Minisitiri w’Ubuzima, Dr Ngamije Danielyaraye agiranye ikiganiro na RBA ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatandatu, cyagarutse ku ntambwe u Rwanda rumaze gutera ruhangana n’icyorezo cya COVIDー19...
Minisitiri w’Ubuzima,Dr Ngamije Daniel yatangarije RBA ko abantu 11 bari mu bitaro barwaye Coronavirus mu Rwanda bakize ndetse uyu munsi bakaba basezererwa nyuma yo gupimwa n’abaganga bagasanga...
Kuri iki cyumweru taliki ya 22 Werurwe 2020, abayobozi barimo batandukanye barimo Minisitiri w’Ubuzima Dr. Ngamije Daniel, Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Prof. Shyaka Anastase, n’Umuvugizi wa...
Kuri uyu wa Kabiri taliki ya 31 Ukuboza 2019,Perezida Kagame yagiranye ikiganiro kirambuye na RBA aho yavuze ku ngingo nyinshi zirimo imbogamizi u Rwanda rwahuye nazo mu kugera ku cyerekezo...
Mu minsi ishize nibwo umuhanzi Humble Jizzo wo mu itsinda rya Urban Boys yagarutse mu Rwanda n’umukunzi we aho bavuye muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika kwa...
Umuhanzi Manzi James uzwi cyane nka Humble_Jizzo, ubarizwa mu itsinda rya Urban Boys, kuri ubu arabarizwa muri Leta Zunze Ubumwe za America aho yagiye kubw’impamvu zinyuranye zirimo n’iz’ibiruhuko...
Umutoza Maurizio Sarri abashije kwegukana igikombe cye cya mbere kuva yakwinjira mu mwuga w’ubutoza,nyuma yo gufasha Chelsea kunyagira Arsenal ibitego 4-1 ku mukino wa nyuma wa UEFA Europa League...
Harabura amasaha make ngo amakipe akomeye mu bwongereza Arsenal na Chelsea bahurire ku mukino wa nyuma wa UEFA Europa League urabera mu mujyi wa Baku mu gihugu cya Azerbaijan uyu munsi saa...
Amakipe 2 yo mu Bwongereza afite abakunzi benshi mu Rwanda,Arsenal na Chelsea zamaze kugera muri ½ cya UEFA Europa League ndetse zishimiye ko zitazahurira muri iki cyiciro kizagena uzerekeza I...
Umwe mu bagore bagiye bavugwaho byinshi hano mu Rwanda uzwi ku izina rya Sacha wigeze no kuririmba nyuma akaza kubireka ndetse akaba yaramenyekanyeho kuba yarigeze no kuba umukunzi w’umuhanzi nawe...
Umukinnyi Wayne Rooney wahoze akinira amakipe akomeye nka Manchester United na Everton mu bwongereza,yaciye ibihuha byavugaga ko agiye gutandukana n’umugore we Coleen,amusohokana ku mucanga wa...
Abacamanza b’Abafaransa Jean Marc Herbaut na Nathalie Poux bari bamaze imyaka myinshi bakora iperereza ku ihanurwa ry’indege ya perezida Habyarimana ryo ku wa 6 Mata 1994,barihagaritse nyuma yo...
Inama Njyanama y’ akarere ka Gicumbi yateranye kuri wa 1 Kamena 2018 yatoreye Umunyamakuru wa RBA Kamili Athanase kuba Umuyobozi w’ akarere ka Gicumbi.
Umuturirwa wa perezida wa USA Donald Trump uherereye mu mugi wa Baku muri Azerbaijan wafashwe n’inkongi y’umuriro,abashinzwe kuzimya umuriro baratabara.
Mu gitaramo cyabaye mu ijoro ryashyize i Musanze umukobwa yarize arahogora afite icyifuzo cyo gukora kuri Safi ndetse no kumuryamaho.
Ibi byabaye ubwo umuhanzi Safi Madiba yajyaga ku rubyiniro...
Humble Jizzo yatangaje ko yaganiriye n’abo mu muryango w’umukunzi we bamubwira ko nta mpamvu yo gutanga inkwano ahubwo ko azashaka ibindi yakora bisimbura uwo muhango yari gukora.
Uyu muhanzi...