Igisirikare cy’u Rwanda [RDF] cyatangaje ko abasirikare babiri bacyo bashimuswe n’Ingabo za FARDC zifatanyije n’umutwe wa FDLR ubwo bari ku burinzi.
Mu itangazo RDF yashyize hanze,yasabye ingabo...
Ku cyumweru, tariki ya 29 Gicurasi, Perezida w’umuryango w’ubumwe bw’Afurika, Perezida wa Senegal, Macky Sall, yasabye ko habaho ibiganiro hagati y’u Rwanda na DR Congo mu gihe amakimbirane ari...
Mu mirwano ikaze hagati y’ingabo za FARDC n’iumutwe wa M23 yongeye gutangira mu gitondo cyo kuri uyu wa gatanu mu gace ka Rutshuru,igisirikare cya RDC cyitwa FARDC cyashinje u Rwanda gutera ku...
Guverinoma ya Repubulika ya Demokarasi ya Kongo yashyize hanze imyirondoro y’abo yise abatasi b’u Rwanda ndetse n’abanyekongo bakoranaga ngo binjiye mu mujyi wa Kinshasa binyuze mu muryango[ONG]...
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko itishimiye uburyo Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ikomeje kwirengagiza ingingo zikomeye zemerejwe mu nama ya Luanda, ahubwo igakoresha imvugo zisa...
Umutwe w’itwaje intwaro wa CNRD/FLN urwanya Ubutegetsi bw’u Rwanda, biravgwa ko ugiye gufasha Leta ya Repulika ya Demokarasi ya Congo kurwanya M23.
Amakuru aturuka muri kivu y’Amajyepfo, avuga ko...
Igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo FARDC, cyongeye kwikora mu nda,ubwo cyamenyaga ko mu bitero by’indege giheruka kugaba ku mutwe wa M23, cyishe Col uzwi ku kazina ka “Niko” umwe mu...
Abaturage muri segiteri za Mpati, Kibachiro, Bibwe na Nyange muri Bashali, Mokoto ho muri Teritoire ya Masisi muri Kivu ya Ruguru bamaze gutatanira mu mashyamba guhera mu mpera z’icyumweru...
Umutwe wa CNRD/FLN urwanya Ubutegetsi bw’u Rwanda, wemeje ko uri gufasha Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo FARDC kurwanya M23 mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.
Mu itangazo uyu...
Perezida wa Angola, João Lourenço, akaba n’umuhuza mu bibazo by’umutekano mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yabwiye France24 ko batazemera RDC n’u Rwanda bigera aho...
Minisitiri w’Ingabo wungirije wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yatangaje ko Ingabo z’iki gihugu ziryamiye amajanja bijyanye no kuba hari impungenge z’uko isaha n’isaha zishobora guterwa...
Ubuyobozi bwa sosiyete sivile ya teritware ya Nyiragongo mu ntara ya Kivu ya ruguru burasaba ingabo za Kongo FARDC kongera imbaraga mu kurinda umupaka iki gihugu gihana n’abaturanyi b’u...
Ubuyobozi bwa sosiyete sivile ya teritware ya Nyiragongo mu ntara ya Kivu ya ruguru burasaba ingabo za Kongo FARDC kongera imbaraga mu kurinda umupaka iki gihugu gihana n’abaturanyi b’u Rwanda....
Umutwe wa M23 wafashe Kilolirwe nyuma yo kwirukana FARDC na FDLR bakorane ndetse n’indi mitwe yitwara gisirikare iheruka kwica abatutsi no kubaitwikira amazu mu minsi...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa kane tariki 23 ugushyingo 2023 hazindutse imirwano ikaze hagati y’ingabo za FARDC ,FDLR,MAIMAI na Wazalendo bahanganye n’umutwe wa M23 hakaba humvikanyemo imbunda...
Umuvugizi wa Leta ya Congo, Patrick Muyaya,yemeje ko batazaganira n’umutwe wa M23 cyangwa ngo bemere ko abarwanyi b’uwo mutwe binjizwa mu gisirikare cya Leta kuko ngo batifuza kongera gukora...
Ibiro bya Perezida wa leta Zunze Ubumwe za Amerika byatangaje ko agahenge k’amasaha 72 hagati ya M23 na FARDC kiyongeraho ibyumweru bibiri imbunda zicecetse.
Mu mukino yashoboraga gutsinda,ikipe y’igihugu ya RDC yanganyije igitego 1-1 na Zambia bituma idashimisha abatuye muri EAC bari bayishyigikiye cyane ko bari bamaze gutenguhwa na Tanzania yanyagiwe...
Imirwano ikomeye mu misozi iri hejuru y’ikibaya cya Sake – centre iri ku ntera yo hagati ya 20 na 25km mu burengerazuba bwa Goma – yatumye abantu babarirwa mu bihumbi bava mu byabo kuri uyu wa...
Ku wa gatatu tariki ya 28 Gashyantare, urukiko rwa gisirikare rwa Kivu ya ruguru rwakatiye igihano cy’urupfu Colonel Dogmatisa Paluku, umuyobozi wa kabiri ushinzwe ibikorwa by’ingabo za 3410 zifite...
Nibura abasivili cumi n’umunani bishwe ku wa mbere mu gace ka Nyanzale, ahabereye imirwano ikaze hagati y’ingabo za Kongo n’inyeshyamba za M23 muri sheferi Bwito, muri teritwari ya Rutshuru (Kivu...
Amakuru menshi yaturutse muri Sake, muri Kivu y’Amajyaruguru, yatangaje ko kuri uyu wa kane, tariki ya 28 Werurwe,ibintu byakomeje kuba bibi cyane hirya no hino muri uwo...