Umunyamabanga nshingwabikorwa w’ umurenge wa Gisozi Niragire Theophile
Abantu bane bo muryango wari utuye ku Gisozi mu karere ka Gasabo wagwiriwe n’ igikuta bose bagapfa urashyingurwa kuri uyu wa...
Abarokotse Jenoside yakorerwe Abatutsi bo mu Murenge wa Kanzenze mu karere ka Rubavu, ahahana imbibi n’akarere ka Nyabihu mu murenge wa Bigogwe, bavuga ko bakurikije umubare munini w’abatutsi...
Minisiteri y’Uburezi yatangaje ko amasomo y’Igihembwe cya Kabiri cy’Amashuri yisumbuye azatangira kuwa Kabiri tariki ya 18 Mata 2017.
Ni muri urwo rwego yamenyesheje kare abayobozi b’ibigo...
Rose Muhando wo muri Tanzania wamenyekanye cyane mu ndirimbo zihimbaza Imana aranyomoza ibyavuzwe bikanandikwa ko yaba akoresha ibiyobyabwenge. Uyu muhanzikazi avuga ko abavuga ibyo ari abashaka...
Ubuyobozi bw’abafite ubumuga mu Karere ka Rubavu, bwatangaje ko buhangayikishijwe na bamwe mu bafite ubumuga bava mu bice birimo na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bakaza gusabiriza mu...
Abahinzi b’ ibirayi bo mu turere twa Musanze, Burera, na Nyabihu batangiye gukorera utudege tutangira abapilote “Drone” mu buhinzi bw’ ibirayi.
Kuri uyu wa 7 Ukuboza 2016, nibwo ikoreshwa ry’ utu...
Majoro Mvuyekure Pierre uvuga ko yari ashinzwe ubutasi no gutegura urugamba muri FDLR, Segiteri Kivu y’amajyaruguru, yatashye mu Rwanda.
Majoro Mvuyekure uzwi ku izina rya Kinyange yageze mu...
Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 4 Nyakaga 2017, ubwo Perezida Paul Kagame yasozaga uruzinduko rw’akazi yagiriraga mu Murenge wa Shyira mu Karere ka Nyabihu, yavuye mu modoka asuhuza abaturage bari...
Kuri uyu wa Gatandatu taliki ya 12 Kanama 2017 nibwo harakinwa irushanwa ryo kuzirikana umuco (Race for Culture),muri Rwanda cycling cup aho abasiganwa barava Gatuna berekeza mu karere ka...
Ikipe y’u Rwanda yo gusiganwa ku magare yari imaze iminsi muri Amerika aho yitabiriye amarushanwa 2 akomeye ariyo Cascade Classic yabaye mu kwezi kwa Nyakanga na Colorado Classic iherutse gusozwa...
Mama wa Mugisha Samuel ukinira ikipe y’abatarengeje imyaka 23 ya Dimension Data n’ikipe y’igihugu yaraye akoze impanuka ikomeye ubwo imodoka yamugongaga aho yahise ajyanwa mu bitaro bya Ruhengeri...
Minisitiri w’Intebe mu Rwanda, Dr Edouard Ngirente, yandikiye abaminisitiri bose n’Abanyamabanga ba Leta abamenyesha ko buri wese yongerewe inshingano zo gukurikirana akarere yashinzwe.
Hejuru...
Kuri uyu wa Gatatu taliki ya 25 Nzeri 2017 nibwo humvikanye inkuru ibabaje y’urupfu rw’umubyeyi w’umusore ukina umukino wo gusiganwa ku magare nk’uwabigize umwuga Mugisha Samuel witwa Mukabutera...
Akarere ka Rwamagana niko kabaye akambere mu kwesa imihigo y’ umwaka wa 2016/2017 kavuye ku mwanya wa 17 kariho mu mwaka wa 2015/17. Ubushize Rwamagana yari yagize amanota 74,26% ubu yagize 82.2%....
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 11 Ukwakira 2017 umusore witwa UWURUGWIRO Amosi wari mu kigero cy’imyaka 28 y’amavuko yaburiwe irengero nyuma yo gutwarwa n’amazi ubwo yasengeraga aho...
Mu mpera z’iki cyumweru abakinnyi 28 bagomba kuzakurwamo abazitabira Tour du Rwanda 2017 igiye kuba ku nshuro ya 9 bagiye gusiganwa bimenyereza imwe mu mihanda izakoreshwa muri iri irushanwa....
Ubuyobozi bw’Itorero rya Pantekote mu Rwanda ADEPR bwafashe umwanzuroo guhinduranya abayobozi bari bahagarariye indembo n’uturere mu Rwanda.
UMURYANGO wamenye ko uyu muhango wabaye kuwa 25...
Minisitiri w’intebe Dr Edouard Ngirente yasuye ibikorwa by’iterambere byo mu rwego rw’ubuhinzi n’ubworozi mu turere twa Nyabihu, Musanze na Burera. Yasuye ahatuburirwa imbuto z’ibirayi hifashishijwe...
Abafite ubumuga mu Rwanda baravuga ko bafite imbogamizi zo kutagerwaho na gahunda za leta zigamije kuvana abaturage mu bukene zirimo VUP n’inkunga y’ingoboka, bagasaba ko bakwibukwa, ndetse...
None kuwa Kabiri tariki ya 5 Ugushyingo 2017, Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul KAGAME.
Ibyemezo byose by’inama...
Kuri iyi tariki, Maj. Gen. Paul Kagame wari Umugaba Mukuru w’Ingabo za FPR Inkotanyi, yatangaje ko atangije intambara kuri Leta yakoraga Jenoside kuko bitari bigishoboka kubahiriza amasezerano...
Abantu bane nibo bahitanywe n’ impanuka y’ imodoka ya Nile Safari yavaga i Rubavu yerekeza i Kigali yagonze umunyegare n’ababyeyi babiri bahetse abana mu gitondo cyo kuri uyu wa...