Ingabo z’umuryango wa Afrika y’Uburasirazuba zoherejwe guhagarika imirwano muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo zategetswe gutaha nyuma y’amezi 11 zitangiye...
Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye ONU Antonio Gutteres yahamagariye imitwe yose yitwaje intwaro mu burasirazuba bwa RDC kuzirambika hasi ntayandi...
Perezida Félix Tshisekedi yaganiriye ba BBC ku ngingo z’umutekano mu burasirazuba bwa DR Congo, Monusco, umubano na Kabila, ndetse yamuhishuriye ko atakibasha guceza mu gihe cye k’ikiruhuko.
Mu...
Kuva kuwa kane ibikorwa byose mu mujyi wa Bunia birafunze ku busabe bwa sosiyete sivile bw’iminsi itatu nta kintu gikorwa ngo bahe leta ubutumwa, n’icyubahiro ku mpunzi zirenga 50 zishwe abandi 45...
Abapolisi muri Repubulika ya Demokarasi ya Kongo barashe amasasu mu rwego rwo gutatanya abigaragambyaga ko badashaka abasirikare b’Umuryango w’Abibumbye bari mu butumwa bwo kubungabunga amahoro mu...
Urukiko rusesa imanza rwo mu Bufaransa uyu munsi ruratangaza umwanzuro warwo ku kohereza Félicien Kabuga mu rukiko rwa ONU cyangwa se niba azaburanishirizwa mu...
Mu Buyapani hakozwe agapfukamunwa gakoresha ikoranabuhanga ku buryo gashobora gutanga amakuru mu ndimi umunani gakorwa na Sosiyete y’Abayapani yitwa Donut...
Ifatwa rya Félicien Kabuga ryashimishije abari bategereje ko abazwa ibyaha akekwaho bya jenoside barimo n’umunyamabanga mukuru wa ONU/UN Antonio Guterres, gusa umunyamakuru John Allan Namu we avuga...
Umushumba wa kiriziya Gatorika ku isi yose,Papa Francis, kuri iki Cyumweru yifatanyije n’umunyamabanga mukuru wa ONU Antonio Guterres mu gusaba ihagarikwa ry’intambara zose ku isi kugira ngo...
Indege ya Gisirikare ya Afurika y’Epfo[South African Air Force (SAAF) C-130BZ] yari mu butumwa bwa MONUSCO mu Burasirazuba bwa D.R.Congo,yakoreye impanuka ku kibuga cy’indege cya Goma ubwo...
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Burundi yabwiye inama rusange y’umuryango w’abibumbye ko u Burundi bwiteguye neza amatora ya 2020 kandi bwifuza ko aya matora areba u Burundi...
Umukinnyi witwa Mahmut Onur Toprak w’ikipe ya Sanliurfa Genclerbirligi yakoze agashya yereka abafana b’ikipe ya Siverek Belediyespor bari bahanganye igitsina cye ubwo bamutukaga umukino...
Leta ya DR Congo yatangaje ko ituze ryagarutse muri ’centre’ ya Sake muri Masisi nyuma y’uko abantu basaga ibihumbi kuwa gatatu bayivuyemo bagahunga berekeza i...
Umutwe wa M23 ushobora kuba utaribagirwa abasirikare ba Africa y’Epfo na Tanzania bafashije FARDC kubatsinda no kubavana aho bari barafashe mu 2012, gusa ubu hashize imyaka 10 iby’icyo gihe sibyo...
Mu gihe inyeshyamba za M23 zirimo gusatira Umujyi wa Sake nyuma yo gufata igiturage cya Karenga, mu birometero 20 uvuye i Sake, biravugwa ko Ingabo za MONUSCO zo muri Operation Springbok zirunze...
Mu ijoro ryakeye, Umuryango w’abibumbye,ONU,waraye utoye ingingo (résolution) isaba ko habaho guhagarika intambara mu karere ka Gaza ( Trêve humanitaire).
Kugeza mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere intambara irakomeje hagati y’igisiriare cya Israel na Hamas, abamaze gupfa ku mpande zombi bararenga 1,100 kuva kuwa gatandatu mu gitondo Hamas itangira...
Inteko yiga ku murage w’isi y’Ishami rya ONU ryita ku Burezi, Ubumenyi n’Umuco (UNESCO) iteraniye i Riyadh muri Arabia Saoudite kuwa kabiri yemeje Parike ya Nyungwe nk’ahandi hantu hashya ku rutonde...
Urugo rw’umukuru w’umujyi (Mayor) wa Derna mu burasirazuba bwa Libya rwatwitswe, mu gihe abigaragambya babarirwa mu magana basabaga ibisubizo ku myunzure ikaze yabaye mu cyumweru...
Umunyamabanga Mukuru wa LONI, Antonio Guterres ,yasohoye raporo igaragaza uko umutekano wifashe mu Burasirazuba bwa Congo mbere y’uko Misiyo ya Loni muri ako gace ka Congo (Monusco) ifata...