Minisitiri y’Ubuzima,yatangaje ko kuri uyu wa Kane, umuntu umwe yahitanywe na COVID-19 bituma umubare w’abamaze kwicwa n’iki cyorezo ugera kuri 284 mu gihe abanduye bo biyongereyeho 71. Abarembye ni...
Nyuma y’umukino w’ishyiraniro wo ku cyumweru Arsenal yatsinzemo Tottenham ibitego 2-1,ibinyamakuru byo mu Bwongereza bikomeje kugaruka ku ikurwa mu bakinnyi bagombaga kubanza mu kibuga kwa...
Ikipe y’ikigugu muri La Liga mu ikipe ya Barcelona iri gushaka abakinnyi 5 bakomeye bo kuyifasha kuba yahindura umwanzuro wo kuyivamo akongera amasezerano.
Ikipe ya FC Porto yatsinze Juventus ibitego 2-1 mu mukino ubanza wa 1/16 cya UEFA Champions League iyiha akazi mu mukino wo kwishyura uteganyijwe tariki 09 Werurwe mu mujyi wa...
Umutoza wa Liverpool,Jurgen Klopp ari mu gahinda ko kuba umubyeyi we umubyara witwa Elisabeth yapfuye ku myaka 81 ariko akaba atabasha kujya kumushyingura kubera amategeko ya Covid-19 ari mu...
Nubwo Mutarama yarangiye,imikino yo ntihagarara kuri Startimes kuko shene zayo arizo abakunzi ba ruhago bazareberaho umukino wa nyuma wa CAF African Nations Championship CHAN 2020 uzaba kuwa 07...
January is already over but football never stops on StarTimes. The CAF African Nations Championship CHAN 2020 playing its final match this Sunday on 7th February exclusively on StarTimes.
The...
Myugariro w’ikipe y’igihugu y’u Rwanda y’umupira w’amaguru (Amavubi) Rwatubyaye Abdul yerekeje mu ikipe ya FC Shkupi yo muri shampiyona ya Macedonia aho yasinye amasezerano y’umwaka n’amezi...
Umutoza wa Real Madrid,Zinedine Zidane,yatangiye kotswa igitutu nyuma y’aho ikipe ye ikomeje gutsindwa umusubirizo gusa we yemeje ko nta gahunda yo kwegura ku mirimo ye afite kabone nubwo...
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko uyu munsi tariki ya 22 Ugushyingo 2020,Covid-19 yahitanye umugabo w’imyaka 32 wo mu mujyi wa Kigali aba umuntu wa 47 ihitanye mu...
Abakinnyi bakomeye mu mupira w’amaguru ku mugabane w’I Burayi barimo Pierre-Emerick Aubameyang wa Arsenal na Toni Kroos wa Real Madrid bari guterana amagambo bapfa uburyo bwo kwishimira...
Umutoza wa Real Madrid,Zinedine Zidane yatangaje ko ikibazo cya Karim Benzema na mugenzi we bakinana,Vinicius Jr cyamaze gukemuka ndetse bombi baganiriye nyuma y’aho ibinyamakuru byari byaciye...
Ikipe ya Real Madrid ihagaze nabi cyane yatangiye gushaka abakinnyi bayizahura ariyo mpamvu yifuza gutanga Isco na Vinicius Jr mu ikipe ya Juventus kugira ngo ibone Paulo Dybala wabaye umukinnyi...
Umwuka ntabwo ari mwiza mu ikipe ya Real Madrid itari kwitwara neza nkuko bikwiriye muri uyu mwaka w’imikino aho bivugwa ko kapiteni w’ikipe Sergio Ramos yashwanye na bagenzi be bakinana Isco na...
Amakipe ya Premier League mu Bwongereza muri iyi mpeshyi yashoye imari iri munsi gato y’iyo yashoraga mu myaka ishize mu kugura abakinnyi, ariko aracyaruta cyane ay’izindi shampiyona zikomeye i...
Umukinnyi Gareth Bale uherutse kwerekeza muri Tottenham Hotspurs ngo yifuzaga kwerekeza mu ikipe ya Manchester United ariko umuyobozi w’iyi kipe Ed Woodward yamubwiye ko bifuza Jadon Sancho ndetse...
Rutahizamu akaba na kapiteni wa Arsenal, Pierre-Emerick Aubameyang yatangaje ko muri iyi mpeshyi yari yafashe umwanzuro wo kuva muri iyi kipe ariko ngo ibiganiro yagiranye n’umutoza Mikel Arteta...
Digital TV operator StarTimes recently acquired the exclusive broadcast rights for Bob Arum’s Top Rank boxing events.
Top Rank stands as one of the world’s premiere boxing promotions. For nearly...
Rutahizamu w’ikipe ya Arsenal, Pierre-Emerick Aubameyang,yagiye ku rukuta rwe rwa Instagram yongera kumurikira abafana be imodoka ze zihenze cyane yaguze mu mafaranga akorera mu mupira...
Nk’ikipe ishaka kwiyubaka,Manchester United irashaka abakinnyi 4 bari mu bashobora kurekurwa na FC Barcelona kugira ngo izabe iryana mu mwaka w’imikino utaha cyane ko izasubira mu mikino ya UEFA...