Ikipe ya Amagaju FC ngo irashaka amanota atatu mu mukino uyihuza na Rayon Sports kuri iki cyumweru tariki ya 4 Ukuboza.
Ni mugihe ku rutondwe rwa Shampiyona rw’ gataeganyo Amagaju ari ku mwanya...
Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 3 Ukuboza 2016, Ikipe ya Kirehe FC inganyije na Police FC igitego 1-1, mu mukino w’umunsi wa karindwi wa shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda, Azam Rwanda...
Guhera saa yine z’amanywa kuri uyu wa Kane tariki 1 Ukuboza ,2016 ku rwego rw’uturere mu tw’Intara y’Amajyepfo haratangira amatora y’uzasimbura Senateri Jean de Dieu Mucyo witwabye Imana mu kwezi...
Iminsi itatu yo kwiyamamaza isize Paul Kagame yizejwe gutorwa ijana ku ijana.Paul Kagame uhatanira kuyobora u Rwanda ageze ku umunsi wa Gatatu w’ibikorwa byokwiyamaza.
Ibikorwa byo kwiyamamaza...
Umukandida ku mwanya wa Perezida wa Repubulika Mpayimana Philippe yatangaje imbogamizi ebyiri yahuye nazo mu gikorwa arimo cyo kwiyamamariza kuyobora u Rwanda avuga ko imwe muri zo yamaze...
Polisi y’u Rwanda iratangaza ko umutekano muri iki gihe cyo kwamamaza abakandida kumwanya wa Perezida wa Repubulika ari wose haba ahiyamamarizwa, mu muhanda ndetse no mu gihugu hose.
Avuga uko...
Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 18 Nyakanga 2017; Umukandida wa FPR Inkotanyi, Paul Kagame, yakomeje urugendo rwo kwiyamamaza mu Karere ka Ngororero na Muhanga.
Ni nyuma yo kuva mu turere turindwi...
Perezida wa Komisiyo y’Amatora, Prof Kalisa Mbanda, nyuma yo kuvuga aya majwi y’ibanze yagize ati “Twavuga ko afite [Paul Kagame] amahirwe yo kuzakomeza kuba uwa mbere akaba azatsindira uyu mwanya...
Abatuye umurenge wa Nkombo ugizwe n’ ikirwa kinini kiri mu mazi y’ ikiyaga cya Kivu bavuga ko hari igihe umubyeyi ava muri uyu murenge akabyarira ku nkombe z’ ikiyaga cya Kivu habuze...
Minisitiri w’Intebe mu Rwanda, Dr Edouard Ngirente, yandikiye abaminisitiri bose n’Abanyamabanga ba Leta abamenyesha ko buri wese yongerewe inshingano zo gukurikirana akarere yashinzwe.
Hejuru...
Umugore witwa Niyonsaba Mukasakindi wo mu murenge wa Mbogo akarere ka Rulindo mu Ntara y’Amajyaruguru, uvuga ko yahoze ari umukozi wo mu rugo, akaba atazi gusoma no kwandika avuga ko yinjiza 4...
Akarere ka Rwamagana niko kabaye akambere mu kwesa imihigo y’ umwaka wa 2016/2017 kavuye ku mwanya wa 17 kariho mu mwaka wa 2015/17. Ubushize Rwamagana yari yagize amanota 74,26% ubu yagize 82.2%....
Dr Agnes Binagwaho wabaye Minisitiri w’ubuzima mu Rwanda, yagizwe umuyobozi mu kigo cy’ubuvuzi ‘The National Academy of Medecine[NAM]’ cyashinzwe mu 1970 gihuriza hamwe abamenyi mu ngeri...
Guverinoma y’ u Rwanda n’ abafatanyabikorwa bayo bihaye intego yo kurandura inzara no kudahaga bitarenze umwaka wa 2025.
Ubushakashatsi bwakozwe muri 2015 bwagaragaje ko mu banyarwanda 100, 80...
Ubuyobozi bw’Itorero rya Pantekote mu Rwanda ADEPR bwafashe umwanzuroo guhinduranya abayobozi bari bahagarariye indembo n’uturere mu Rwanda.
UMURYANGO wamenye ko uyu muhango wabaye kuwa 25...
Ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije (Democratic Green Party of Rwanda), riravuga ko rifite icyizere ko mu matora y’ abadepite ateganyijwe umwaka utaha rizitwara neza ku buryo...
Ikipe ya APR FC ifite amahirwe menshi yo kurara ku mwanya wa mbere by’agateganyo ku rutonde rwa shampiyona y’u Rwanda igeze ku munsi wa 9, aho isabwa gutsindira Amagaju ku kibuga cyayo uyu munsi...
None ku wa Gatatu, tariki ya 14 Gashyantare 2018, Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul KAGAME.
Inama y’Abaminisitiri...
Umutoza w’ikipe ya Kiyovu Sports Casa Mbungo Andre yatangaje ko nta gitutu afite cyo gutwara igikombe cya shampiyona uyu mwaka cyane ko ingengo y’imari bafite ntaho ihuriye n’iya amakipe akomeye...
Amakipe yaterwaga inkunga n’uturere hafi 90% ari mu mazi abira kubera imyanzuro yafatiwe ishobora gutuma yose asenyuka mu mwaka w’imikino utaha azize kubura amikoro ubwo hazaba hashyirwa mu bikorwa...
Rugamba Sipiriyani ni umwe mu bahanzi b’abahanga bishwe mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi mu wa 1994.
Rugamba yari umusizi, umwanditsi w’ibitabo, umushakashatsi ndetse n’umuririmbyi. Rugamba...
Kuri uyu wa Gatandatu nibwo hakomeza imikino y’umunsi wa 16 wa shampiyona y’u Rwanda AZAM Rwanda Premier League yari imaze igihe yarasubitswe kubera gahunda yo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi ku...
Umuhanzi w’indirimbo zihimbaza Imana yavuze ko yarokowe na Mituweri kubera ko atari kubona amafaranga yo kwishyura mu bitaro byo muri Uganda aho yahuriye n’abagizi ba nabi...