Umuraperi Bull Dog atangaza y’uko hari abahanzi b’abaraperi bagenzi be abona bakoze neza uyu mwaka bagakwiye guhabwa umwanya n’abo bagahatana/bakongera guhatana mu irushanwa rya Primus Guma Guma...
Umuraperi Hakizimana Murerwa Amani uzwi nka P Fla wari umaze umwaka afunze, yamaze gusohoka muri gereza kuri uyu wa 08 Ukukuboza 2017 aho yari afungiye muri gereza ya Mageragera kuva kuwa 13...
Ikinyamakuru Big Eye cyandikirwa muri Uganda, cyanditse inkuru ifite umutwe ugira uti “Bebe ni umurashi mwiza…Arahamya’, bavuze ibi mu gihe umugore wa Bebe Cool yitegura kwibaruka umwana nk’uko...
Umurundikazi Lydia Nsekera, uri mu buyobozi bw’ ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku isi FIFA ndetse akaba no mu bagize Komite Olempike ku isi yagiriye inama abanyarwandakazi bifuza kujya mu...
Hannah Karema Tumukunde wabaye nyampinga wa Uganda mu 2023 ariko unakomoka ku Munyarwandakazi, yaje mu bakobwa 10 ku Isi bafite ubwiza bufite intego muri Miss World...
Umunyezamu Habarurema Gahungu ukinira ikipe ya Bugesera FC yafashwe na Polisi atwaye imodoka yasinze mu mujyi wa Nyamata,nyuma y’ibyishimo byo guhembwa amezi atanu...
Kuri uyu wa Gatanu mu Turere 27 two hirya no hino mu Rwanda hakozwe amatora y’abagize Komite Nyobozi barimo ba Meya bagarutse nka Richard Mutabazi wa Bugesera,Sebutege Ange wa...
The FA Cup is back this weekend with thrilling quarter final clashes. English Premier League leader Manchester City are facing Everton while Manchester United are away to Leicester City.
When...
Ikigo cy’ubushakashatsi mu by’ubuvuzi mu Bufaransa, Institut Pasteur de Lille (IPL), cyatangaje ko cyavumbuye akaremangingo kavura Covid-19. Abashakashatsi bafite icyizere cyo kuba bakoze umuti...
Icyamamare mu gusobanura Filimi mu Kinyarwanda Nkusi Thomas uzwi nka Yanga [Younger] yavuze ko mu mwaka ushize cyane yarwaye ikibyimba mu nda cyaje kuzamo kanseri hanyuma aza gukira mu buryo...
Mu ntangiriro z’ukwezi kwa gatatu, ikipe ya volleyball y’i Milan mu Butaliyani yagiye ku kirwa kitwa Saaremaa cyo muri Estonia ihakina imikino n’ikipe yaho.
Minisitiri w’Ubuhinzi n’Ubworozi mu Burundi Bwana Deo Guide Rurema yatangaje ko ikibazo cy’inzige zikomeje kwibasira ibihugu byo muri EAC bo bakiboneye umuti kuko nizigera mu gihugu cyabo nta kindi...
The prices of petroleum products, that rose this week, will not affect public transport fares because they remain within the limits of current prices for public transport, an official with...
Abagabo n’abagore bamarira amasaha n’amafaranga mu kwigira beza, kandi hari uburyo karemano byikoramo. Mu bushakashatsi bwe, Dr. Michael Roizen yerekanye ko gukora imibonano mpuzabitsina bigira...
Seven participants of a Philippino reality TV show were miraculously rescued by coastguards after being stranded a total of 64 months on a deserted island.
The three men and four women are all...
Bamwe mu bagore bibwira ko abagabo bakunda abakobwa b’inzobe gusa bamwe mu bagabo bavuga ko gukunda k’umuntu bitava ku ruhu ahubwo bareba ubwiza bw’umuntu karemano utitaye ku kuba yarasize amavuta...
Ibisasu byashinjwe inyeshyamba za M23 byatewe ku bwato muri Sake-Bweremana mu majyepfo ya teritwari ya Masisi bihungabanya ingendo z’abasivili mu kiyaga cya Kivu, hagati ya Minova na Goma (Kivu...
Umutoza wa Rayon Sports,Yamen Zelfani, yavuze ko Umunya-Sudani, Eid Mudagam Abakar Mugadam uheruka kuza gukinira iyi kipe afite ubuhanga budasanzwe mu gutsinda ibitego no...
Vitiligo ni ni indwara ifata uruhu ,ikarutera iyangirika aho usanga umuntu afite amabara atandukanye ku mubiri we ,niba yari umwirabura ukabona afite amabara y’umweru ku ruhu...
Amakuru aturuka mu Karere ka Musanze mu ntara y’Amajyaruguru, avuga abaturage batandatu bari bavuye kurema isoko mu Karere ka Burera bihana imbibi, baje kurohoma mu Kiyaga cya Ruhondo bamwe...