Perezida Kagame yasuye mu rugo umukecuru witwa Nyiramandwa Rachel w’imyaka 110 mbere yo kuganira n’abaturage mu ruzinduko yagiriye mu karere ka Nyamagabe.
Kuri uyu wa Gatanu nibwo Perezida Kagame...
Polisi y’u Rwanda yafashe urumogi rwari rutwawe n’abagabo babiri barushyize mu ifu ya kawunga. Urumogi rwari mu modoka ya “Taxi Voiture” yo mu bwoko bwa Toyota Corolla ipakiyemo imifuka itatu...
“Mu Kunyu” ni iriba rihiye bivuze ko rivubukamo amazi arimo umunyu. Riherereye mu murenge wa Uwinkingi mu Karere ka Nyamagabe.
Riri ku rugabano rw’umurenge wa Uwinkingi n’uwa Buruhukiro, iruhande...
Abaturage bo mu Karere ka Ruhango bategerezanyije ubwuzu Perezida Paul Kagame watangiye urugendo rw’iminsi ine agirira mu Ntara y’Amajyepfo n’iy’Iburengerazuba mu rwego rwo gusura...
Abakekwaho kuba inyeshyamba za FLN barashe ku mudoka itwara abagenzi muri Nyungwe, bica umushoferi n’umugenzi bakomeretsa n’abagenzi 6.
Aba bagizi ba nabi bategeye iyi modoka Kitabi mu karere ka...
Kuri uyu wa Gatanu mu Turere 27 two hirya no hino mu Rwanda hakozwe amatora y’abagize Komite Nyobozi barimo ba Meya bagarutse nka Richard Mutabazi wa Bugesera,Sebutege Ange wa...
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko kuri uyu wa Mbere, nta muntu wishwe na COVID-19 mu Rwanda kuko abo imaze gutwara ubuzima bakiri 349. Uyu munsi habonetse abarwayi bashya 42 mu gihe abantu bakize...
Kuri uyu wa kabiri tariki ya 27 Mata 2021, Minisiteri y’Ubuzima yihanganishije umuryango w’umugabo w’imyaka 69 ukomoka mu Karere ka Huye ubaye uwa 331 witabye Imana azize icyorezo cya...
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko kuri uyu wa kabiri tariki 20 Mata 2021, Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko abantu bashya 71 banduye icyorezo cya COVID-19, bituma abamaze kwandura mu Rwanda bose...
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko umuntu umwe yahitanywe n’icyorezo cya COVID19 bituma umubare kimaze guhitana uba 308.Ni mu gihe abanduye bashya ari 135, na ho abakize ni 126. Abarembye ni 5....
Uwitwa Col. Sinayobye Bernabé wari umuyobozi wungirije w’umutwe w’Ingabo wa FLN,wakoranaga na Sankara wari umuvugizi wayo,biravugwa ko yashimutiwe mu gihugu cya Tanzania n’abantu...