Bamwe mu bakobwa bo mu murenge wa Shyira mu karere ka Nyabihu batangaje ko basigaye bahitamo gukundana n’abagabo bubatse ndetse bakabatera inda kubera ko abasore bafite gahunda yo kubaka urugo...
Uwitwa Ntegerejimana Christophe w’imyaka 37 yarashe mugenzi we witwa Irakoze Kevin w’imyaka 32, mu gitondo cyo ku wa Gatatu tariki 15 Ugushyingo 2023, bakoranaga mu kigo cya Karisoke Research...
Mushimiyimana Emmanuel w’imyaka 23 yatawe muri yombi na Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Nyabihu akekwaho gukoresha no gukwirakwiza amafaranga y’amahimbano.
Umuvugizi wa Polisi mu Ntara...
Abaturage bo mu murenge wa Mulinga mu karere ka Nyabihu baravuga ko muri iyi minsi hari kwigaragaza urugomo rukabije rukorwa n’abagize urwego rusanzwe rufasha inzego z’ibanze mu gucunga umutekano...
Tariki 25 Nyakanga 2017 Paul Kagame watanzwe na FPR Inkotanyi yagombaga kwiyamamariza mu turere twa Musanze, Nyabihu na Rubavu. Mu gitondo cyo ku wa kabiri byatunguye benshi ubwo hatangazwaga ko...
Paul Kagame watanzwe n’ishyaka FPR Inkotanyi yabwiye abaturage ba Nyabihu ko bwaki ikwiye gucika uko byagenda kose. Yanavuze ko ubukene atari ikintu buri wese yakwiratana ahubwo ko bukwiye gucika...
Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 27 Gicurasi 2017, Umuryango w’Abacitse ku Icumu Barangije Amashuri Makuru na Kaminuza (GAERG) uribuka imiryango yazimye, uyu muhango uzabera mu Ntara...
Abaturage bo mu Murenge wa Shyira mu Kagari ka Kanyamitana bavuga ko bahangayikishijwe bikomeye n’umusozi wa Gisuma urimo kugenda urigita ukanatenguka, aho imiryango iwutuyeho ishobora guhura...
Abagiraneza bishyize hamwe mu karere ka Rwamagana bashumbushije inka zirindwi, zirimo izikamwa n’izihakana Ndabarinze utuye mu karere ka Nyabihu,uherutse gutemerwa inka ze 12 n’umugizi wa...
Kuri uyu wa Gatanu mu Turere 27 two hirya no hino mu Rwanda hakozwe amatora y’abagize Komite Nyobozi barimo ba Meya bagarutse nka Richard Mutabazi wa Bugesera,Sebutege Ange wa...
Imyaka 29 irashize Jenoside yakorewe Abatutsi ibaye, hari bimwe mu bikorwa by’ubwicanyi byaranze tariki ya 7 Mata 1994, nk’uko byatangajwe na Komisiyo y’Igihugu yo kurwanya Jenoside (CNLG).
Kuri...
Mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatatu tariki 10 Gashyantare 2021 nibwo hamenyekanye ko imvura nyinshi yaraye iguye mu turere twa Rubavu, Nyabihu, Rutsiro na Ngororero yatumye umugezi wa Sebeya...
Abahagarariye urubyiruko mu turere twa Gisagara,Huye,Nyabihu,Ngororero na Nyamagabe dukoreramo umushinga wa Never Again Rwanda witwa Inzira nziza batangaje ko urubyiruko bahagarariye rufite...
“Gasasangutiya” ni izina rya kamwe mu duce two mu Rwanda atangaje cyane . aka gace kakaba gaherereye mu Kagari ka Rubaya mu Murenge wa Mukamira mu Karere ka Nyabihu. Ubu akaba ari agasoko...
Uyu munsi tariki ya 13 Nyakanga 2020,abanduye Coronavirus bashya mu Rwanda ni 41 barimo aba Kigali:22 (itsinda riri mu kato ryitabwaho by’umwihariko), Nyabihu:8 (Abafungiye muri za kasho),...
Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 14 Nyakanga 2020, abanduye Coronavirus bashya mu Rwanda ni 38 barimo aba Kigali:18 (itsinda riri mu kato), Nyamasheke:12 (bapimiwe ahagaragaye ubwandu bwinshi),...
Kuri iki cyumweru tariki ya 19 Nyakanga 2020,mu Rwanda habonetse abantu 43 banduye COVID-19.Abagaragawe kwandura Coronavirus barimo abo mu mujyi wa Kigali:34 (Itsinda riri mu kato ryitabwaho...
Abasirikare bo mu mutwe warindaga Perezida Habyarimana ku isonga ryo gutsemba Abatutsi muri Kigali
Mu ijoro ryo ku itariki ya 06 rishyira iya 07 Mata 1994, nyuma y’ihanurwa ry’indege Falcon 50...
Umuyobozi w’Ingabo mu Turere twa Rubavu, Rutsiro na Nyabihu, Lt Col Ryarasa William yasabye abaturage kuba maso, kuko abagize umutwe w’iterabwoba wa FDLR bateguye ibikorwa byo guhungabanya...
Ministeri y’ibikorwa by’ubutabazi iratangaza ko abantu 72 ari bo bamaze kumenyekana ko bishwe n’ibiza byatewe n’imvura yaguye mu ijoro ryo ku wa Gatatu rishyira ku wa Kane w’iki...
Minisiteri y’Uburezi yatangaje ko iri gukurikiranira hafi ikibazo cy’indwara y’amayobera yateye mu bigo by’amashuli byigamo abakobwa gusa birimo GS Rambura Filles yo mu karere kaNyabihu na NEGA...