Babinyujije kuri ku rukuta rwa Instagram rwa Humble Jizzo ,bamwe bagize bati” "Muve mu byo murimo muduhe umuziki kubera ko mwaradutereranye ndetse nta n’ahantu hagaragara mwadusize ku buryo muzaza...
Amasezerano hagati ya Rwanda Premier League na RBA ashobora kudasinywa nkuko byari biteganyijwe, bamwe mu banyamuryango ntabwo babyumva kuko Frw 280m barasanga ari make...
Umuyobozi wa Rwanda Premier League,Hadji Mudaheranwa, yavuze ko nta gihindutse, iki cyumweru kirarangira bamaze kumvikana na RBA, ku masezerano yo kwerekana shampiyona y’u...
Humble Jizzo umwe mu basore batatu bari bagize itsinda rya Urban Boys yatangaje ko Safi Madiba yasezeye kuri iri tsinda rimaze imyaka icyenda rikora umuziki.
Safi Madiba uherutse gusezerana n’...
Mu gitaramo cyateguwe na Munyeshyaka Claude cyagombaga kubera i Rwamagana hagaragaye kutumvinaka bituma abahanzi babarizwa mu itsinda rya Urban Boyz n’ aba Jay Polly bataririmba bitera abafana...
Abanyamakuru babiri bari bakunzwe kuri RBA Mbabazi Fiona na Bienvenue Redemptus basezeye nyuma y’igihe kinini bakorera iki kigo cy’Igihugu y’Itangazamakuru.
Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame uri muruzindo rw’akazi mu gihugu cya Barbados yateye igiti cy’urwibutso mu mu busitani bw’iki gihugu buzwi ku izina rya ‘Barbados National Botanical Gardens’ .
Ni...
Mu mpera z’iki cyumweru dusoje, mu ijoro ryo ku wa Gatandatu, ni bwo itsinda rimenyerewe cyane mu muziki wa hano mu Rwanda ryataramiye abakunzi baryo n’abandi benshi bari bataramiye mu tubyiniro 2:...
Itsinda rya Urban Boys rimaze kuba ubukome muri muzika bamaze kunona umushinga w’indirimbo bafatanyije na Kitoko Bibarwa uri mu Rwanda nyuma y’imiyaka igera kuri itanu adakandira mu gihugu.
Aba...
Paul Kagame uri mu ruzinduko rw’akazi mu gihugu cya Barbados yagaragaye akina Tennis yo ku muhanda (Road Tennis) isanzwe imenyerewe cyane muri iki gihugu.
Ibihugu bya Armeniya na Azerbayijani byasakiranye ku munsi wejo hashize , hapfa abasirikare hafi ijana ku mpande zose. Ibi bihugu birapfa intara ya Nagorno-Karabakh buri ruhande rwita...
Ibihugu bya Armeniya na Azerbaijani bisa n’ibyashyitse ku masezerano yo guhagarika intambara, imaze guhitana abasirikare bo ku mpande zombi barenga 170 kuva itangiye muri iki...
Itsinda rya Urban Boys rigizwe na Safi Madiba, Nizzo Kaboss ndetse na Humble Jizzo bamaze gushyira hanze indirimbo bise ‘Mama’ iri no gutunganyirizwa amashusho kuburyo mu minsi ya vuba aba yagiye...
Ni inkuru idashobora kumvikana neza mu mitwe ya bafana be!Urban Boys imyaka icumi bafatanye agatoki Safi na Nizzo barekurana!Humble Jizzo yakomeje kugaragaza ko ariwe mukuru muri bose agatuza...
Ku munsi w’ejo taliki ya 10 Ugushyingo 2017 nibwo itsinda rya Urban boys ryagiranye ikiganiro n’itangazamakuru riboneraho no gutangaza ko ritakigizwe n’abasore batatu ahubwo ko hasigaye babiri kandi...