cy’indege cya Entebbe muri Uganda ahagana saa cyenda z’amanywa.Yakiriwe n’abagize ikipe ya Face Tv ikorera muri iki gihugu ndetse na bamwe mu...
None kuwa Kabiri tariki ya 5 Ugushyingo 2017, Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul KAGAME.
Ibyemezo byose by’inama...
Harare-Perezida mushya wa Zimbabwe Emmerson Munangagwa yarahije abagize Guverinoma nshya abasaba gukorera hamwe muri iki gihe igihugu cyasubiye inyuma mu bukungu.
Ni kunshuro ya mbere mu mateka...
Grace Mugabe wahoze ari umugore w’umukuru w’igihugu cya Zimbabwe, Robert Gabriel Mugabe yatse ‘divorce’ gatanya nyuma y’uko umugabo we atakaje umwanya wo kuyobora iki gihugu no kuba ubukungu butifashe...
Perezida wa Republika Paul Kagame kuri uyu wa kane yageze i Abu Dhabi muri Leta zunze ubumwe z’Abarabu.
Amakuru yatangajwe ku rukuta rwa twitter rw’ibiro by’umukuru w’igihugu cy’u Rwanda, avuga ko...
Umushoferi witwa Ndereyimana Emmanuel uzwi ku izina rya Manudi afungiye kuri sitasiyo ya Polisi ya Muhima nyuma yo gutangwaho amakuru yo gusuzugura akanasiga mu nzira abagenzi bamubujije...
Abantu bari mu munezero ni bo bagaragara mu murwa mukuru wa Zimbabwe, i Harare, bitwaje ibyandiko bisaba Prezida Robert Mugabe gutanga ubutegetsi, imyigaragambyo yahindutsemwo gushima gisirikare...
• Lomami Marcel yiteguye gufasha ikipe ya Rayon Sports kwitwara neza
• Lomami Marcel yasabye abafana ba Rayon Sports kumushyigikira
• Lomami Marcel niwe uzaba ari umutoza mukuru ku mukino wa Mukura...
• Bugesera FC yiyongere kuri Musanze FC mu gushaka umutoza wungirije wa Rayon Sports Ndikumana Hamad.
• Katauti arifuzwa bikomeye na Musanze FC kugira ngo asimbure Sosthene yahoze...
Nshimiyimana Muhammed wamamye nka Nizzo ubarizwa mu itsinda rya Urban Boys yatangaje ko we na Humble Jizzo barambiwe by’ikirenga imyitwarire ya Safi Niyibikora Madiba akomeje kugaragaza, ngo...
Ubuyobozi bw’Itorero rya Pantekote mu Rwanda ADEPR bwafashe umwanzuroo guhinduranya abayobozi bari bahagarariye indembo n’uturere mu Rwanda.
UMURYANGO wamenye ko uyu muhango wabaye kuwa 25...
Umuraperi Hakizimana Amani wamamaye nka Ama G The Black yagaragaje agahinda afite nyuma yo kwamburwa amafaranga n’umwe mu bahanzi bakomeye batwaye irushanwa rya Primus Guma Guma Super Star.
Am G...
Umuhungu w’uwahoze ari minisitiri w’intebe mu gihugu cya Tanzania nyakwigendera Edward Moringe Sokoine, wayoboye ku ngoma ya Perezida Jilius Nyerere Kereto Sokoine yishwe n’umugore kuri uyu wa 18...