Nyuma yo gusenyuka kwa M23 mu mwaka 2013 zimwe mu ngabo zari ziwugize zigahungira muri Uganda, abandi bagafatwa n’ingabo za Kongo bagafungwa ,abasigaye bagashyira imbunda hasi ,uyu mutwe waje...
Umuhanzikazi Cindy uri mu bakomeye mu gihugu cya Uganda yatangaje ko yashimye icyemezo cya Rema Namakula cyo guta umugabo we Eddy Kenzo akisangira uwari umuganga we w’imyanya myibarukiro ngo kuko...
Icyamamare mu mukino wa Basketball Lebron James yatangarije abanyamakuru ku munsi wejo ko perezida wa USA Donald Trump ari kwifashisha siporo kugira ngo acemo igihugu ibice ndetse avuga ko kuva...
Mu ijambo yagejeje ku banyamuryango ba RPF INKOTANYI ku Cyumweru,tariki ya 02 Mata 2023, Perezida Kagame yavuze ko bikwiriye ko uyu muryango wagakwiye gushaka abandi batari we bamusimbura ku...
Mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 28 nibwo Umuhanzi nyarwanda uririmba indirimbo zaririmbiwe Imana,uzwi nka Adrien Misigaro n’umuvandimwe we Gentil Misigaro basanzwe baba muri Amerika...
Kuri uyu wa gatanu taliki ya 13 Mata umugabo utatangajwe amazina ye yateye ivi asaba Rema Namakula wabyaranye na Eddy Kenzo ko yamubera umufasha nawe akamubera umutware ,umugore yigira ntibindeba...
Ku gicamunsi cyo ku wa mbere tariki 18 Ukuboza uyu mwaka, Polisi mu karere ka Muhanga yafashe abagabo batatu barimo gucukura Kolta (Coltan) mu buryo butubahirije amategeko.
Abafashwe ni Kwizera...
Hannah Karema Tumukunde wabaye nyampinga wa Uganda mu 2023 ariko unakomoka ku Munyarwandakazi, yaje mu bakobwa 10 ku Isi bafite ubwiza bufite intego muri Miss World...
Umunyezamu Habarurema Gahungu ukinira ikipe ya Bugesera FC yafashwe na Polisi atwaye imodoka yasinze mu mujyi wa Nyamata,nyuma y’ibyishimo byo guhembwa amezi atanu...
Hagumirema Déogratias wo mu Kagari ka Nkora, Umurenge wa Kigeyo mu Karere ka Rutsiro, aratabariza umwana we umaze imyaka 12 afashwe n’indwara idasanzwe, aho bagerageje kumuvuza ubushobozi bwabo...
Umugabo witwa Havugarurema Deo wo mu Murenge wa Muganza mu karere ka Gisagara yagiye gucyura umugore we wari warahukanye kubera inkeke yamuhozagaho baramumwima, atashye umujinya awutura inka...
Umuhanzi Eddy Kenzo uri mu gihirahiro cyo gushaka undi mugore nyuma yo kubengwa na Rema Namakula yari yarihebeye yasabwe n’umuhanzikazi Irene Ntale ko yamwegera bakarushinga cyane ko bose ubu ari...