SOS Children’s Villages Rwanda is an independent, non-governmental social development organization. The Organization supports vulnerable children and young people in four locations of Kigali,...
Ikipe y’Amagaju FC yo mu karere ka Nyamagabe ikomeje gukanga buri wese nyuma y’aho itsinze Gasogi United igitego 1-0 igafata umwanya wa kabiri muri shampiyona.
Abagore 13 bari barahamijwe icyaha cyo gukuramo inda bari bafungiwe muri gereza ya Nyarugenge, Ngoma Musanze na Nyamagabe nibo bahawe imbabazi bahawe imbabazi na Perezida...
Icyorezo cya COVID-19 giterwa n’agakoko ka Coronavirus cyagaragaye mu bigo by’amashuri bitatu byo mu Ntara y’Amajyepfo mu Turere twa Gisagara na Nyamagabe.
Mu minsi ishize nibwo Paul Rusesabagina yahishuye ko mbere y’uko afatwa yari agiye mu Burundi ariko nyuma aza kwisanga mu Rwanda rwamukurikiranagaho ibyaha by’iterabwoba byahitanye abantu benshi mu...
Kuri uyu wa Kabiri Taliki ya 26 Gashyantare 2019, nibwo perezida Kagame yasuye akarere ka Nyamagabe,aganira n’abaturage barenga ibihumbi 20 bari bamutegereje kuri stade ya Nyagisenyi,barimo...
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwataye muri yombi abandi bantu batandatu barimo Perezida w’Ikipe ya The Winners FA yo mu Karere ka Muhanga, Nshimiyimana David; Umutoza w’iyi kipe y’abana, Mukandamage...
Munyantwali Alphonse wamenyekanye muri politiki arahabwa amahirwe mensho yo kuba umuyobozi mushya wa FERWAFA,nyuma y’iminsi Nizeyimana Olivier wayiyoboraga yeguye.
Kuri uyu wa Gatanu tariki ya...
Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 03 Ukwakira 2020,Minisiteri y’ubuzima yatangaje ko abantu bagaragaweho ubwandu bashya bwa Covid-19 mu Rwanda ari 5 barimo aba Kigali:4 na Nyamagabe:1. Abamaze...
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko mu bipimo 2,207 byafashwe kuri iki cyumweru tariki ya 27 Nzeri 2020,hagaragaye abantu 09 banduye Covid-19 barimo ababonetse I Kigali:6, Nyamagabe:2,...
Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 15 Nyakanga 2020,abanduye coronavirus bashya mu Rwanda ni 19 barimo aba Nyamasheke 12 (bapimiwe mu tugari turi mu kato), Kigali:3, Nyamagabe:2,...
Umusore w’imyaka 21 witwa Ahishakiye Jean Bosco, uvuga ko akomoka mu Murenge wa Nkomane, Akarere ka Nyamagabe, Intara y’Amajyepfo, yafashwe ku manywa y’ihangu n’abaturage bo mu gace ka Kiruhura, mu...
Abahagarariye urubyiruko mu turere twa Gisagara,Huye,Nyabihu,Ngororero na Nyamagabe dukoreramo umushinga wa Never Again Rwanda witwa Inzira nziza batangaje ko urubyiruko bahagarariye rufite...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu Taliki ya 17 Gicurasi 2019,nibwo Nsabimana Callixte wiyita ‘Major Sankara’ wigambye gufata ishyamba rya Nyungwe ndetse no kugira uruhare mu bitero byahungabanyije...
Abarimu b’amashuri abanza n’ayisumbuye bo mu turere tumwe na tumwe two mu ntara y’Amajyepfo bababajwe n’imishahara yabo y’ukwezi kwa mbere yatinze kubageraho aho bamwe bagiye kwivuza ku munsi w’ejo...