Umunyamakuru Nkurayija Innocent Didier wakoreraga RBA mu karere ka Rubavu yaraye yitabye Imana aguye mu bitaro bya Gisenyi biri mu karere ka Rubavu, aho yari amaze iminsi arwarire.
Uyu musore...
Umuririmbyi Safi Madiba wahoze aririmba mu itsinda Urban Boys ryamenyekanye mu muziki w’u Rwanda, yahishuye ko hari ibintu bitatu byamusigaye ku mutima n’ubwo yamaze gutandukana na bagenzi be...
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda,FERWAFA,ryemeje ko amakuru avugwa ko bari mu biganiro na BRALiRWA na RBA gusa ihakana ibyavuzwe n’umwe mu banyamakuru ko yanze miliyoni 360 FRW iri...
Umunyamakurukazi wamenyekanye cyane mu Rwanda ndetse akagira igikundiro,Tidjara Kabendera,yamaze gusezera ku mirimo ye mu kigo cy’igihugu cy’Itangazamakuru nyuma y’imyaka 18 yari amaze...
Umuyobozi w’Inama y’Ubuyobozi ya Rwanda Premier League, Mudaheranwa Hadji Youssuf, yemeje ko RBA izongera kwerekana Shampiyona guhera mu mpera z’icyumweru.
Miss Iradukunda Michele, umunyamakuru kuri Televiziyo y’u Rwanda na Magic FM yahishuye ko muri kanama 2017 aribwo azakora ubukwe n’umukunzi we David bamaranye imyaka itandatu mu munyenga...
Miss Iradukunda Michele, umunyamakuru kuri Televiziyo y’u Rwanda na Magic FM yarushinga n’umukunzi we David bamaranye imyaka itandatu mu myenga w’urukundo.
Ubukwe bw’aba bombi bwabereye mu Ntara...
Bimwe mu byahishwe mu bagize itsinda rya Goodlife biri kugenda bihishurwa nyuma y’urupfu rwa nyakwigendera Mowzey Radio washyinguwe ku wa Gatandatu w’icyumweru gishize aho ibihumbi 2 by’amadolari...
Miss Chanel abazwa uwo ashobora guha igikombe hagati ya Urban Boys na Dream Boys yavuze ko yabanza kubitekereza abajijwe niba indirimb zabo azizi yasubije ko...
Mu bihembo byo guhemba bimwe mu byamamare byitwaye neza mu marushanwa ya ‘Kiss Summer Awards’ mu matsinda atandukanye byegukanywe na Bob Pro ,The Ben ndetse na Urban Boys...
kuri uyu wa Kabiri tariki 25 Ukuboza 2018 mu ijoro rya Noheli muri Kigali Exhibution mu mujyi wa Kigali habereye igitaramo cya Xmass Celebrities Party aho ibyamamare bitandukanye byasabanye...
Niyibikora Safi uzwi mu muziki nka Safi Madiba yambuwe uburenganzira bwose ku bihangano yakoreye muri The Mane yamufashaga mubya muzika nyuma yo kwitandukanya na Urban...
Luckyman ukora muri RBA, kuri iki Cyumweru yavuze ko yumva abahanzi bose baba hanze y’u Rwanda bagaruka bagakorera umuziki wabo mu gihugu, kuko byazamura umuziki Nyarwanda ku rwego...
Umunyamakuru Gerard Mbabazi, uri mu bakunzwe cyane kuri RBA cyane cyane mu biganiro nka Samedi Detente gitambuka kuri Radio Rwanda ku wa Gatandatu ndetse n’ikiganiro Zoom In gitambuka kuri...
Barbados yatoye perezida wayo wa mbere mu gihe iri kwitegura kuba repubulika, ikavanaho Umwamikazi Elizabeth nk’umukuru w’igihugu.
Dame Sandra Mason, w’imyaka 72, biteganyijwe ko azarahira tariki...
Itsinda rya Urban Boys rigizwe na Safi, Nizzo na Humble Jizzo baravugwa mu bujura ndetse no kwirengangiza mugenzi wabo DJ Denischeetah wabafashije kwegukana PGSS6, ariko nyuma yayo ngo ntibongeye...
Tracy Agasaro umunyamakuru wa RBA na Rene Patrick umuririmbyi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana basezeranye kubana akaramata kuwa 04 Ukuboza 2021, bahishuye ko bakundanye mu buto,...
Umunyamakuru wa RBA ukunzwe mu myidagaduro,Luckman Nzeyimana,yemeye gutanga umwana we w’imfura ngo abe umufana wa Rayon Sports,kubera ibyo yari yavuze mbere y’umukino ko APR FC inyagira Rayon...
Umunyamakuru wa RBA, Rugaju Reagan,umaze kwigarurira benshi kubera ubuhanga bwe mu gusesengura,yavuze ko umutoza wa APR FC nta bushobozi afite bwo kuyindura ikipe ikomeye nubwo afite...
Manzi James wamamaye nka Humble Jizzo umwe mu baririmbyi ba Urban Boys bagaragaza ingufu ku rubyiniro, yatangaje ko umwaka wa 2017 mu Kuboza usiga yambikanye iy’urudashira n’umukunzi we...
Abahanzi barindwi bo mu Rwanda, bashyizwe ku rutonde rw’abagomba guhatanira ibihembo bikomeye bitangirwa mu gihugu cya Uganda byiswe ’HiPipo Music Awards’ bizatangwa kuwa 8 Gashyantare 2017 i...