Itsinda ry’abayobozi bo hejuru mu ishyaka CPC (Communist Party of China) riyoboye Ubushinwa batangiye uruzinduko rw’iminsi 3 mu Rwanda rugamije gusangira ubunararibonye no kubaka ubushobozi hagati...
Nshimiyimana Muhamed [Nizzo] wo mu itsinda rya Urban Boyz ari mu rukundo n’umukobwa akaba atuye mu Busuwisi yitwa Nisingizwe Solange, bivugwa ko umucuruzikazi wibera mu Busuwisi.
Nizzo afite...
Ruhumuriza James wamamaye nka King James uri kubarizwa muri Leta zunze ubumwe zaAmerika,yamaze gutangaza ko inkuru z’urukundo zamuvuzweho ndetse n’ubukwe bwatangaje kuri we azabitangariza kuri...
Umuyobozi w’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda FERWAFA, Nzamwita Vincent De Gaulle yatangaje ko umukino wahuje Rayon Sports na APR FC wabaye ku wa 23 Nzeri 2017 ugomba gusubirwamo nk’uko...
Bamwe mu batuye akarere ka Huye bavuga ko gukora siporo bibafasha kugira ubuzima bwiza birinda kurwaragurika ndetse bikanatuma basabana. Ibi babigarutseho kuri iki cyumweru ubwo bahuriraga mu...
Perezida wa Republika Paul Kagame avuga ko amavugurura y’umuryango wa Afurika yunze ubumwe yari akwiye kuko imikorere myiza y’uyu muryango idafitiye inyungu abanyafurika gusa ahubwo no ku bandi...
Isoko mpuzamahanga ry’amabuye y’agaciro guhera mu cyumweru gishize riragaragaza ukuzamuka gutunguranye kw’ikiguzi cy’amabuye y’agaciro ya Tungsten aya kandi akaba ari amabuye y’agaciro aza ku mwanya...
Igikorwa cyo gutera umuti wica imibu mu nzu z’abaturage mu karere ka Kirehe cyatangiriye mu murenge wa Gatore. Biteganyijwe ko mu minsi 20 kizamara hazaterwa mu ngo zigera ku bihumbi 85873 mu...
Bamwe mu barimu mu mashuri abanza n’ayisumbuye basaba ko ingengabihe y’umwaka w’amashuri yasubizwa mu kwezi Kwa cyenda nk’uko byahoze, kuko kwiga mu gihe cy’impeshyi ngo bigora abanyeshuri bigatuma...
Inteko rusange y’umuryango w’abibumbye irateganya gutangira imirimo yayo kuri uyu wa kabiri i New York muri leta zunze ubumwe za Amerika ikaba izaganira ku ngingo zitandukanye cyane cyane harimo...
Umuririmbyi Meddy wari umaze imyaka irindwi adakandigira mu Rwanda, yahamije ko iyo aba ari mu gihugu irushanwa rya Primus Guma Guma Super Star rigatangira ahari atari gukandigizamo ikirenge, ngo...
Raporo ya Banki nkuru y’ u Rwanda BNR igaragaza uko urwego rw’imari ruhagaze mu mezi 6 ya mbere y’uyu mwaka wa 2017, iragaragaza ko ibigo by’imari byo kubitsa no kuguriza, microfinance, muri rusange...
Mu kiganiro Umubyeyi (Ise) wa Dr.Ngirente Eduard yagiranye na RBA, yahamije ko yareze abana be gitore, ngo yabanyujijeho agashari (inkoni) agamije kubaremamo abagabo n’abagore bazarangamirwa...
Abayobozi bakuriye iperereza rya Gisirikare mu bihugu bigize umuryango wa Afrika y’iburasirazuba bari kuganira uburyo barushaho gukomeza ubufatanye mu kubumbatira umutekano n’ubusugire bw’ibihugu 6...
Urwego ngenzuramikorerere RURA, rurakangurira abamotari guhindura imyumvire bakumva ko isuku ku mubiri wabo, ku byo bambaye ndetse no ku binyabiziga baba batwayeho abagenzi ari ngombwa. Abagenzi...
Bamwe mu banyamadini baravuga ko bahisemo kujya batanga amaraso nk’ituro ku Mana kuko ayo maraso aba azarokora ubuzima bw’abantu batari bacye. Ni mu gihe bamwe mu baforomo bashinzwe igikorwa cyo...
Bamwe mu rubyiruko baravuga ko iyi myaka irindwi ya manda nshya ya Nyakubahwa perezida wa repubulika Paul KAGAME izarangwa n’ibikorwa bifatika bigamije cyane cyane guhangana n’ikibazo...
Amakuru aturuka I Vatican aravuga ko indege itwara umushumba mukuru wa kiliziya gatorika ku Isi Papa Francis kuri ubu uri mu ruzinduko rw’ iminsi itanu mu gihugu cya Colombia yahinduye amayira...