Madamu Jeannette Kagame avuga ko intego u Rwanda rufite ari ukugira umuryango ukungahaye kandi ubasha kwigira. Ibi yabivugiye mu Karere ka Kirehe ubwo yatangizaga gahunda y’ubukangurambaga ku...
Miss Uwase Hirwa Honorine wamamaye ku izina ry’Igisabo yahagurutse mu Rwanda kuwa Gatandatu tariki ya 07 Ukwakira 2017 yerekeza mu gihugu cya Philippines aho yitabiriye irushanwa rya Miss Earth...
Umuhanzikazi Mugemana Yvonne wamenyekanye mu muziki nka Queen Cha aganira n’itangazamakuru yananiwe gusobanura ibijyanye n’ubukwe bwa mubyara we Safi Madiba butavuzweho rumwe.
Queen Cha aganira...
Umuhanzi Ama G The Black umwe mu bahanzi nyarwanda ba baraperi bakunzwe cyane hano mu Rwanda kubera indirimbo zitandukanye yagiye ahimba zigakundwa na benshi ndetse n’ibitaramo yakoreye hirya no...
Niyibikora Safi washakanye na Niyonizera Judithe yatangaje ko guhitamo Riderman ngo amubere Parrain yashakaga ko bagerana akamusobanurira icyo urugo ari cyo,n go nawe igifunguzo yagisigiye...
Abaturage bo mu turere twa Karongi na Rutsiro barishimira umuhanda wa Kaburimbo Kivu Belt bahawe na perezida wa Repubulika, bakaba bemeza ko woroheje ubuhahirane hagati ya bo n’ibindi bice...
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Mbere tariki ya 02 Ukwakira 2017 abayobozi batandatu bo mu Karere ka Kamonyi beguriye icyarimwe ku mpamvu bavuga ko ari izabo.
Ibi bije nyuma y’igenzura rimaze iminsi...
Ku mugoroba wo kuri uyu wa 01 Ukwakira 2017 nibwo habaye umuhango wo gusaba no gukwa aho Safi Madiba yasabye anakwa umukunzi we,Niyonizera Judithe bari bamaze iminsi babana mu inzu imwe.Ni nyuma...
Niyibikora Safi wamamaye nka Madiba wo mu itsinda rya Urban Boys, kuri iki cyumweru tariki ya 01 Ukwakira yasezeranye imbere y’amategeko y’U Rwanda n’umukunzi we,Niyonizera Judithe bari bamaze...
Ishimwe Clement umuyobozi w’Inzu itunganyamuzika ya Kina Music akaba umutambukanyi wa Ingabire Jean d’Arc wiyeguriye muzika nka Knowless, yamwifurije isabukuru nziza y’amavuko agira n’icyo...
Umuhakanzika mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Aline Gahongayire yatunze urutoki itangazamakuru ryakomeje kwandika no gusesengura umubano wihariye yari afitanye n’umugabo we, ngo iteka...
Perezida wa Sena y’ U Rwanda, Makuza Bernard, ubwo yatahaga ku mugaragaro umudugudu w’ ikitegererezo mu karere ka Huye, umudugudu wubatse mu murenge wa Simbi mu kagari ka Kabusanza, yibukije...
U Rwanda ruri gukora inyigo ku gihingwa cy’imigano kugirango nayo igire uruhare mu kuzamura umusaruro ukomoka ku mashyamba. Uretse kuba imigano irwanya isuri, bamwe mu baturage bayikoramo...
Icyegeranyo cy’ihuriro mpuzamahanga mu bukungu kiragaragaza ko u Rwanda rwazamutseho umwanya umwe ku mugabane wa Afrika mu bigihugu bihagaze neza mu bukungu (Global Competitiveness Report...
Umubyeyi witwa Dusabimana Mediatrice wabyariye mu bitaro bya Gisirikare i Kanombe mu mwaka wa 2010, amaze imyaka irindwi ari muri koma kubera ikinya yatewe cyamuhezemo kugeza ubu.
Umugabo we...
Minisiteri y’ubuzima ifatanyije na Minisiteri y’umurimo, bari mu gikorwa cy’ubukangurambaga cyo kurwanya no kwirinda indwara zinyuranye zitandura. Ni muri urwo rwego hatangiye igikorwa kizamara...
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yitabiriye umuhango w’irahira rya Perezida mushya w’igihugu cya Angola João Lourenço. Ni umuhango wabereye mu murwa mukuru i Luanda muri Angola aho ishyaka rya...