Umuryango wa Afrika y’Amajyepfo SADC wari uherutse kwamagana ibyavuye mu matora mu buryo bw’agateganyo muri RDC,wamaze kuva ku izima ushimira Felix Tshisekedi ndetse usaba abakongomani bose...
Inyeshyamba zisaga 150 zo mu mutwe wa Mai-Mai ziyemeje kureka kwigomeka ziyoboka ubutegetsi bwa perezida mushya wa RDC, Felix Tshisekedi watorewe gusimbura...
Joseph Kabila wabaye Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ashobora kujya mu mazi abira nyuma y’ifatwa ry’uwo bivugwa ko ari umujyanama wihariye wa Corneille Nangaa washinze ihuriro...
Corneille Nangaa uyoboye ihuriro ARC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Felix Tshisekedi, yabwiye abaturage batuye Kiwanja muri Rutshuru mu ntara ya Kivu ya Ruguru ko impinduramatwara ya M23 mu minsi...
Igihugu cya RDC cyongeye gusabira ibihano u Rwanda mu nama y’ibihugu bigize akanama ka ONU gashinzwe umutekano ku isi yateranye kuwa gatatu,tariki ya 27 Werurwe...
Imirwano ikomeye hagati ya M23 na FARDC n’abambari bayo yaramukiye mu gace ka Bihambwe muri gurupoma Kibabi,aho izi nyeshyamba zigaruriye agace ka Bihambwe.
Imirwano hagati ya M23 na FARDC/Wazalendo, yongeye kubura guhera saa kumi z’igitondo kuri uyu wa Mbere, aho amakuru agaragara ku mbuga nkoranyambaga avuga ko irimo kubera ku gasozi ka Ndumba...
Ingabo zagiye mu butumwa bw’Umuryango Ugamije Iterambere rya Afurika y’Amajyepfo (SADC) muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo,zatangaje ko zikomeje guha imyitozo abasirikare ba FARDC, mu rwego rwo...
Ku wa gatanu, tariki ya 9 Gashyantare, MONUSCO, yemeje ko yiyemeje gushyigikira FARDC mu kurinda umujyi wa Sake (Masisi) n’umujyi wa Goma kurwanya umutwe wa M23 ukomeje kwigarurira ibice byinshi...
Mu kiganiro Tshisekedi yagiranye na France 24 hamwe na RFI cyasohotse kuri uyu wa 16 Ugushyingo 2023, yemeje ko biteguye kurwana n’u Rwanda ndetse ko hari abacancuro bari kuyifasha ku...
Igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) kivuga ko kibabajwe n’urupfu rw’umwe mu basirikare bacyo wiciwe i Goma muri iki cyumweru kandi ko cyatangije iperereza ngo hamenyekane...
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Repubulika ya Demokarasi ya Kongo,Christophe Lutundula,yongeye gushimangira ko igihugu cye kitazigera kiganira n’u Rwanda kubera M23 iri ku butaka bwabo...
Komisiyo ishinzwe amatora muri RDC,CENI,yatangaje kuri uyu wa Gatanu tariki ya 20 Ukwakira ko abakandida 24 aribo bamaze gutanga kandidatire zabo ku mwanya wo kuyobora iki gihugu,mu matora azaba...
Inka zisaga 20 zaburiwe rengero muri Rutshuru , bikekwa ko zatwawe n’abasirikare ba Congo FARDC n’inyeshyamba za FDRL basanzwe bafatanya mu bikorwa byo kurwana na M23 byubuye mu minsi...
Ku munsi wejo hashize tariki ya 10 Nzeri, mu Ntara ya Haut-Uele, Ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) zakozanyijeho n’ingabo za Sudani y’Epfo.
Guverinoma y’u Rwanda n’iya Repubulika ya demukarasi ya Congo (RDC) zahuriye mu nama yo gucyura ku bushake impunzi z’Abanyarwanda n’Abanyekongo zikiri mu bihugu...
FARDC ifatanyije n’inyeshyamba za FDLR na Mai Mai Nyatura yagabye igitero gikomeye ku nyeshyamba za M23 mu gace ka Camp Lake na Mutaho.
Nkuko Rwanda TRIBUNE dukesha iyi nkuru ibitangaza,icyo...
Mu Mujyi wa Sake muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo,hacicikanye indege z’intambara ziri kurekura ibisasu biremereye,kuri uyu wa Gatanu tariki ya 10 Werurwe 2023.
Umwe mu bari i Sake yabwiye...